Umubyeyi utuye mu Mujyi wa Uvira, Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje we na bagenzi we barambiwe ‘Repli Stratégique’ y’ingabo z’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uvira: Umuturage yabwiye FARDC ko arambiwe ‘Repli Stratégique’ itagira iherezo
26 January, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu zitandukanye
14 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu aho Alex Kamuhire yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta asimbuye Obadiah Biraro.
Obadiah Biraro wasimbuwe kuri uyu mwanya yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta muri Kamena 2011. Mu 2016 Inama y’Abaminisitiri yamwongereye manda y’imyaka itanu nyuma yo kurangiza imyaka itanu igenwa n’itegeko.
Izi mpinduka zikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Ukwakira 2021 iyobowe na (…) -
Achraf Hakimi umusore ugisaba Mama we amafaranga yo kurya , kuri ubu ari mu rukundo n’umugore umurusha imyaka 12 ya mavuko
2 June 2025, by Gladiator OGAchraf Hakimi umukinnyi ukina nka myugariro ukomoka mu gihugu cya Morocco akaba ari umukinnyi w’Ikipe ya Paris Saint Germain, kuri ubu uyu musore ari mu rukundo n’umugore umurusha imyaka 12 uwo mugore mu buzima bwe akaba amaze guhana gatanya n’abagabo babiri bose.
-
Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye
24 March, by Angeline MUKANGENZIIgipolisi cya Uganda mu Karere ka Kabale cyatangiye gukora iperereza nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umusirikare mu Ngabo z’igihugu cya Uganda (UPDF), Sergeant Tumwesigye Robert, umurambo we wasanzwe mu rugo rwe nyuma y’iminsi aburiwe irengero.
-
Général w’u Burusiya afungiwe kunyereza umutungo
8 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’u Burusiya rushinzwe iperereza rwataye muri yombi Colonel Général Viktor Strigunov wabaye Umuyobozi wungirije w’urwego rwihariye rushinzwe umutekano (Rosgvardiya), rumukekaho icyaha cyo kunyereza umutungo no kwakira ruswa.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
16 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA Emile ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Sud Kivu: Hongeye kuba imirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba AFC/M23
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko hari uduce twongeye kurangwamo imirwano hagati ya Wazalendo na AFC/M23.
-
RDC yongereye ibikorwaremezo by’ubwirinzi ku mupaka wayo n’u Rwanda
19 January 2023, by Dusingizimana RemyRepubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Mutarama 2023,yatashye ku mugaragaro utuzu 26 tw’abarinda umupaka, inzu enye zizakorerwamo ibikorwa byo kuwugenzura n’inzu z’ubwiherero enye ( 4 ),ku mupaka uyihuza n’u Rwanda,
Ibi byakozwe mu rwego rwo gukaza umutekano ku mupaka wayo n’uRwanda,nkuko amakuru dukesha UMUSEKE abitangaza.
Iki gikorwa cyayobowe na Guverineri wa Kivu ya Ruguru Lt Gen Ndima Kongba, ku mupaka wa Goma n’Akarere ka Rubavu.
Guverineri wa Gisirikare (…) -
Ishyaka BDP Ryari Rimaze Imyaka 58 ku Butegetsi muri Botswana Ryatsinzwe Amatora
2 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa gatanu, Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yatunguranye, yatumye ishyaka rye riharanira demokarasi (BDP) ritsindwa nyuma y’imyaka 58 riri ku buyobozi.
-
Nshuti Innocent yabonye ikipe nshya muri Tunisia
25 July 2025, by Joseph IradukundaRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Nshuti Innocent, yatandukanye na Sabail FK yo muri Azerbaijan yerekeza muri Espérance Sportive de Zarzis yo muri Tunisia.
Umuryango.rw
Uvira: Umuturage yabwiye FARDC ko arambiwe ‘Repli Stratégique’ itagira iherezo
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu zitandukanye
Achraf Hakimi umusore ugisaba Mama we amafaranga yo kurya , kuri ubu ari mu rukundo n’umugore umurusha imyaka 12 ya mavuko
Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye
Général w’u Burusiya afungiwe kunyereza umutungo
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Sud Kivu: Hongeye kuba imirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba AFC/M23
RDC yongereye ibikorwaremezo by’ubwirinzi ku mupaka wayo n’u Rwanda
Ishyaka BDP Ryari Rimaze Imyaka 58 ku Butegetsi muri Botswana Ryatsinzwe Amatora
Nshuti Innocent yabonye ikipe nshya muri Tunisia