Nyuma y’iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y’imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye ya Rayon Sports aho yari amaze ukwezi n’igice atayikinira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané
28 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Polisi y’u Rwanda yaburiye abarwaye Covid-19 banduza abandi ku bushake
29 January 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu barwariye Covid-19 mu rugo bakanga kwishyira mu kato bakanduza abandi,abazajya bafatwa bazajya bagezwa imbere y’ubutabera.
-
Perezida w’u Budage yatangaje ko yiteguye gusesa Inteko
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yatangaje ko yiteguye gusesa umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko mu gihe Guverinoma ya Chancelier Olaf Scholz yatakarizwa icyizere.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari
14 August 2025, by ISIMBI EstellaKu nshuro ya kabiri yikurikiranya, u Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari izwi nka ‘SportsBiz Africa Forum 2025’.
-
Mali irashinja Ukraine guha drones inyeshyamba zirwanya ubutegetsi
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUkraine yahakanye ibivugwa ko yahaye indege za drones inyeshyamba zirwana n’Ingabo za Mali hamwe n’abacanshuro bashyigikiwe n’u Burusiya .
-
Abakuru b’ibihugu bya EAC bategerejwe mu nama i Arusha
3 March, by Angeline MUKANGENZIAbayobozi b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bagiye guhurira i Arusha muri Tanzania, mu nama ya 25 isanzwe y’abakuru b’ibihugu.
-
Abanya-Palestina bagera kuri 24 bapfiriye mu bitero bya Israeli
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNk’uko bivugwa n’abaganga hamwe n’abayobozi ba Civil Defence, nibura Abanya-Palestina 24 bapfiriye mu bitero bibiri by’indege za gisirikare za Israeli byagabwe mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 25 Gucurasi 2025.
-
Ukraine iri gutegura amatora ya Perezida
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa yihariye ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, Steve Witkoff, yatangaje ko Ukraine yemeye ko izategura amatora ya Perezida yagombaga kuba mu 2024 ariko akigizwa inyuma kubera ko intambara.
-
Hari icyabonetse mu iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abarenga 200
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbari gukora iperereza ku mpanuka y’indege ya Air India iherutse gukora impanuka igahitana abagenzi 241, babashije kubona agasanduku gafata amajwi, biba intambwe itewe mu gutahura icyateye iyi mpanuka.
-
Agezweho mu ntambara : Putin yahaye Ukraine agahenge ka Pasika
10 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje agahenge k’amasaha 32 mu ntambara na Ukraine ko kwizihiza Pasika y’Aba-Orthodox, Ukraine itangaza ko izabikurikiza.
Umuryango.rw
Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané
Perezida w’u Budage yatangaje ko yiteguye gusesa Inteko
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari
Mali irashinja Ukraine guha drones inyeshyamba zirwanya ubutegetsi
Abakuru b’ibihugu bya EAC bategerejwe mu nama i Arusha
Abanya-Palestina bagera kuri 24 bapfiriye mu bitero bya Israeli
Ukraine iri gutegura amatora ya Perezida
Hari icyabonetse mu iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abarenga 200
Agezweho mu ntambara : Putin yahaye Ukraine agahenge ka Pasika