Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na Ukraine, hagamijwe gushaka igisubizo kirambye cyahagarika intambara imaze imyaka itatu hagati y’impande zombi, ariko avuga ko nta gitutu ashaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Putin yavuze ko ashyigikiye ibiganiro byo guhagarika intambara na Ukraine ariko adashaka igitutu
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu (…) -
Imipaka ihuza Uganda n’ibice M23 yafashe yongeye gufungurwa
10 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatanze amabwiriza y’uko imipaka ihuza Uganda n’ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigenzurwa n’Umutwe wa M23, yongera gukora nk’uko byari bisanzwe.
-
Mukuralinda uvugira u Rwanda yabajije ikibazo gikomeye RDC yanze ibiganiro by’umuhuza yasabye
23 January 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yabajije RDC ukuntu ivuga ko ishaka amahoro n’u Rwanda kandi yanze kwitabira ibiganiro n’umuhuza.
Perezida wa DR.Congo, Felix Tshisekedi yanze kwitabira ibiganiro byari kumuhuza na Perezida Paul Kagame muri Qatar nyamara ari inzira nziza yari kumufasha gukemura ikibazo cy’umutekano kiri ku butaka bwe.
Abinyujije kuri Twitter,Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yavuze ko iki gihugu kidashaka (…) -
Burera: Igishushanyombonera cyaje ari igisubizo ku bahatuye n’abashoramari
3 March, by ISIMBI EstellaAbaturage n’abashoramari bo mu Karere ka Burera bavuga ko amaherezo babonye igisubizo kubera ko igishushanyombonera cyabonetse, bakaba bizera ko bigiye kubahindurira ubuzima.
-
Ibyahise : Byinshi wamenya kuri Kwanda,Ingagi Moses yise izina muri 2022
6 May 2025Umuhango wo kwita Izina ni igikorwa ngarukamwaka guhera muri 2005, cyikaba ari igikorwa byumwihariko gifite inkomoko mu muco nyarwanda aho kuva cyera na Kare aho umuryango wabaga wibarutse umwana waturmiraga inshuti ndetse n’abavandimwe bagafatanya mu birori byo kwita izina uwo mwana mushya wavutse.
-
Amavubi y’Abagore ntazitabira CECAFA y’Ibihugu
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore y’umupira w’amaguru (She-Amavubi), ntiri mu bihugu bizakina irushanwa ry’Akarere ka Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba ‘Cecafa Senior Women’s Championship’ ya 2025 izabera muri Tanzania.
Guhera ku wa 12 kugeza ku ya 21 Kamena 2025 muri Tanzania, ibihugu bitanu bitarimo u Rwanda, bizaba bikina irushanwa rya ‘CECAFA Senior Women’s Championship 2025.’ Aha harimo Tanzania yaryakiriye, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudan y’Epfo.
Kimwe mu byo UMUSEKE (…) -
Rwema Pascal yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Mahoro Rwema Pascal wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kuri YouTube, ibyaha by’ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 3,5 Frw.
-
Kabila yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 27 Gicurasi 2025 yaganiriye n’abayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.
-
Indahiro ya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere 2017-2024.
Ku isaha ya saa sita z’ amanywa nibwo, Umuruku w’Igihugu yarahijwe na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Samu Rugege, imbere y’ imbaga y’ Abanyarwanda n’ abanyamahanga barimo bagenzi bayobora ibihugu bitandukanye by’ Afurika.
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda, arangiza indahiro ye (…)
Umuryango.rw
Putin yavuze ko ashyigikiye ibiganiro byo guhagarika intambara na Ukraine ariko adashaka igitutu
Imipaka ihuza Uganda n’ibice M23 yafashe yongeye gufungurwa
Mukuralinda uvugira u Rwanda yabajije ikibazo gikomeye RDC yanze ibiganiro by’umuhuza yasabye
Burera: Igishushanyombonera cyaje ari igisubizo ku bahatuye n’abashoramari
Ibyahise : Byinshi wamenya kuri Kwanda,Ingagi Moses yise izina muri 2022
Amavubi y’Abagore ntazitabira CECAFA y’Ibihugu
Rwema Pascal yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu
Kabila yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23