Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko yavuganye na Perezida Kagame na Tshisekedi ku mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda warangiye gutegurwa, ubu hakaba hategerejwe kumva icyo impande zombi ziwuvugaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yarangije gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Imodoka ya Teta Sandra yamenaguwe (Amafoto)
23 September 2025, by ISIMBI EstellaImodoka ya Teta Sandra yamenaguwe, amakuru ahari agahamya ko bishoboka ko ari umugabo we Weasel wayimenaguye mbere y’uko atangira gufata amashusho ataka avuga ko afashwe nabi n’umugore we.
-
Haruna Ferouz yagizwe Umutoza Wungirije wa Rayon Sports
15 July 2025, by ISIMBI EstellaUmurundi Haruna Ferouz wabaye Umutoza wa Vital’o y’i Bujumbura, yagizwe Umutoza Wungirije wa Rayon Sports yitegura gukina imikino Nyafurika ya CAF Confederation Cup.
-
Zelensky arifuza kurekura abasirikareba Koreya ya Ruguru nk’ingurane y’imfungwa z’Abanya-Ukraine
13 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko afite ubushake bwo guha Koreya ya Ruguru abasirikare bayo babiri bafatiwe ku rugamba, na we agahabwa imfungwa zo mu ntambara z’Abanya-Ukraine ziri mu Burusiya.
-
Uburusiya burashinja Ukraine kugaba igitero cya ’drone’ zikarohamisha ubwato bwabwo mu nyanja ya Mediterane
5 March, by Angeline MUKANGENZIUbwato bw’Uburusiya butwara umwuka kamere utunganyije (liquefied natural gas, LNG) bwarohamye mu nyanja ya Mediterane hagati ya Libya n’ibirwa bya Malta, nyuma yo gukubitwa n’ibiturika hamwe n’umuriro, nkuko abategetsi bashinzwe ibyambu (ibivuko mu Kirundi) bo muri Libya babitangaje.
-
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 16 yasanzwe mu mugozi yapfuye
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTuyizere Amos w’imyaka 16 wo mu Karere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugozi wa mushipiri yapfiriye mu rugo yabagamo, hakekwa ko yiyahuye.
-
CHAN 2024: Batatu basezerewe mu mavubi yitegura Djibouti mu mukino wo kwishyura
28 October 2024, by Joseph IradukundaNyuma yo gutsindwa na Djibouti igitego 1-0, Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Frank Torsten Spittler, yasezereye abakinnyi batatu barimo Nkundimana Fabio, Iradukunda Simeon na Kabanda Serge mu Amavubi ari kwitegura umukino wo kwishyura azahuramo na Djibouti mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN).
-
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025/2026 izatangira muri Nzeri 2025
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, ubuyobozi bwa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda bwatangaje ko iya 2025-2026 izatangira tariki 12 Nzeri 2025.
-
Chepngetich ufite agahigo ku Isi yahagaritswe kubera gukoresha imiti itemewe
18 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Kenya Ruth Chepngetich ufite agahigo ko ku rwego rw’Isi mu gusiganwa Marathon mu bagore, yahagaritswe by’agateganyo mu mukino wo gusiganwa ku maguru kubera gukoresha imiti igabanya amatembabuzi mu mubiri.
-
Museveni yatangiye kwanikira Bobi Wine
16 January, by Angeline MUKANGENZIImibare y’agateganyo ya Komisiyo y’Amatora muri Uganda ica amarenga ko Yoweri Kaguta Museveni ashobora kuyatsinda ku kinyuranyo kiri hejuru.
Umuryango.rw
Amerika yarangije gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda
Imodoka ya Teta Sandra yamenaguwe (Amafoto)
Haruna Ferouz yagizwe Umutoza Wungirije wa Rayon Sports
Zelensky arifuza kurekura abasirikareba Koreya ya Ruguru nk’ingurane y’imfungwa z’Abanya-Ukraine
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 16 yasanzwe mu mugozi yapfuye
CHAN 2024: Batatu basezerewe mu mavubi yitegura Djibouti mu mukino wo kwishyura
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025/2026 izatangira muri Nzeri 2025
Chepngetich ufite agahigo ku Isi yahagaritswe kubera gukoresha imiti itemewe
Museveni yatangiye kwanikira Bobi Wine