Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 22 Gicurasi harimo ko Diane Rwigara na nyina bongeye kugezwa imbere y’ urukiko bagataha bataburanye, mu mahanga ya kure Perezida Trump ashobora guhura na Mugenzi we Kim Jong un bishobora kutaba mu kwezi gutaha nk’ uko biteganyijwe. Nanone mu Rwanda mu karere ka Muhanga inka 20 muzahawe abaturage zimaze gupfa mu byumweru bitatu. Inkuru idasanzwe imbwa yiyemeje kurera imiswi y’ imfubyi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko isi yiriwe tariki 22 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]
22 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Pasiteri Mpyisi yamenye amabanga ye arimo uko yakundaga udukumi,kuba yarambaye Ipantalo bwa mbere ayidodesheje i Bujumbura nibindi
19 June 2019, by Martin MunezeroPasiteri Ezra Mpyisi umwe mu basaza bakuze ariko kandi banafite amateka mu Rwanda, yabaye icyamamare cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera inyigisho agenda atanga ndetse n’izindi bivugwa ko ahimbirwa mu rwego rwo gutebya. Uyu mugabo mu minsi ishize yaganiriye na Televiziyo Rwanda atangaza byinshi abantu batari bamuziho.
-
U Rwanda mu bihugu byatoye bishyigikira ubwigenge bwa Palestine
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda ruri mu bihugu byatoye bishyigikiye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka bubahoza mu makimbirane, buri gihugu kikagira ubwigenge.
-
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 17 yarohamye mu Kivu arapfa
24 January 2025, by Joseph IradukundaTuyishime Obed w’imyaka 17 wo mu Mudugudu wa Rwesero, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke, yagiye koga mu kiyaga cya Kivu atazi koga, ararohama, ahasiga ubuzima.
-
Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani
5 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama kugeza ku ya 1 Gashyantare 2026 ryagabye igitero cya drones ku kibuga cy’indege cya Bangoka, i Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
-
Rusizi: Yafatanywe inka 2 avuga ko atazi uko zageze mu kiraro
19 August 2025, by ISIMBI EstellaMu rugo rwa Kagaba Callixte, utuye mu Mudugudu wa Rugaragara, Akagari ka Kinyaga, Umurenge wa Nkanka, Akarere ka Rusizi, hatahuwe inka 2 z’abaturage, avuga ko ko atazi uburyo zahageze byabazwa umugore we Mukankusi Espérance.
-
Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’aho ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rivuze ko abantu byibuze umunani mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu, bakekwaho kuba barazize Marburg, Guverinoma ya Tanzaniya yavuze ko nta muntu n’umwe muri iki gihugu wigeze asanganwa iyo virusi.
-
Yaciwe arenga miliyoni 500 Frw kubera kwanga guha ‘certificat de mariage’ ababana bahuje ibitsina
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse Kim Davis wari warujuririye, gutanga impozamarira ya 360.000$ (arenga miliyoni 500 Frw) yaciwe, azira kwanga guha icyangombwa cy’ishyingirwa ababana bahuje ibitsina.
-
Igisubizo gihabwa abavuga ko igiciro cyo kohererezanya amafaranga kuri Telefone kigihanitse mu Rwanda
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe hari abagitaka ko igiciciro cyo kohererezanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga rya telefone kikiri hejuru, Banki Nkuru y’u Rwanda iratangaza ko bidashobora gukorerwa ubuntu, ariko kuba kikiri hejuru byo bishobora gusuzumwa ku buryo mu gihe kiri imbere cyagabanywa.
Ni mu gihe bamwe mu bakoresha ubu buryo byumwihariko abacuruzi bavuga ko igiciro cyo kohererezanya no kwakira amafaranga kuri telefone kiri hejuru.
Uwitwa Dushime Theophile yagize ati “Ikiguzi cyo kohererezanya (…) -
Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yohereje muri Tchad intumwa yo kumusabira ubufasha bwa gisirikare.
Umuryango.rw
U Rwanda mu bihugu byatoye bishyigikira ubwigenge bwa Palestine
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 17 yarohamye mu Kivu arapfa
Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Rusizi: Yafatanywe inka 2 avuga ko atazi uko zageze mu kiraro
Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo
Yaciwe arenga miliyoni 500 Frw kubera kwanga guha ‘certificat de mariage’ ababana bahuje ibitsina
Igisubizo gihabwa abavuga ko igiciro cyo kohererezanya amafaranga kuri Telefone kigihanitse mu Rwanda
Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare