Uhagarariye u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za America, Mathilde Mukantabana yitabiriye umuhango wavugiwemo ijambo rya Perezida Donald Trump ryagarutse ku bikorwa by’ingenzi n’imigabo n’imigambi y’ubuyobozi bwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uhagarariye u Rwanda muri America yitabiriye umuhango Trump yavugiyemo ijambo rizwi nka ‘Union Address’
25 February, by Angeline MUKANGENZI -
U Burusiya buracyifuza gukorana na Amerika mu kugenzura intwaro kirimbuzi
23 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko u Burusiya bwiteguye gukomeza kubahiriza amasezerano bwagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo kugabanya ubwiyongere bw’intwara kirimbuzi hagati y’ibihugu byombi.
-
Producer Clement yashyize hanze indirimbo ye ya mbere
14 March, by ISIMBI EstellaUmuhanzi akaba n’umwe mu bahanga mu gutunganya umuziki Ishimwe Clement yashyize hanze indirimbo ‘Bella’ ikaba ari yo ya mbere ashyize hanze mu zigize Alubum ye ya mbere.
-
Libani, Siriya na Irani batangiye icyunamo cy’iminsi 5 kubera Isiraheli
30 September 2024, by Joseph IradukundaMu gihe kirenga icyumweru, ingabo za Isiraheli zakomeje gutera ibisasu muri Libani, hagamijwe kurandura Hezbollah. Bwa mbere kuva intambara yatangira, Leta ya Isiraheli yibasiye umujyi wa Beirut.
-
Rwanda: Mu bayobozi bakuru bamwe bashyigikiye impenure abandi ntibazishyigikiye
5 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbayobozi bakuru b’ u Rwanda barimo abaminisitiri n’ abandi bafite aho bahuriye n’ umuco ntibemeranya n’ abaminisitiri bari uw’ ubutabera Jonston Busingye n’ Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga ushinzwe ibikorwa by’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Amb. Olivier Nduhungirehe bashyigikiye ko Abanyarwandakazi Bambara amajipo magupfi (impenure).
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
3 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN DAMASCENE ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Gatabazi JMV yasabye Imbabazi anizeza ikintu gikomeye Perezida Kagame
10 November 2022, by Dusingizimana RemyBwana Jean Marie Vianney Gatabazi yashimiye Perezida Kagame kubera icyizere yamugiriye akamugira Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu ndetse ko nubwo yakuwe kuri uyu mwanya azakomeza kumubera umwizerwa ndetse n’Umuryango wa RPF INKOTANYI.
Gatabazi wari minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda yakuwe Kuri iyo mirimo nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya minisitiri w’intebe.
Gatabazi yasimbuwe na Bwana Jean Claude Musabyimana wari Umunyamabanga Uhoraho muri ministeri (…) -
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
5 January 2021, by Dusingizimana RemyMu gihe ingendo zihuza uturere n’Umujyi wa Kigali ziri mu zibujijwe, mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri,umurongo w’imodoka z’abantu ku giti cyabo, zituruka i Nyamata wari muremure cyane ahazwi nka Karumuna.
-
Kwibwira ko kuba wanga Kagame wamuhindura ugashyiraho uwo ushaka ntibishoboka-Perezida Kagame
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yasozaga inama ya Africa CEO Forum,nyakubahwa perezida Kagame yabwiye abari bayitabiriye ko Afrika igomba guharanira guhora ikora neza ndetse igafatanya muri byose ndetse aboneraho guha ubutumwa abamwanga ko uretse abanyarwanda bamushyize ku butegetsi nta muntu wundi wabumukuraho.
-
Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkibazo ’Ese naba ntwite?’ kiri mu bikunze kwibazwa kenshi n’ab’igitsina gore bifuza kubyara, cyangwa abatabyifuza nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Umuryango.rw
U Burusiya buracyifuza gukorana na Amerika mu kugenzura intwaro kirimbuzi
Producer Clement yashyize hanze indirimbo ye ya mbere
Libani, Siriya na Irani batangiye icyunamo cy’iminsi 5 kubera Isiraheli
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Gatabazi JMV yasabye Imbabazi anizeza ikintu gikomeye Perezida Kagame
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha