Igitero cy’indege ingabo za Israel zagabye ku mutwe witwaje intwaro w’Aba-Houthi muri Yemen tariki ya 28 Kanama 2025, cyahitanye Minisitiri w’Intebe wabo, Ahmed al-Rahawi, na bamwe mu bari bagize guverinoma ye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel yishe Minisitiri w’Intebe w’Aba-Houthi n’abandi bari bagize Guverinoma ye
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ibyigomeke byo muri Haiti byarashe indege y’Umuryango w’Abibumbye
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane ushize, itariki 24 Ukwakira 2024, ibyigomeke byitwaje intwaro muri Haiti byarashe kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye bituma bituma igwa igitaraganya mu murwa mukuru Port-au-Prince.
-
Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana.
-
Abize muri UR bagiye gusabwa kuyifasha kubaho
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y’u Rwanda n’abayizemo
Nyuma y’ uko ingengo y’ imari Leta igenera Kaminuza y’ u Rwanda , UR igabanyutse kugera kuri 50%, iyi kaminuza igiye gutangiza ubukangurambaga kugira ngo abantu bose bayizemo babashe kuyitera inkunga ibashe kugera ku nshingano zayo.
Ingengo y’ imari ya Kaminuza y’ u Rwanda yavuye kuri miliyari 26 mu mwaka wa 2013 igera kuri miliyari 13 mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015-2016.
Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi (…) -
HUYE: Umugore akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 2
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa w’imyaka 20 wo mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Huye, ari mu maboko y’ubutabera akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi gikomeye, nyuma yo gushinjwa ko yishe umwana we w’imyaka ibiri amujugunya mu musarani muremure
-
Minisitiri wa Siporo muri Afurika y’Epfo nawe yifuza ko Formula 1 ihabwa u Rwanda
7 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri wa Siporo, Ubugeni ndetse n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Gayton McKenzie, yanenze uburyo kugira ngo Formula 1 ibere muri Afurika habaho guhitamo hagati y’u Rwanda n’igihugu cye kandi ahandi habera Grand Prix zirenze imwe.
-
Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda
15 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yandagaje Minisitiri w’Intebe wa Hungary, Viktor Orban avuga ko aho gutekereza uburyo bwa gisirikare u Burayi bwakumiramo u Burusiya, ahubwo ahugiye ku gutekereza uko ‘yakuza inda ye’.
-
Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko nta bisobanuro Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, yatanze byatuma ahagarika kumukurikiranaho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zo mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
-
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
3 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye bagenzi be b’u Burusiya n’u Bushinwa, avuga ko ababona nk’abayobozi b’abanyembaraga, abanyabwenge kandi badakinishwa.
-
Diddy yasabye indishyi ya miliyari 145 Frw ikinyamakuru ashinja kumusebya
14 August 2025, by ISIMBI EstellaSean “Diddy” Combs yongeye gukaza urubanza aregamo ikinyamakuru ndetse n’abakigaragayemo bamuvugaho inkuru zo gusambanya abana, aho ubu asaba indishyi zingana na miliyoni 100$ [ni ukuvuga miliyari 145 Frw], akagaragaza ko icyo gihe hatangajwe amakuru yamutesheje agaciro yari anagamije kwangiza imikirize y’urubanza rwe.
Umuryango.rw
Israel yishe Minisitiri w’Intebe w’Aba-Houthi n’abandi bari bagize Guverinoma ye
Ibyigomeke byo muri Haiti byarashe indege y’Umuryango w’Abibumbye
Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
HUYE: Umugore akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 2
Minisitiri wa Siporo muri Afurika y’Epfo nawe yifuza ko Formula 1 ihabwa u Rwanda
Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda
Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
Diddy yasabye indishyi ya miliyari 145 Frw ikinyamakuru ashinja kumusebya