Mu bihe bitandukanye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hagiye humvikana ikibazo cy’urugomo rukorwa n’urubyiruko rw’abanyamahanga baba mu Rwanda, aho banga kwishyura serivisi bahawe ahubwo bagahitamo kurwana. Polisi yavuze ko abarenga 240 bagejejwe mu butabera abandi basubizwa iwabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyamahanga 240 baketsweho ibyaha bashyikirijwe ubutabera abandi basubizwa mu bihugu baturukamo
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umugore Ukekwaho Kwiba Abana Mu Bitaro Bya Masaka RIB yamufashe
5 February 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe.
-
Ruracyageretse hagati ya Afurika y’Epfo na Israel ishinja gukora jenoside muri Gaza
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko izakomeza gusaba urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) kwemeza ko ingabo za Israel ziri gukorera jenoside mu ntara ya Gaza muri Palestine.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda
18 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Belén Calvo Uyarra, bigamije gushimangira ubufatanye.
-
USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky
5 November 2025, by ISIMBI EstellaAbantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege y’imizigo yiteguraga kogoga ikirere iva ku kibuga cy’indege cya Louisville i Kentucky muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) nkuko byemejwe na Guverineri w’iyo Ntara, Andy Beshear.
-
U Rwanda kudushinja gukorana na FDLR ni nko kudutuka: Ndayishimiye
28 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Gatanu yahakanye amakuru avuga ko ingabo z’Igihugu cye (FNDB) zikorana n’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda; avuga ko kuvuga ko FNDB ikorana n’uriya mutwe ari igitutsi.
-
Sinamuciye inyuma, ahubwo nakoreweho iraha- Uwari umukunzi wa Juma Jux yimaze agahinda
5 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Tanzania, Juma Jux akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera ubukwe bwe bw’agatangaza n’umunya-Nigeria, Priscilla Ojo, wamamaye cyane nka ‘Influencer’ ku mbuga nkoranyambaga ze.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera
4 September 2024, by Joseph IradukundaDmytro Kuleba yeguye ku mirimo ye yo kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, nyuma y’icyumweru Perezida Volodymyr Zelenskyy atangaje ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ashaka kurushaho gukomeza nyuma y’imyaka ibiri n’igice igihugu cye gitewe n’u Burusiya.
-
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
20 June 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yasabye isi yose gufatanya kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore ririmo kubashyingira ku gahato n’ibindi.
Ibi Madamu Jeannette Kagame yabigarutseho ubwo yatangizaga Inama y’Ihuriro ry’Abagore bahagarariye abandi mu muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza wa Commonwealth bitabiriye inama ya CHOGM iteraniye I Kigali.
Madamu wa Perezida Kagame yagize ati "Nta kwihangana guhari mu gihe ubu bitatu bya kane bya miliyari y’abana (…) -
Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUmushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo gufunga Kiliziya ya Paruwasi ya Saint Jean de Capistran iherereye muri teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri nyuma y’igitero cy’umutwe witwaje intwaro wa CODECO.
Umuryango.rw
Abanyamahanga 240 baketsweho ibyaha bashyikirijwe ubutabera abandi basubizwa mu bihugu baturukamo
Umugore Ukekwaho Kwiba Abana Mu Bitaro Bya Masaka RIB yamufashe
Ruracyageretse hagati ya Afurika y’Epfo na Israel ishinja gukora jenoside muri Gaza
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda
USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky
U Rwanda kudushinja gukorana na FDLR ni nko kudutuka: Ndayishimiye
Sinamuciye inyuma, ahubwo nakoreweho iraha- Uwari umukunzi wa Juma Jux yimaze agahinda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO