Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari gahunda yise iyo gusukura agace ka Gaza kasenywe bikomeye n’imirwano hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas, bityo ko abona Abanya-Palestine bari bagatuyemo bakwiye kwimurirwa mu bihugu birimo Jordan na Misiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yifuza ko Abanya-Palestine bari batuye muri Gaza bimurirwa muri Jordan na Misiri
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika: Ubufasha bwahabwaga abaryamana bahuje ibitsina bwatangiye gukurwaho
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmurongo wa telefoni wakoreshwaga n’abaryamana bahuje ibitsina bafite ibitekerezo bishobora kuganisha ku kwiyahura, ugiye gukurwaho nyuma y’uko Guverinoma ya Amerika yemeje ko igiye guhagarika amafaranga yakoreshwaga muri icyo gikorwa.
-
Abaromani bakoreshaga amazirantoki nk’umuti- Ubushakashatsi
2 March, by ISIMBI EstellaAbashakashatsi bo muri Turikiya bavumbuye ibisigazwa byerekana ko Abaromani bakoreshaga umwanda ukomeye w’abantu, mu kuvura indwara.
-
Gen Muhoozi yavuze ku itsindwa ry’abacanshuro muri RDC
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko kuba umutwe wa M23 waratsinze abacanshuro b’Abanyaburayi bari bari mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishimangira ubushake bw’Abanyafurika bwo kurwanya ubukoloni.
-
Uwarwaje Padiri Ubald Rugirangoga yasabye ko yazagirwa umutagatifu [AMAFOTO]
2 March 2021, by Dusingizimana RemyMu gushyingura padiri Ubald Rugirangoga, murumuna we Révérien Rugwizangoga yavuze ko nubwo mukuru we yakuriye mu rwango rushingiye ku macakubiri n’itotezwa we "yabirenze agakurana umutima wuzuye urukundo, n’impuhwe nyinshi yagiriraga bose".
-
Mu karere ka Nyanza haravugwa Umusore wishe se amuziza ko atamuguriye moto
5 February 2025, by Joseph IradukundaUmusore uri mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Muyira, arashinjwa kwica se umubyara nyuma yo kumusaba ko yamugurira moto akabura amafaranga.
-
Ubuholandi bwataye muri yombi Maj Pierre Claver Karangwa ushinjwa ibyaha bya Jenoside
13 May 2022, by Dusingizimana RemyInzego z’Umutekano mu Buholandi zemeje ko zataye muri yombi Maj Pierre Claver Karangwa ukurikiranywehoibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi kubera uruhare yagize mu bwicanyi bwabereye i Bibungo bya Mukinga no kuri Kiliziya Gatulika ya Mugina ubu ni mu Karere ka Kamonyi.
Bivugwa ko Maj Karangwa w’imyaka 65 yatawe muri yombi ku wa Gatatu taliki ya 11 Gicurasi ku bufatanye bwa Polisi n’Ubushinjacyaha bw’icyo gihugu, afatirwa ahitwa Emerlo yari acumbitse.
Maj. Karangwa wari mu basirikare (…) -
Ibisubizo abanyarwanda bategereje mu kiganiro Perezida Kagame agirana n’abanyamakuru
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyamakuru basanzwe batara unkuru z’Urugwiro, bagenzi babo babafatira amajwi n’amashusho, abandika n’abakorera Youtube, ndetse n’abakurikirwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga bari mu myiteguro y’ikiganiro kidasanzwe, kibonekamo ibisubizo abanyarwanda baba bategereje.
-
Korea ya Ruguru yagerageje igisasu karahabutaka gishobora no kugera muri Amerika
31 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane, Koreya ya Ruguru yarashe misile yo mu bwoko bwa ballistique yambukiranya imigabane yerekeza mu nyanja ku mabwiriza y’Umuyobozi Kim Jong Un, nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru bya Leta, KCNA, byongeraho ko igisasu cyageze kure kurusha igerageza ryabanje.
-
Uburusiya bwafunguye Se w’umwana washushanyije ishusho irwanya intambara
16 October 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wari warafunzwe nyuma y’uko umukobwa we ashushanyije ishusho irwanya intambara – mu nkuru yavuzwe henshi ku isi – yarekuwe.
Umuryango.rw
Trump yifuza ko Abanya-Palestine bari batuye muri Gaza bimurirwa muri Jordan na Misiri
Amerika: Ubufasha bwahabwaga abaryamana bahuje ibitsina bwatangiye gukurwaho
Abaromani bakoreshaga amazirantoki nk’umuti- Ubushakashatsi
Gen Muhoozi yavuze ku itsindwa ry’abacanshuro muri RDC
Uwarwaje Padiri Ubald Rugirangoga yasabye ko yazagirwa umutagatifu [AMAFOTO]
Mu karere ka Nyanza haravugwa Umusore wishe se amuziza ko atamuguriye moto
Ubuholandi bwataye muri yombi Maj Pierre Claver Karangwa ushinjwa ibyaha bya Jenoside
Ibisubizo abanyarwanda bategereje mu kiganiro Perezida Kagame agirana n’abanyamakuru
Korea ya Ruguru yagerageje igisasu karahabutaka gishobora no kugera muri Amerika
Uburusiya bwafunguye Se w’umwana washushanyije ishusho irwanya intambara