Amajwi yatangiye kubarurwa nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo, arerekana ko Donald Trump wo mu ishyaka ry’aba-Republicain ari imbere ya mukeba we, Kamala Harris wo ku ruhande rw’aba-Democrates.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amatora yo muri Amerika: Trump ari imbere ya Kamala Harris mu majwi yabaruwe
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Museveni yageneye buri mudepite wa Uganda miliyoni 100 z’Amashilingi
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yageneye buri wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu miliyoni 100 z’Amashilingi ya Uganda.
-
Uko bimwe mu bigo bya Leta bikomeye byagiye bivanwa mu mujyi wa Kigali bikimurirwa mu ntara
31 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ibikorwa remezo, Gatete Claver, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Nyakanga 2019 ko bagiye kwimura bimwe mu bigo bya Leta bitandukanye kugira ngo bifashe indi mijyi n’uturere gutera imbere ndetse bifashe muri gahunda yo kunoza serivisi.
-
Al Ahli Wad Madani yo muri Sudani yikuye muri Shampiyona y’u Rwanda
30 October 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Al Ahli Wad Madani yo muri Sudani, iherutse gusaba ko yifuza gukina gukina Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/26, yatangaje ko itacyitabiriye iri rushanwa.
-
Itangazo rimenyesha imikirize y’urubanza umuburanyi ataritaby urukiko
12 September 2024Me Nzitatira Mbonyintege Nicodem, umuhesha w’inkiko w’umwuga yamenyesheje imikirize y’urubanza Hategekimana François nk’uko biteganywa n’amategeko ku mugereka w’ibaruwa urahasanga kopi y’icyemezo cy’urukiko.
Soma itangazo rirambuye aho hasi….. -
Canada: Abanyarwanda bizihijwe Umuganura, basabwa gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda
3 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda baba mu Mujyi wa London mu Ntara ya Ontario bizihije umunsi w’Umuganura mu buryo bwo gusangira ku musaruro bagezeho ari na ko batekereza ku mishinga migari yafasha u Rwanda guteza imbere.
-
Uganda: Besigye yashinjwe ikindi cyaha cyamucisha umutwe
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama abashinjacyaha ba gisirikare muri Uganda bongeye icyaha cy’ “ubuhemu”, gishobora guhanishwa igihano cy’urupfu, ku rutonde rw’ibyaha biregwa umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi Kiiza Besigye.
-
Perezida Kagame yitabiriye isozwa ry’ imyitozo ikomatanyije y’ ingabo z’ u Rwanda [AMAFOTO]
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda, Paul Kagame akaba n’ Umugaba w’ Ikirenga w’ Ingabo z’ u Rwanda kuri uyu wa 11 Ukuboza 2018, yitabiriye umuhango wo gusoza ikiciro cya nyuma y’ imyitozo y’ ingabo z’ u Rwanda.
-
Uvira: Wazalendo yahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel wa FARDC
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo rigizwe n’imitwe yitwaje intwaro ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel Gisore Patrick n’umugore we.
-
Umuhungu wa Museveni yashimangiye ko ‘Muhoozi Project’ ari ikinyoma
5 July 2025, by Joseph IradukundaUmuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yashimangiye ko umushinga wiswe “Muhoozi Project” ari ikinyoma.
Umuryango.rw
Amatora yo muri Amerika: Trump ari imbere ya Kamala Harris mu majwi yabaruwe
Perezida Museveni yageneye buri mudepite wa Uganda miliyoni 100 z’Amashilingi
Al Ahli Wad Madani yo muri Sudani yikuye muri Shampiyona y’u Rwanda
Itangazo rimenyesha imikirize y’urubanza umuburanyi ataritaby urukiko
Canada: Abanyarwanda bizihijwe Umuganura, basabwa gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda
Uganda: Besigye yashinjwe ikindi cyaha cyamucisha umutwe
Uvira: Wazalendo yahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel wa FARDC
Umuhungu wa Museveni yashimangiye ko ‘Muhoozi Project’ ari ikinyoma