Umuturage witwa Nzabanita Innocent, araririra mu myotsi nyuma y’uko ahangayikishijwe n’abayobozi bamuhagarika gukora mu mirima ye kubera amakimbirane afitanye n’umugore we wamutaye mu gihe cy’amezi icyenda akagaruka ashaka gusaranganya imitungo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rubavu: Umugore yamutaye amezi 9 agaruka asaba gusaranganya umutungo
9 July 2025, by ISIMBI Estella -
Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga
30 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaganiriye n’Abanyarwanda bakora bakora mu nzego Mpuzamahanga, kuri gahunda z’iterambere ry’igihugu.
-
U Rwanda rwakiriye inkunga y’imashini 100 zifasha abantu guhumeka rwahawe na USA
30 July 2020, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwakiriye inkunga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika y’imashini 100 zifasha abarwayi guhumeka kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nyakanga 2020.
-
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
3 December 2025, by ISIMBI EstellaAbapolisi n’abasirikare bakomoka mu bihugu 22 by’Afurika birimo n’u Rwanda, batangiye amahugurwa agenewe abazajya bigisha abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
-
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, itariki 18 Ukwakira 2024, Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo mu murwa mukuru Pretoria, mu gihe Taiwani iyishinja gukoreshwa n’igitutu cy’u Bushinwa .
-
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Nigeria, Iyanya Onoyom Mbuk, uzwi cyane ku izina rya Iyanya, yavuze uburyo yahuye n’ibigeragezo bikomeye byatumye agira ibihe bibi kurusha ibindi mu buzima bwe, aho yabuze ababyeyi be bombi ndetse n’umuvandimwe we mu gihe kitageze no ku myaka ibiri.
-
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
3 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye bagenzi be b’u Burusiya n’u Bushinwa, avuga ko ababona nk’abayobozi b’abanyembaraga, abanyabwenge kandi badakinishwa.
-
Umusirikare w’ u Rwanda wateye ivi mu ruhame kubera umukobwa yavugishije benshi
6 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 5 Gicurasi 2018 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye ifoto y’ umusirikare w’ u Rwanda ufite ipeti rya sergeant tutabashije kumenya amazina wafotowe apfukamishije ivi rimwe mu muhanda ngo yambike impeta umukobwa amusaba kumubera umugore.
-
Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe
2 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe ibaruramibare rishingiye ku mirimo (BLS), Dr. Erika McEntarfer, amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe.
-
Polisi ya Danimarike Yafashe Batatu Barashe kuri Ambasade ya Isirayeli
3 October 2024, by Joseph Iradukundauri Danemarki no muri Suwede, abantu barashe hafi y’ambasade za Isiraheli. Polisi ya Danmarki ivuga ko yataye muri yombi abantu batatu
Umuryango.rw
Rubavu: Umugore yamutaye amezi 9 agaruka asaba gusaranganya umutungo
Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga
U Rwanda rwakiriye inkunga y’imashini 100 zifasha abantu guhumeka rwahawe na USA
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe
Polisi ya Danimarike Yafashe Batatu Barashe kuri Ambasade ya Isirayeli