Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, Hugo Broos, yahishuye ko Brésil na Argentine byasabye akayabo k’amafaranga kugira ngo bijye gukina imikino ya gicuti na Bafana Bafana muri icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Argentine na Brésil byasabye akayabo ngo bijye gukinira muri Afurika y’Epfo
26 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika yahagaritse ingendo zerekeza muri Haiti iminsi 30
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ingendo z’indege zigana muri Haiti nyuma y’uko indege ebyiri zitwara abagenzi zirasiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga mu murwa mukuru Port-au-Prince.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko hari Abanyarwanda bafite amacakubiri ashingiye ku bihugu bahungiyemo
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe yibajije impamvu hari abafite amacakuri ashingiye ku bihugu bahungiyemo avuga ko Ndi Umunyarwanda igomba gushyira iherezo kuri ibi.
-
OTAN igiye guha Ukraine inkunga ya miliyari 50$
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwe mu bayobozi bakomeye mu muryango wo gutabarana wa OTAN yatangaje ko bari gutenganya guha Ukraine inkunga mu bya gisirikare ifite agaciro ka miliyari 50$.
-
M23 yateguje ko igiye gukubita ingabo za RDC zikomeje kuyirasaho
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 watanze integuza y’uko ugomba gusubira mu mirwano n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kuburizamo ubitero zikomeje kugaba ku birindiro byawo.
-
Bruce Melodie yashyize umucyo ku mubano we na The Ben
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBruce Melodie yavuze ko nta kibazo afitanye na The Ben, nyuma y’uko hari amakuru yakunze gucicikana agaragaza ko aba bahanzi bombi bafite amazina akomeye mu Rwanda badacana uwaka, uretse ko ibi uyu muhanzi yabyihakanye.
-
Rutsiro:RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere akekwaho Ruswa
13 December 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kamayirese Innocent, umukozi ushinzwe kurengera ibidukikije mu Karere ka Rutsiro.
-
Trump yahakanye iby’uko u Burusiya bushaka gutera OTAN
17 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahakanye ibiheruka gutangazwa na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, wavuze ko u Burusiya bushaka guhosha intambara muri Ukraine kugira ngo bwitegure gutera ibihugu byo mu muryango wa OTAN.
-
Imipaka ihuza Uganda n’ibice M23 yafashe yongeye gufungurwa
10 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatanze amabwiriza y’uko imipaka ihuza Uganda n’ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigenzurwa n’Umutwe wa M23, yongera gukora nk’uko byari bisanzwe.
-
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
26 May 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rushinzwe kurwanya ibyaha by’iterabwoba mu Bushinjacyaha bw’u Bufaransa, PNAT, rwatangaje ko rwamaze gutanga ubujurire ku cyemezo giherutse gufatwa n’umucamanza ku rwego rw’iperereza mu Bufaransa, watangaje ko bahagaritse iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
Argentine na Brésil byasabye akayabo ngo bijye gukinira muri Afurika y’Epfo
Amerika yahagaritse ingendo zerekeza muri Haiti iminsi 30
OTAN igiye guha Ukraine inkunga ya miliyari 50$
M23 yateguje ko igiye gukubita ingabo za RDC zikomeje kuyirasaho
Bruce Melodie yashyize umucyo ku mubano we na The Ben
Rutsiro:RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere akekwaho Ruswa
Trump yahakanye iby’uko u Burusiya bushaka gutera OTAN
Imipaka ihuza Uganda n’ibice M23 yafashe yongeye gufungurwa
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga