Hoteli y’ akarere ka “Burera Beach resort” imaze umwaka yaruzuye ariko ntiratangira gukorerwamo. Abatuye hafi y’ aho iyi hoteli yubatswe bibaza icyabuze ngo iyi hoteli itangire ikorerwemo.
Aba baturage barimo abakoze mu mirimo yo kubaka iyi hoteli batangarije Umuryango ko hashize umwaka imirimo yo kuyubaka yararangiye. Ngo amafaranga yose bahakoreye barayahembwe gusa ngo ntibazi icyabuze ko itangire ikore.
Umufundi witwa Turikunkiko Phenias ati “Twarategereje ngo turebe ko batangira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hoteli y’ akarere ka Burera yaruzuye none imaze umwaka idakorerwamo [AMAFOTO]
4 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi rugikubita
16 March, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za America, guhuza imbaraga mu gufungura umuhora wa Hormuz, ariko bimwe bihita bigaragaza ko bitazabutanga.
-
U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yifuza ko uruhare rw’abashakashatsi mu kurwanya indwara muri Afurika rwava kuri 3% ruriho uyu munsi rukagera kuri 50% kugira ngo batange umusaruro ufatika w’ibisubizo by’ibibazo by’ubuzima bibineka kuri uyu Mugabane.
-
Ngoma yahize utundi turere, Ruhango iza inyuma mu bipimo by’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda
9 November 2025, by ISIMBI EstellaMu bushakashatsi Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yamuritse ku gipimo cy’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda mu mwaka wa 2025, yerekanye uburyo uturere dukurikirana mu bipimo by’urwo rwego, Akarere ka Ngoma kaba aka mbere mu gihe Indongozi za Ruhango zaje ku mwanya wa nyuma.
-
Imirwano ikomeye mu misozi ya Fizi – FARDC na Twirwaneho bararwanira Point-Zéro
29 January, by Angeline MUKANGENZIImirwano yabaye ku wa kabiri, ku wa gatatu no kuri uyu wa 29 Mutarama 2026, hagati y’ingabo za leta , Wazalendo hamwe n’abarwanyi ba Twirwaneho bakorana n’umutwe wa M23 mu gace k’imisozi ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Epfo ya DR Congo yasize abantu ibihumbi bavuye mu byabo, nk’uko ibinyamakuru muri iki gihugu bibitangaza.
-
Polisi yataye muri yombi babiri bagaragaye bakubitira umukobwa mu muhanda
2 March, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yatangaje ko abasore babiri bagaragaye mu mashusho bakubita umukobwa mu muhanda batawe muri yombi.
-
Perezida Putin yaburiye ibihugu biri gutanga intwaro ngo u Burusiya buterwe
23 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir putin, yihanangirije ibihugu biha intwaro Ukraine kugira ngo iirwanya u Burusiya, avuga ko u Burusiya bushobora kuzaba ari bwo butera ibyo bihugu.
-
Perezida wa Nigeria yavuze ku mpanuka yaguyemo inshuti za Anthony Joshua
30 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje ko abaguye mu mpanuka Anthony Joshua yarokotse ari Kevin Latif Ayodele na Sina Ghami, aba bakaba bari inshuti n’abatoza b’uyu mukinnyi w’iteramakofe mu gihe kirenga imyaka 10.
-
Israel yarubiye, Iran irasa ibitaro bikomeye: Intambara yahinduye isura ku munsi wa karindwi
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa karindwi, Iran isuka ibisasu byinshi ku minjyi itandukanye ya Israel hakomereka abantu 65. Israel yabaye nk’intare bapfuye umugara yahise itegeka abasirikare gukaza ibitero bagahungabanya ubutegetsi bwa Iran.
-
Urubanza rwa (Rtd)Maj Mudathiru na bagenzi be 32 rwatangiye kuburanishwa mu mizi hagaragazwa uko bafashijwe na Uganda n’u Burundi
22 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere,tariki 22 Kamena 2020, Urukiko rwa Gisirikare i Kanombe rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rw’abantu bakekwaho gukorana n’imitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda yibumbiye muri P5.
Umuryango.rw
Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi rugikubita
U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara
Ngoma yahize utundi turere, Ruhango iza inyuma mu bipimo by’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda
Imirwano ikomeye mu misozi ya Fizi – FARDC na Twirwaneho bararwanira Point-Zéro
Perezida Putin yaburiye ibihugu biri gutanga intwaro ngo u Burusiya buterwe
Perezida wa Nigeria yavuze ku mpanuka yaguyemo inshuti za Anthony Joshua
Israel yarubiye, Iran irasa ibitaro bikomeye: Intambara yahinduye isura ku munsi wa karindwi
Urubanza rwa (Rtd)Maj Mudathiru na bagenzi be 32 rwatangiye kuburanishwa mu mizi hagaragazwa uko bafashijwe na Uganda n’u Burundi