Abanyamategeko ba Leta ya Gunée Equatorial basabye urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) guhagarika igurishwa ry’inyubako y’umuhungu wa Perezida Teodoro Obiang Nguema Mbasogo, Teodoro Obiang Mangue, iherereye i Paris mu Bufaransa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gunée Equatorial yasabye urukiko rwa Loni guhagarika igurishwa ry’inyubako y’umuhungu wa Perezida Nguema
15 July 2025, by ISIMBI Estella -
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
23 June 2020, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo nibwo Umupolisi muto witwa Jean Bosco Munyeshyaka wari uzwi ku izina ry’irihimbano rya Rwatubyaye yagiye gusura umudamu utuye mu Murenge wa Nyagatare, akagali ka Bushoga umudugudu wa Cyonyo mu Karere ka Nyagatare atashye asubiye mu kigo ngo atangira kumva atameze neza ndetse aza guhita apfa bitunguranye. Harakekwa amarozi.
Uyu mu Polisi bitaga Rwatubyaye yari yagiye kusura umugore wibana ariko wigeze kuba afite umugabo. Amakuru avuga ko umugabo yahoranye nawe yari (…) -
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
29 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Umutekano Dr Biruta Vincent yahuye na mugenzi we wa Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al Thani, baganira ku ngingo zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi ndetse n’imikoranire mu guteza imbere umutekano.
-
Igihugu cy’u Rwanda gifite uburenganzira bwo gusubiza RDC yatangije ubushotoranyi-Dr. Biruta
30 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje uburyo yihanganye mu gihe cy’imyaka ikabakaba 30, mu guharanira ko amahoro n’umutekano bosagamba mu Karere nubwo yabaga ifite uburenganzira busesuye bwo gusubiza ku bitero by’ubushotoranyi yagabweho na RDC mu bihe bitandukanye.
-
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
31 March 2025, by Joseph IradukundaTehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera Iran.
-
Perezida Kagame yasubije Hon.Bamporiki wemeye ko "yakiriye indonke"
6 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wari umaze kumusaba imbabazi kubera icyaha cyo kwakira indonke yemeye ko yakoze, amubwira ko kwirinda icyaha bishoboka kandi guhanwa nabyo bifasha.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Gicurasi 2022 nibwo Hon.Edouard Bamporiki yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Kagame n’abanyarwanda yemera ko yakiriye indonke.
Bamporiki yatangaje ayo magambo nyuma y’umunsi umwe ahagaritswe ku mirimo ye. Ni icyemezo cyafashwe ku wa 5 Gicurasi 2022.
Akimara (…) -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
14 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka Bugesera.
Soma itangazo rirambuye… -
Goma: Abantu 3 bo mu muryango umwe bishwe barashwe
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu batatu bakomoka mu muryango utuye mu mujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu mpera z’icyumweru gishize bishwe barashwe.
-
AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe habura amasaha make ngo umukino wa mbere w’umunsi wa 11 shampiyona mu mupira w’amaguru (RPL) ukinwe, intero ubu ni umukino uzahuza APR na As Kigali ndetse n’uzahuza Rayon Sports na Vision FC.
-
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga wo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda
27 February, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’Umushinga w’itegeko rishyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda (National Defence University Rwanda).
Umuryango.rw
Gunée Equatorial yasabye urukiko rwa Loni guhagarika igurishwa ry’inyubako y’umuhungu wa Perezida Nguema
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
Igihugu cy’u Rwanda gifite uburenganzira bwo gusubiza RDC yatangije ubushotoranyi-Dr. Biruta
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
Perezida Kagame yasubije Hon.Bamporiki wemeye ko "yakiriye indonke"
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Goma: Abantu 3 bo mu muryango umwe bishwe barashwe
AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga wo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda