Mu gihugu cya Uganda barimo gushakisha peteroli mu tundi turere tubiri bikekwa ko iramutse ihabonetse yakongera ku yamaze kuboneka muri iki gihugu ibarirwa mu tungunguru miliyari 6.5 nk’uko byemejwe na minisitiri w’ingufu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda yatangiye gushakisha peteroli mu tundi turere 2 ikekwamo
22 August 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urukiko rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha u Bufaransa ku ruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Ubutegetsi rwa Paris kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2024 rwanzuye ko rudafite ububasha bwo kuburanisha Leta y’u Bufaransa ku ruhare ishinjwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
11 February 2020, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza ya etage igeretse rimwe iherereye mu Karere ka Gasabo ikaba iri haruguru ya Akagera Motor i Karuruma.
-
Perezida Donald Trump Yavuze ko Amerika Izigarurira Intara Gaza
5 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yarahiriye ko azigarurira intara ya Gaza nyuma y’uko abanyapalestina bazatuzwa ahandi hantu. Trump yasobanuye ko Amerika izatunganya kandi ikubaka neza muri ako karere.
-
Inama igamije gushyira mu bikorwa amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Uganda igiye guterana
31 August 2019, by Martin MunezeroNyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’aya masezerano yasinyiwe muri Angola n’abaperezida b’ibihugu byombi.
-
Umunyarwandakazi yiciwe muri Uganda atewe icyuma mu mutwe
11 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMukandayisenga Donatille wari utuye mu Karere ka Kabale muri Uganda, yishwe ku wa 10 Gicurasi 2025 akubiswe icyuma mu mutwe.
-
Umukinnyi wa filime Kat Graham yibarutse imfura ye
13 March, by ISIMBI EstellaKat Graham uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umugabo we, Bryant Wood, bibarutse umwana wabo w’imfura.
-
Trump Agira Netanyahu Inama yo Kurasa vuba Iran no mu bice byayo biteye ubwoba
5 October 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma.
-
RDC: Abatuye i Kinshasa bagaburirwaga na Kivu batangiye kumva ingaruka
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGufunga ikibuga cy’indege cya Goma, kuva umujyi wafatwa na M23 mu mpera za Mutarama, byahagaritse iyoherezwa ry’ibiribwa n’ibindi bicuruzwa biva muri Kivu y’Amajyaruguru bijya mu murwa mukuru wa Congo.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 29 Nyakanga 2022
30 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Nyakanga 2022 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye, zirimo kurwanya icyorezo cya Covid-19 no gushyira mu myanya abayobozi bashya.
Abanyarwanda basabwe gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19,bafata inkingo zose uko ari 2 n’urwa 3 rwo gushimangira,kwambara agapfukamunwa ahahuriye abantu benshi kandi hafunganye no kwipimisha kenshi kugira ngo bamenye uko bahagaze.
Muri iyi nama,hashyizwe mu myanya (…)
Umuryango.rw
Uganda yatangiye gushakisha peteroli mu tundi turere 2 ikekwamo
Urukiko rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha u Bufaransa ku ruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
Perezida Donald Trump Yavuze ko Amerika Izigarurira Intara Gaza
Umunyarwandakazi yiciwe muri Uganda atewe icyuma mu mutwe
Umukinnyi wa filime Kat Graham yibarutse imfura ye
Trump Agira Netanyahu Inama yo Kurasa vuba Iran no mu bice byayo biteye ubwoba
RDC: Abatuye i Kinshasa bagaburirwaga na Kivu batangiye kumva ingaruka
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 29 Nyakanga 2022