Mu gihe hari abagitaka ko igiciciro cyo kohererezanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga rya telefone kikiri hejuru, Banki Nkuru y’u Rwanda iratangaza ko bidashobora gukorerwa ubuntu, ariko kuba kikiri hejuru byo bishobora gusuzumwa ku buryo mu gihe kiri imbere cyagabanywa.
Ni mu gihe bamwe mu bakoresha ubu buryo byumwihariko abacuruzi bavuga ko igiciro cyo kohererezanya no kwakira amafaranga kuri telefone kiri hejuru.
Uwitwa Dushime Theophile yagize ati “Ikiguzi cyo kohererezanya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igisubizo gihabwa abavuga ko igiciro cyo kohererezanya amafaranga kuri Telefone kigihanitse mu Rwanda
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yohereje muri Tchad intumwa yo kumusabira ubufasha bwa gisirikare.
-
Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza
25 August 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Nasser biri mu Majyepfo ya Gaza.
-
Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure
20 January 2025, by Joseph IradukundaRumwe mu rubyiruko rwavuye Iwawa, rukahigishirizwa imyuga ruvuga ko nyuma yo kuva Iwawa batigeze bagira icyo bakora kubera ko ibikoresho bari barijejwe babitegereje ngo amaso agahera mu kirere.
-
Sudani yacanye umubano na UAE
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Kabiri, itariki ya 6 Gicurasi, Sudani yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nyuma yo gushinja UAE kuba yarahaye ingabo za Rapid Support Forces indege zitagira abadereva zibasiye Port Sudani, ahari icyicaro cy’agateganyo cya guverinoma, mu minsi itatu ishize.
-
Tanzania: Umujyi wa Arusha uri gutegurirwa guhangana na Kigali
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Arusha wasabwe gukoresha amahirwe y’aho uherereye n’ubutaka butarabyazwa umusaruro kugira ngo uhatanire isoko rinini ry’ubukerarugendo bushingiye ku nama n’amahuriro, nk’uko bikorwa i Kigali mu Rwanda.
-
Bwa mbere umuntu yatewemo ibihaha by’ingurube
27 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 39, yahawe ibihaha by’ingurube mu bitaro bya Guangzhou Medical University abimarana iminsi icyenda, igikorwa kibayeho bwa mbere mu buvuzi.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya
20 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, baganiriye ku kwagura ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
-
U Bushinwa: Abashyingiranwa bakomeje kwiyongera
20 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko abafata icyemezo cyo gushyingiranwa biyongereyeho 8,5% mu mezi icyenda ya mbere ya 2025, binatanga icyizere ku bacuruza imyenda y’abageni.
-
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIItangazo rishya rya Joe Biden ryo kuva mu matora ya perezida ryahinduye isura ya politiki muri Amerika.
Nyuma yo kwikura ku kuziyamamariza umwanya wa Perezida, Kamala Harris ubu ni we uzwi cyane mu Ishyaka ry’Abademokarate. Nk’uwari visi perezida, ashobora kwisanga ahanganye na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo, kandi natsinda amatora, yaba abaye umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nk’uko yabitangarije africanews dukesha iyi nkuru, Barbara Perry, Umwarimu wigisha muri (…)
Umuryango.rw
Igisubizo gihabwa abavuga ko igiciro cyo kohererezanya amafaranga kuri Telefone kigihanitse mu Rwanda
Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare
Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza
Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure
Sudani yacanye umubano na UAE
Tanzania: Umujyi wa Arusha uri gutegurirwa guhangana na Kigali
Bwa mbere umuntu yatewemo ibihaha by’ingurube
Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya
U Bushinwa: Abashyingiranwa bakomeje kwiyongera
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?