Rutahizamu wa Etincelles FC Kakule Mkata Justin uvuka muri DRC, arembeye i Goma mu mugi wa kivu y’Amajyaruguru
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutahizamu wa Etincelles FC arembeye i Goma
9 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Gatsibo: Umusore w’imyaka 26 yimanitse mu mugozi, hakekwa gufuhira umukobwa bakundanaga
10 July 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, yimanitse mu mugozi arapfa, bikekwa ko byatewe no gufuhira umukobwa bakundanaga kuko yari amaze iminsi amwambuye telefone ye, ariwe ugenzura abamuhamagara n’abamwandikira.
-
AU yanze kwemera ko Somaliland iba igihugu cyigenga
27 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yasohoye itangazo agaragaza ko atemera na gato ko Somaliland yamerwa nk’igihugu cyigenga, anashimangira ko AU ikomeje gushyigikira byimazeyo ubumwe n’ubusugire bw’ubutegetsi bwa Somalia.
-
Perezida Kagame yagaragaje impungenge kuri gatanya n’amashusho y’urukozasoni byeze mu Rwanda
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yatangaje ko abayobozi mu nzego zitandukanye n’abagize umuryango nyarwanda bakwiye kwita ku burere buhabwa abantu muri rusange kuko nta muryango cyangwa idini byigisha kwambara ubusa, ahamya ko ubikoze no mu mutwe we nta kintu kiba kirimo.
-
Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa
28 August 2024, by Joseph IradukundaUmugizi wa nabi wiyoberanyaga ko ari umuhungu uzwi cyane uri munsi y’imyaka 20 utangaza ibiganiro kuri YouTube, wabuzaga amahwemo abakobwa babarirwa mu magana bo mu bice bitandukanye ku isi agatuma bakora ibikorwa by’imibonano imbere ya ’camera’, yakatiwe gufungwa imyaka 17 muri Australia.
-
Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwafunze restaurant eshatu burundu izindi 37 zifungwa by’agateganyo kubera umwanda.
-
Al-Hilal yakuye amaboko kuri Neymar yanga kumwandikisha mu bakinnyi bayo
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brésil na Al-Hilal, Neymar Júnior, utari gukina kubera imvune, yamaze gushyirwa ku ruhande n’ikipe ye yo muri Arabie Saoudite, yanze kumwandikisha mu bakinnyi izakoresha mu 2025.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
3 March 2025, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gufasha amakipe yabo kwitwara neza, abandi bakaba bakirwana no kubona umwanya uhoraho wo gukina.
-
Essy Williams yigaramye ibyo gukundana na Nel Ngabo
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusizi akaba n’umuhanzi w’imideli, Essy Williams, yahakanye amakuru avuga ko yaba ari mu rukundo na Nel Ngabo. Yatangaje ko ari inshuti ye isanzwe, ariko ko afite undi musore bari mu rukundo bamaranye umwaka.
-
Miggy yumvikanye ashaka gutanga ruswa muri shampiyona
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wungirije wa Muhazi United, Mugiraneza Jean-Baptiste uzwi nka Miggy ari mu mazi abira nyuma yo kumvikana asaba Shafiq Bakaki, myugariro wa Musanze F, kumufasha Kiyovu Sports ikubona amanota, ariko uyu mukinnyi akamuhakanira.
Umuryango.rw
Rutahizamu wa Etincelles FC arembeye i Goma
Gatsibo: Umusore w’imyaka 26 yimanitse mu mugozi, hakekwa gufuhira umukobwa bakundanaga
AU yanze kwemera ko Somaliland iba igihugu cyigenga
Perezida Kagame yagaragaje impungenge kuri gatanya n’amashusho y’urukozasoni byeze mu Rwanda
Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa
Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda
Al-Hilal yakuye amaboko kuri Neymar yanga kumwandikisha mu bakinnyi bayo
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Essy Williams yigaramye ibyo gukundana na Nel Ngabo
Miggy yumvikanye ashaka gutanga ruswa muri shampiyona