Polisi ya Pakistan yatangaje ko abantu 20 bishwe abandi barindwi barakomereka mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje imbunda mu kirombe gito cyacukurwagamo amabuye y’agaciro mu Majyepfo y’Uburengerazuba mu ntara ya Balochistan.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Pakistan: 20 bishwe hakomereka 7 ubwo bacukuraga amabuye y’agaciro
11 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Minisitiri w’Intebe Starmer yabwiwe ko ikosa rikomeye yakoze ari ukwikura mu masezerano n’u Rwanda
24 March, by Angeline MUKANGENZIAnthony John Smith wabaye Umuyobozi w’Urwego rushinzwe umutekano w’imipaka mu Bwongereza, yavuze ko ikosa rikomeye Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Keir Starmer yakoze, ari ukwikura muri gahunda y’imikoranire n’u Rwanda mu gukemura ikibazo cy’abimukira.
-
APR FC yiyunze n’Abafana , Kiyovu Sports bikomeza kuyangira inyagirirwa i Rubavu(Amafoto)
21 October 2024, by Joseph IradukundaAPR FC yatsinze Gasogi United igitego 1-0, Marine FC itsinda Kiyovu Sports ibitego 4-2, mu mikino y’Umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona yabaye ku Cyumweru, tariki 20 Ukwakira 2024.
-
Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya
26 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha, yatangaje ko hari Abanyafurika 1700 bari kurwanira u Burusiya mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.
-
Icyambu cya Karongi kinyuzwaho toni 8000 za sima buri kwezi
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbakoresha icyambu cy’i Karongi kimaze amezi atanu gitangiye kunyuzwaho ibicuruzwa biva mu Rwanda bijya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko basanze ari ho heza ho kunyuza ibicuruzwa bikagera muri Congo badahenzwe.
-
Muhanga:Umuturage arashinja Gitifu ku mukubita
9 June 2025, by Joseph IradukundaYamfashije Renatha arashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari atuyemo n’Ushinzwe umutekano ku mukubitira mu Kagari, bakamusiga ari intere.
-
Muhanga: Batatu bafatanywe urumogi
4 October 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yafashe abagabo babiri n’umugore umwe bakekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge, aho bafatanywe ibiro bitandatu by’urumogi.
-
Rutsiro: Umugore yasanzwe mu mugozi yapfuye
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 54 wo mu Karere ka Rutsiro yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye, mu gihe Ubuyobozi buvuga ko iperereza ku cyateye uru rupfu rigikomeje.
-
Sankara yasimbujwe Capt. Herman ku buvugizi bwa FLN
7 May 2019, by Martin MunezeroItangazo ryasohowe n’ishyaka MRCD rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, rivuga ko nyuma y’itabwa muri yombi rya Callixte Nsabimana -Major Sankara- ryashyizeho Capitaine Herman Nsengimana nk’umusimbura we.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatatu tariki ya 03 Mata 2019
4 April 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatatu, tariki ya 03 Mata 2019, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Umuryango.rw
Pakistan: 20 bishwe hakomereka 7 ubwo bacukuraga amabuye y’agaciro
Minisitiri w’Intebe Starmer yabwiwe ko ikosa rikomeye yakoze ari ukwikura mu masezerano n’u Rwanda
APR FC yiyunze n’Abafana , Kiyovu Sports bikomeza kuyangira inyagirirwa i Rubavu(Amafoto)
Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya
Icyambu cya Karongi kinyuzwaho toni 8000 za sima buri kwezi
Muhanga:Umuturage arashinja Gitifu ku mukubita
Muhanga: Batatu bafatanywe urumogi
Rutsiro: Umugore yasanzwe mu mugozi yapfuye