Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 27 Gicurasi 2025 yaganiriye n’abayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kabila yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Indahiro ya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere 2017-2024.
Ku isaha ya saa sita z’ amanywa nibwo, Umuruku w’Igihugu yarahijwe na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Samu Rugege, imbere y’ imbaga y’ Abanyarwanda n’ abanyamahanga barimo bagenzi bayobora ibihugu bitandukanye by’ Afurika.
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda, arangiza indahiro ye (…) -
Minisitiri Busingye yavuze uburyo abanyarwanda birukanwe muri Uganda imitungo yabo izitabwaho
18 March 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’ubutabera bw’u Rwanda akaba n’intumwa nkuru ya leta, yahumurije Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cy’abaturanyi ba Uganda bagatayo ibyabo, abizeza ko ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda biri mu nzira zo gukemuka kandi ko imitungo yabo na yo izitabwaho.
-
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
6 April 2022, by UbwanditsiPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi bafatiwe mu bikorwa byo kwica bamwe mu baturage bazira ko barenze ku mabwiriza yo kwrinda Covid-19 bagejejwe mu butabera kandi ko bamwe muri bo bamaze gukatirwa n’inkiko.
-
Turahirwa Moses yitabye urukiko
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSaa Kumi n’Ebyiri z’igitondo, Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, nibwo yagejejwe ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro mu gihe iburanisha rigomba gutangira Saa Tatu z’igitondo.
-
Sudani yasubiye bucece mu muryango wa IGAD
24 December 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Sudani yari imaze hafi umwaka yarateye umugongo umuryango wo muri Afurika y’Iburasirazuba no mu Ihembe rya Afurika ugamije iterambere, IGAD yasubiye mu nama zawo mu buryo bw’ibanga, bitanga icyizere ko imaze kugarukira ubuhuza bw’uyu muryango.
-
Bayern Munich yatsinze PSG, Man City ikomeza guhera mu rungabangabo: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa, ndetse Bayern Munich ifatirana Paris Saint-Germain iyitsinda igitego 1-0, mu gihe Manchester City yasuwe na Feyenoord ikananirwa kuyikuraho amanota atatu, uba umukino wa gatandatu wikurikiranya mu marushanwa yose, iyi kipe yo mu Bwongereza itabona intsinzi.
-
Iran iri kwitegura igitero ishobora kugabwaho na Amerika
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran yaburiye ibihugu by’ibituranyi, by’umwihariko ibifite ibirindiro bya gisirikare bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibisaba kutazahirahira byemera ko ubutaka bwabyo bukoreshwa na Amerika mu kugaba ibitero kuri Iran.
-
Umugore wa Jerry Rawlings wayoboye Ghana yapfuye
24 October 2025, by ISIMBI EstellaNana Konadu Agyeman Rawlings, Umugore wa Jerry Rawlings wabaye Perezida wa Ghana yitabye Imana ku myaka 76, azize uburwayi.
-
Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana
28 June 2025, by ISIMBI EstellaChriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana
Umuryango.rw
Kabila yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
Turahirwa Moses yitabye urukiko
Sudani yasubiye bucece mu muryango wa IGAD
Bayern Munich yatsinze PSG, Man City ikomeza guhera mu rungabangabo: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
Iran iri kwitegura igitero ishobora kugabwaho na Amerika
Umugore wa Jerry Rawlings wayoboye Ghana yapfuye
Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana