Komisiyo idasanzwe ya Sena yari ifite inshingano zo gusuzuma ubusabe bwo kwambura Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu ubudahangarwa, yafashe umwanzuro wo kubumukuraho, kugira ngo atangire gukurikiranwa mu nkiko ku byaha ashinjwa n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sena ya DRC yambuye Joseph Kabila ubudahangarwa
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Tanzania yasabwe gufungura utavuga rumwe na Perezida Suluhu no gukuraho igihano cy’urupfu
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite b’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaganye ifungwa ry’umunyapolitiki Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania.
-
Kigali Pelé Stadium igiye kongera kuberaho imikino ya nijoro
8 February, by Angeline MUKANGENZINyuma y’iminsi Kigali Pelé Stadium iri gukemurirwa ikibazo cy’amashanyarazi yatumaga amatara azima mu mikino hagati, hagiye kongera kubaho imikino yo mu masaha ya nijoro nk’uko bisanzwe.
-
Menya icyashoboje u Bushinwa kugabanya abarenga miliyoni 1,3 mu mwaka umwe
18 January 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Bushinwa, NBS, cyatangaje ko abaturage b’igihugu bagabanyutseho miliyoni 1,39 mu mezi 12 ashize, umubare rusange w’abagituye ugera kuri miliyari 1,4.
-
Chairman wa APR FC yavuze aho gutandukana n’Abanya-Nigeria babiri aho bigeze
13 January 2025, by Joseph IradukundaChairman w’Ikipe ya APR FC, Brig Gen Déo Rusanganwa, yavuze ko ibiganiro byo gutandukana n’abakinnyi babiri bakomoka muri Nigeria, Nwobodo Chidiebere Johnson na Godwin Odibo, biri kugenda neza.
-
RDC yahawe ikizere muri Loni itorewe kuba umunyamuryango w’akanama k’uburenganzira bwa muntu
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye.
-
Kivu y’Amajyepfo: Ingabo za RDC zagabye ibitero henshi
2 December 2025, by ISIMBI EstellaMu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryabyutse rigaba ibitero bikomeye mu bice byinshi byo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo byiganjemo ibigenzurwa na AFC/M23.
-
Manchester United ifite umusozi muremure cyane wo kuzamuka muri Europa League yerekanwa na STARTIMES
16 March 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya AC Milan iri kwitegura guhangana n’ikigugu gikomeye muri Premier League,Manchester United mu mukino wo kwishyura wa 1/16 cya Europa League cyane ko mu mukino ubanza wabereye kuri Old Trafford,iyi kipe yo mu Butaliyani yagoye United banganya igitego 1-1.
-
Uganda:Colonel Kizza Besigye yaburiwe irengero
20 November 2024, by Joseph IradukundaCol. Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, amaze iminsi yaraburiwe irengero.
-
Haravugwa amakuru y’uko igitero cya drone cyahitanye Willy Ngoma cyagenze
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru ku rupfu rwa Lieutenant-Colonel Willy Ngoma, akomeje kujya hanze, aho bivugwa ko drone yamurashe, yari iri gucungacunga abayobozi mu gisirikare cya AFC/M23 hafi y’agace ka Rubaya, aho bari bagiye mu nama ya gisirikare, ikaza kurasa imodoka zari zirimo uyu wari Umuvugizi wa M23, batayibonye.
Umuryango.rw
Sena ya DRC yambuye Joseph Kabila ubudahangarwa
Tanzania yasabwe gufungura utavuga rumwe na Perezida Suluhu no gukuraho igihano cy’urupfu
Kigali Pelé Stadium igiye kongera kuberaho imikino ya nijoro
Menya icyashoboje u Bushinwa kugabanya abarenga miliyoni 1,3 mu mwaka umwe
Chairman wa APR FC yavuze aho gutandukana n’Abanya-Nigeria babiri aho bigeze
RDC yahawe ikizere muri Loni itorewe kuba umunyamuryango w’akanama k’uburenganzira bwa muntu
Kivu y’Amajyepfo: Ingabo za RDC zagabye ibitero henshi
Uganda:Colonel Kizza Besigye yaburiwe irengero
Haravugwa amakuru y’uko igitero cya drone cyahitanye Willy Ngoma cyagenze