Urwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri ari mu gihugu harimo arenga 650 akora atagira ibyangombwa, ndetse ngo mu bihe biri imbere bazatangira kuyasura bareba ayujuje ibisabwa yemererwe gukora, andi ahagarikwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa
1 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Miggy yumvikanye ashaka gutanga ruswa muri shampiyona
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wungirije wa Muhazi United, Mugiraneza Jean-Baptiste uzwi nka Miggy ari mu mazi abira nyuma yo kumvikana asaba Shafiq Bakaki, myugariro wa Musanze F, kumufasha Kiyovu Sports ikubona amanota, ariko uyu mukinnyi akamuhakanira.
-
Abadepite batoye itegeko riha u Rwanda amahirwe yo kuzakira icyicaro cya HCCH
9 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite batoye itegeko ryemeza ko u Rwanda ruba kimwe mu bihugu bihuriye kuri sitati y’Ihuriro rya Hague ku mategeko mbonezamubano mpuzamahanga yemerejwe i Hague mu Buholandi (HCCH), ndetse mu byo igihugu kizungukiramo harimo kugira uruhare mu ishyirwaho ry’amasezerano mashya ategurwa no kuba cyashyirwamo icyicaro gihoraho gishinzwe ibihugu bya Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
-
U Rwanda rurakira Ingabo zo muri EAC zije mu bikorwa by’iterambere
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuhera ku italiki ya 29 Kamena kugeza ku ya 3 Nyakanga 2025, u Rwanda ruzakira itsinda ry’ingabo zizaturuka mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bazaza mu bikorwa by’iterambere ry’ abaturage (EAC CIMIC Week).
-
Perezida Putin yagaragaje ibyatuma yemera kuganira na Zelensky
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye kizagirana ibiganiro na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, mu gihe uyu mugabo azaba yongeye gutorwa, kuko umwanya ubu ariho u Burusiya buwufata nk’udakurikije amategeko.
-
Tanzania: Umunyapolitiki Tundu Lissu yashinjwe icyaha cy’ubuhemu
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 10 Mata 2025, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubuhemu cyangwa ubugambanyi, gishobora guhanishwa igihano kiruta ibindi, kubera ibisobanuro yatanze mu cyumweru gishize abashinjacyaha bavuze ko yahamagariye abaturage gutangiza imyivumbagatanyo no guhagarika amatora ateganijwe muri uyu mwaka.
-
FERWAFA yongereye igihe cyo kwiyandikisha mu Gikombe cy’Amahoro
7 November 2024, by Joseph IradukundaIshyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), ryamenyesheje amakipe akina ibyiciro bitatu ko ryongereye igihe cyo kwiyandikisha mu Gikombe cy’Amahoro, itariki ntarengwa iba 12 Ugushyingo 2024.
-
Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’
17 December 2024, by Joseph IradukundaUmwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo ni urubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali. Hirya yabo, undi yunzemo ati “Inshuti yanjye tungana ubu yarabyaye kubera kuba imbata y’aya mashusho”.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari
14 August 2025, by ISIMBI EstellaKu nshuro ya kabiri yikurikiranya, u Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari izwi nka ‘SportsBiz Africa Forum 2025’.
-
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
22 January 2025, by Joseph IradukundaLt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, Ukwakira, 2023 bikozwe na Hamas.
Umuryango.rw
NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa
Miggy yumvikanye ashaka gutanga ruswa muri shampiyona
Abadepite batoye itegeko riha u Rwanda amahirwe yo kuzakira icyicaro cya HCCH
U Rwanda rurakira Ingabo zo muri EAC zije mu bikorwa by’iterambere
Perezida Putin yagaragaje ibyatuma yemera kuganira na Zelensky
Tanzania: Umunyapolitiki Tundu Lissu yashinjwe icyaha cy’ubuhemu
FERWAFA yongereye igihe cyo kwiyandikisha mu Gikombe cy’Amahoro
Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Nyafurika yiga ku guhuza siporo n’ishoramari
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye