Abantu 71 bapfuye bazize impanuka y’ikamyo yari itwaye abagenzi yaguye mu ruzi muri leta ya Sidama, mu majyepfo ya Ethiopia.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Impanuka y’imodoka yishe Abantu 71 muri Ethiopia
30 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Kamerhe yashyiriye Museveni ‘ubutumwa bwihariye’ bwa Tshisekedi
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, aherutse mu ruzinduko rw’akazi i Kampala rwasize ahuye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
-
Ibitaro mu Burundi byugarijwe n’inkomere z’abasirikare barasiwe muri Congo na M23
23 January 2025, by Joseph IradukundaAmakuru ava mu Burundi, aremeza ko i Bitaro bya gisirikare bya Kamenge, biherereye mu Mujyi wa Bujumbura, birwariyemo inkomere nyinshi zakomerekeye ku rugamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
27 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka NYARUGENGE
Soma itangazo rirambuye… -
EASF yasoje inama y’inzego za politiki i Kigali yarimo Ntibantunganya
22 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana ibitekerezo, muri Kigali Convention Center, hasojwe inama ya 33 y’inzego za politiki mu Mutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora Ziteguye Gutabara (East African Standby Forces (EASF).
-
Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije
14 July 2025, by ISIMBI EstellaMu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo imyigaragambyo y’abana n’abagore b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bapfiriye ku rugamba bari bahanganyemo n’ihuriro AFC/M23.
-
Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis
23 April 2025, by Joseph IradukundaArikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana tariki ya 21 Mata 2025.
-
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyemari Elon Musk yatangaje ko ari gutegura uburyo yagabanya inshingano yari afite mu rwego rushinzwe kugabanya amafaranga leta ya Amerika ikoresha (DOGE), kugira ngo yite ku kigo cye cya Tesla nyuma y’uko gikomeje kugaragaza umusaruro nkene.
-
Eddie Mutwe yatakambiye urukiko avuga iyicarubozo akorerwa
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo ku wa kabiri taliki 20 Gicurasi 2025, Edward Ssebuufu uzwi cyane ku izina rya Eddie Mutwe, nibwo yatoboye avuga ku mibereho mibi yagize igihe yari mu maboko ya gisirikare, ubwo yari imbere imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Masaka avuga ko byamusabaga kunywa ibinini 12 bigabanya ububabare ku munsi.
-
Korea y’Epfo: Urukiko rwatangiye gusuzuma niba Perezida Yoon akwiye kwegura
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’itegeko nshinga rwa Korea y’Epfo rwatangiye kuburanisha urubanza rwo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol, wabujijwe gutangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu ashyiraho amategeko yo mu bihe by’intambara no gushyira igihugu cye mu gihirahiro cya politiki.
Umuryango.rw
Impanuka y’imodoka yishe Abantu 71 muri Ethiopia
Kamerhe yashyiriye Museveni ‘ubutumwa bwihariye’ bwa Tshisekedi
Ibitaro mu Burundi byugarijwe n’inkomere z’abasirikare barasiwe muri Congo na M23
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
EASF yasoje inama y’inzego za politiki i Kigali yarimo Ntibantunganya
Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije
Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
Eddie Mutwe yatakambiye urukiko avuga iyicarubozo akorerwa
Korea y’Epfo: Urukiko rwatangiye gusuzuma niba Perezida Yoon akwiye kwegura