Mu mpera z’icyumweru, ibirori bya Ruhago y’u Rwanda bizimukira i Rubavu, aho ikipe ya APR FC ndetse na Rayon Sports zizakinira imikino yazo ya Shampiyona ku wa Gatandatu no ku Cyumweru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rubavu:Impera z’icyumweru zirarangwa n’birori bya Ruhago y’u Rwanda byahimukiye
26 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Uganda:Babiri bakurikiranyweho gutuka Perezida Museveni n’umuryango we
12 November 2024, by Joseph IradukundaAbasore babiri bo mu gihugu cya Uganda bafunzwe bakurikiranweho icyaha cyo gutuka Perezida Museveni, umuryango we n’abahanzi batatu bashyigikiye ishyaka NRM babinyujije muri video ntoya basangije abandi kuri TikTok .
-
Trump yahisemo umunyamakuru nka Minisitiri mushya w’Ingabo, anaha Elon Musk imirimo
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunyamakuru Pete Hegseth ari we agomba kugira Minisitiri mushya w’ingabo za kiriya gihugu.
-
Uruzinduko rwa Zelensky muri Afurika y’Epfo rwarangiye bihutiyeho
24 April 2025, by Joseph IradukundaUruzinduko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yari ari kugirira muri Afurika y’Epfo rwarangiye igitaraganya kubera ibitero u Burusiya bwaraye bugabye mu Murwa Mukuru w’iki gihugu, Kyiv.
-
Alyn Sano yizeye kunguka izindi nshuti muri Calfornia
23 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi nyarwanda Alyn Sano ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yitabiriye inama mpuzamahanga ya muzika izwi nka NAMM Show 2026, ibera muri Leta ya California.
-
Achraf Hakimi yatowe nk’Umunyafurika mwiza ukina mu Bufaransa
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMyugariro wa Paris Saint-Germain ukomoka muri Maroc, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’Umunyafurika ukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bufaransa.
-
Tanzania, Uganda na RDC mu bihugu ababikomokamo bashobora kubuzwa kwinjira muri Amerika
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwiga ku buryo bwo kwagura ingamba zo kubuza abaturage bo mu bihugu bitandukanye kwinjira muri Amerika, aho ashobora gushyiraho ibihano ku bo mu bindi 36 byiyongera ku byari bisanzwe bikumiriwe.
-
UPDF Ikomeje ibiganiro n’ingabo DRC Mu Kurandura ADF
8 November 2024, by Joseph IradukundaAbayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Kane taliki 07, Ugushyingo batangiye kuganira uko imikoranire mu kurandura ADF yakongerwamo imbaraga.
-
Igikangisho cy’imisoro cy’Amerika cyateye Uburusiya kwiruhutsa kurusha guhangayika
15 July 2025, by Joseph IradukundaKu wa mbere, mu cyumba cyitwa ’Oval Office’ cyo mu biro bya perezida w’Amerika (White House), Perezida Donald Trump yavugaga mu mvugo ikakaye, atangaza izindi ntwaro Amerika igiye koherereza Ukraine zaguzwe n’ibihugu by’i Burayi, ndetse akangisha gushyiraho imisoro mishya ku bicuruzwa byinjira mu gihugu, igihe yaba ishyizweho yashegesha isanduku ivamo amafaranga y’intambara.
-
Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe
9 November 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umunyamakuru Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV na bagenzi be barindwi bo mu ishyaka Dalfa-UMURINZI bafungwa by’agateganyo iminsi 30 muri Gereza.
Umuryango.rw
Rubavu:Impera z’icyumweru zirarangwa n’birori bya Ruhago y’u Rwanda byahimukiye
Uganda:Babiri bakurikiranyweho gutuka Perezida Museveni n’umuryango we
Trump yahisemo umunyamakuru nka Minisitiri mushya w’Ingabo, anaha Elon Musk imirimo
Uruzinduko rwa Zelensky muri Afurika y’Epfo rwarangiye bihutiyeho
Alyn Sano yizeye kunguka izindi nshuti muri Calfornia
Achraf Hakimi yatowe nk’Umunyafurika mwiza ukina mu Bufaransa
Tanzania, Uganda na RDC mu bihugu ababikomokamo bashobora kubuzwa kwinjira muri Amerika
UPDF Ikomeje ibiganiro n’ingabo DRC Mu Kurandura ADF
Igikangisho cy’imisoro cy’Amerika cyateye Uburusiya kwiruhutsa kurusha guhangayika
Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe