Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishaka ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ategura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, bitarenze impera z’uyu mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Intambara y’Uburusiya na Ukraine:Amerika ishaka ko Zelensky ategura amatora ya Perezida
2 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Igihe cyari iki - Kevin Kade ugiye kuririmba bwa mbere muri MTN Iwacu Muzika Festival
19 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bakomeye muri iki gihe, Kevin Kade yatangaje ko yiteguye gutanga ibyishimo mu ruhererekane rw’ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bigiye kuba ku nshuro ya 7, avuga ko “igihe cyari iki” kugira ngo ataramire abafana be bo mu Ntara.
-
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imali Cyemereye U Rwanda Miliyoni $181.7
14 December 2024, by Joseph IradukundaIkigega Mpuzamahanga cy’Imali (FMI) cyatangeje ko kizaha u Rwanda inkunga ya miliyoni 181.7 z’amadolari y’Amerika nyuma y’uko inama y’abayobozi bacyo bashoje ubugenzuzi ku mikorere y’inzego z’iterwa inkunga muri iki gihugu.
-
Igitaramo gisa n’ icyo RIB iherutse kuburizamo, muri Kenya cyabaye polisi irahahinguka
24 November 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryakeye abantu 30 barimo abakobwa bw’ abahungu batawe muri yombi na polisi ya Kenya nyuma yo kubasanga mu gitaramo banywa inzoga banasambana.
-
Musanze: Abamotari babangamiwe n’insoresore zibata ku munigo zikabambura
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bamotari bo mu mujyi wa Musanze, bavuga ko babangamirwa mu kazi kabo n’insoresore zibategera mu nkengero z’umujyi zibata ku munigo, zikabambura utwabo harimo za moto.
Aba bamotari bavuga ko badashobora kujya mu nkengero z’umujyi kubera ko ngo hari abo batwara bazi ko ari abagenzi ariko bakaba ari ibisambo baba babashyiriye bagenzi babo bafatanyije mu kwambura abamotari.
Dusabemungu Jean Claude yagize ati: “Ubu ntabwo twibeshya ngo ujyanye umuntu muri Buramira za Kimonyi iyo kuko (…) -
U Bwongereza bwahaye Mauritius Ibirwa bya Chagos byafatwaga nk’ibanga ry’ubwirinzi
4 October 2024, by Joseph IradukundaKu wa Kane, itariki 03 Ukwakira 2024, u Bwongereza bwavuze ko buzaha Igihugu cya Mauritius Ibirwa bya Chagos mu masezerano bwavuze ko atanga ejo hazaza h’u Bwongereza na Amerika.
-
Idarapo rya Commonwearth ryazamuwe i Kigali
9 March 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere muri Convention Centre Police y’u Rwanda yazamuye ibendera ry’umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza, nk’uko biteganyijwe ko inama y’uyu muryango izabera mu Rwanda muri Kamena 2020.
-
Ingabo z’u Rwanda zakoze Umuganda muri Jamaica
2 March, by ISIMBI EstellaItsinda ry’Abahanga mu by’ubwubatsi ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) riri muri Jamaica rifatanyije n’abahanga mu by’ubwubatsi bo mu Ngabo za Jamaica (JDF), bakoze Umuganda ku Kigo cya Blessed Assurance.
-
Mama Mukura yitabye Imana
3 August 2025, by ISIMBI EstellaUmufana ukomeye w’Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mukanemeye Madeleine, wamenyekanye nka “Mama Mukura”, yitabye Imana ku myaka 103, azize uburwayi.
-
Tanzania yashyize yemera ko yagaragayemo icyorezo cya Marburg
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yemeje ko habonetse ubwandu bushya bw’icyorezo cya Marburg, avuga ko ari umuntu umwe gusa kimaze kugaragaraho mu gihugu hose.
Umuryango.rw
Intambara y’Uburusiya na Ukraine:Amerika ishaka ko Zelensky ategura amatora ya Perezida
Igihe cyari iki - Kevin Kade ugiye kuririmba bwa mbere muri MTN Iwacu Muzika Festival
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imali Cyemereye U Rwanda Miliyoni $181.7
Musanze: Abamotari babangamiwe n’insoresore zibata ku munigo zikabambura
U Bwongereza bwahaye Mauritius Ibirwa bya Chagos byafatwaga nk’ibanga ry’ubwirinzi
Ingabo z’u Rwanda zakoze Umuganda muri Jamaica
Mama Mukura yitabye Imana
Tanzania yashyize yemera ko yagaragayemo icyorezo cya Marburg