Guverinoma y’u Bwongereza yashinjwe kwishyura abimukira bari muri iki gihugu binyuranyije n’amategeko kugira ngo bemere gusubira mu bihugu byabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hahishuwe ko u Bwongereza bwishyura abimukira ngo bemere gusubira mu bihugu byabo
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Wizkid mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana w’umukobwa
13 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bakunzwe muri Nigeria, Wizkid, ari mu byishimo byo kubyara umwana w’umukobwa, akaba umwana wa Gatatu abyaranye n’umujyanama we mu bijyanye n’umuziki Jada Pollock.
-
Amayobera 12 ari ku Isi amwe yayobeye abashakashatsi [AMAFOTO]
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu bihugu bitandukanye ku Isi hagaragara ibintu by’ amayobera, nanubu abashakashatsi bakomeye ku Isi ntibarabona uko babisobanura.
Umuryango tugiye kubageza ahantu 12 h’ amayobera.
Ikiyaga cy’ igikanka: Skeleton Lake
Iki cyiyaga giherereye mu gihugu cy’u Buhinde kikaba cyarasanzwemo amagufwa y’abantu arenga 200(200 skeletons) bivugwa ko ari abasirikare b’ u Buyapani bapfiriye mu ntambara ya kabiri y’isi, aya magufwa ngo rimwe na rimwe ajya azamuka akareremba hejuru.
Isumo y’ amaraso: (…) -
Uruzuba n’imvura idasazwe muri kubona bizakurwaho no kugarura ibimera gakondo-Impuguke
15 October 2024, by Joseph IradukundaImpuguke mu mihindagurikire y’ikirere zemeza ko kugarura ibiti gakondo byacitse byafasha kubungabunga imisozi ikomeje kwangirika bikomeye kubera imvura nyinshi igwa muri bimwe mu bice by’U Rwanda.
-
ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina akitwa MANZI Harrison Agape Diouf
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MANZI Harrison Agape Diouf mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Macron na Putin bavuganye kuri telephone nyuma y’imyaka ibiri
2 July 2025, by Joseph IradukundaKu wa kabiri Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuganye kuri telefone na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin - bwa mbere mu gihe kirenga imyaka ibiri n’amezi atandatu cyari gishize.
-
Ukuri mpamo ku mafoto byavugwaga ko ari ay’umurambo w’Umuyobozi w’Ikirenga akimara kwicwa
3 March, by ISHIMWE Jean de DieuAmafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, bivugwa ko ari ay’umurambo w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yagwiriwe n’ibisate by’inkuta, byemejwe ko ari ay’Ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano (AI).
-
Umuhanda Perezida Kagame yaduhaye uturutira izahabu zose zibaho – Meya Kamali
28 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien avuga ko bishimira umuhanda wa kabulimbo bahawe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akemeza ko ubarutira izahabu zose zibaho.
Uyu muyobozi yabitangarije abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 28 Kanama 2017.
Akarere ka Nyamasheke ni akarere gatuwe n’ abaturage 412 718 nk’ uko imibare iheruka kubigaragaza.
Mu byo abagatuye bishimira harimo kuba Nyamasheke ifite ikirere gihora gihehehereye bitewe n’ uko ikora kuri parike ya Nyungwe no (…) -
Perezida Macron yavuze ko Putin ari ‘gashakabuhake’
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’U Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin akomeje kwigira gashakabuhake.
-
M23 yongereye amasaha Umupaka wa Grande Barrière ufungurwa
12 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bwashyizweho na M23, bwatangaje ko umupaka wa Grande Barrière uzwi nka ‘La Corniche’, uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, n’u Rwanda, uzajya ufungurwa guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ufungwe saa yine z’ijoro.
Umuryango.rw
Hahishuwe ko u Bwongereza bwishyura abimukira ngo bemere gusubira mu bihugu byabo
Wizkid mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana w’umukobwa
Uruzuba n’imvura idasazwe muri kubona bizakurwaho no kugarura ibimera gakondo-Impuguke
ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina akitwa MANZI Harrison Agape Diouf
Macron na Putin bavuganye kuri telephone nyuma y’imyaka ibiri
Ukuri mpamo ku mafoto byavugwaga ko ari ay’umurambo w’Umuyobozi w’Ikirenga akimara kwicwa
Perezida Macron yavuze ko Putin ari ‘gashakabuhake’
M23 yongereye amasaha Umupaka wa Grande Barrière ufungurwa