Igisirikare cy’u Bwongereza gikomeje kugorwa no kubona abakozi, aho n’abarimo bari gusezera mu kazi umusubizo nubwo izamuka ry’imishahara rigeze kuri 6%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abongereza ntibagaragaza inyota yo kujya mu gisirikare
23 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump
10 October 2025, by ISIMBI EstellaMaria Corina Machado wo muri Venezuela, yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu “guteza imbere amahoro” muri Amerika y’Epfo, agace bivugwa ko “demokarasi iri mu kaga.”
-
Amakipe 17 arimo n’iya Chris Froome azitabira Tour du Rwanda 2021 izakinirwa I Kigali cyane
27 November 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki 21 kugeza 28 Gashyantare 2020.
-
Iskander: Imwe mu ntwaro z’Uburusiya ziteye impungenge ibihugu by’uburengerazuba bw’isi
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 9 Gicurasi 2025, Uburusiya bwizihizaga imyaka 80 butsinze Abanazi bari bayobowe na Adolphe Hitileri wari wateye icyitwaga Leta z’unze ubumwe z’Abasoviyete mu Ntambara ya kabiri y’isi yose. Ibi birori byari byahuruje abakuru b’ibihugu 20, ndetse ingabo z’ibihugu 13 birimo Ubushinwa, Misiri, Birmaniya na Vietnam,zakoze Akarasisi gakomeye mu masibo yaragize ingabo zose hamwe 11000 ku rubuga rw’Umutuku ( Place Rouge), aho nanone bakunze kwita kurukuta rwa Kremilin.
-
APR FC yatomboye RS Berkane muri CAF Confederation Cup
26 October 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatomboye ikigugu Renaissance Sportive de Berkane yo muri Morocco mu mikino y’ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu mikino y’amatsinda ya CAF Confederation Cup.
-
Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije
14 July 2025, by ISIMBI EstellaMu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo imyigaragambyo y’abana n’abagore b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bapfiriye ku rugamba bari bahanganyemo n’ihuriro AFC/M23.
-
Xabi Alonso yagizwe umutoza wa Real Madrid
25 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuXabi Alonso yagizwe umutoza wa Real Madrid mu gihe cy’imyaka itatu, asimbuye Carlo Ancelotti werekeje mu Ikipe y’Igihugu ya Brésil.
-
Gunée Equatorial yasabye urukiko rwa Loni guhagarika igurishwa ry’inyubako y’umuhungu wa Perezida Nguema
15 July 2025, by ISIMBI EstellaAbanyamategeko ba Leta ya Gunée Equatorial basabye urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) guhagarika igurishwa ry’inyubako y’umuhungu wa Perezida Teodoro Obiang Nguema Mbasogo, Teodoro Obiang Mangue, iherereye i Paris mu Bufaransa.
-
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
23 June 2020, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo nibwo Umupolisi muto witwa Jean Bosco Munyeshyaka wari uzwi ku izina ry’irihimbano rya Rwatubyaye yagiye gusura umudamu utuye mu Murenge wa Nyagatare, akagali ka Bushoga umudugudu wa Cyonyo mu Karere ka Nyagatare atashye asubiye mu kigo ngo atangira kumva atameze neza ndetse aza guhita apfa bitunguranye. Harakekwa amarozi.
Uyu mu Polisi bitaga Rwatubyaye yari yagiye kusura umugore wibana ariko wigeze kuba afite umugabo. Amakuru avuga ko umugabo yahoranye nawe yari (…) -
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
29 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Umutekano Dr Biruta Vincent yahuye na mugenzi we wa Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al Thani, baganira ku ngingo zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi ndetse n’imikoranire mu guteza imbere umutekano.
Umuryango.rw
Abongereza ntibagaragaza inyota yo kujya mu gisirikare
Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump
Iskander: Imwe mu ntwaro z’Uburusiya ziteye impungenge ibihugu by’uburengerazuba bw’isi
APR FC yatomboye RS Berkane muri CAF Confederation Cup
Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije
Xabi Alonso yagizwe umutoza wa Real Madrid
Gunée Equatorial yasabye urukiko rwa Loni guhagarika igurishwa ry’inyubako y’umuhungu wa Perezida Nguema
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar