Chuck Schumer yatorowe kongera kuyobora Abasenateri bo mu ishyaka ry’Aba-Democrates bari muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibigwi bya Chuck Schumer watorewe kuyobora Aba-Democrates muri Sena ya Amerika
4 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Trump rwongeye kumugera amajanja atabarwa n’abarinzi be hakiri kare
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmugabo witwaje imbunda ebyiri ntoya zitemewe n’amategeko yatawe muri yombi hafi y’aho Donald Trump yariho yiyamamariza i Coachella muri leta ya California, nk’uko polisi ibitangaza.
-
Biryogo yatangiye kurimbishwa kugira ngo ibe agace kabereye ijisho [AMAFOTO]
22 January 2022, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangiye kurimbisha agace kazwi nka Biryogo hakoreshejwe ubugeni. Uyu mujyi vuga ko ubugeni bukorewe mu mihanda buha umujyi kurushaho kugaragara neza no kugendwa.
Umujyi wa Kigali watangiye kwifashisha ubugeni mu guhindura Biryogo Car Free Zone ahantu rusange h’ibikorwa n’urujya n’uruza rw’abantu.
Aharimo kurimbishwa ni ahacururizwa icyayi cya thé vert.
Mu mpera z’umwaka ushize,Biryogo nibwo yashyizwemo ahatagera imodoka hagenda abanyamaguru gusa.
Agace ka Biryogo (…) -
Lt Gen Kruse wayoboraga ubutasi bw’igisirikare cya Amerika yirukanywe
23 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yirukanye Lt Gen Jeffrey Kruse wari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare ruzwi nka DIA.
-
EU yifashe ku byo kongera umusoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse gahunda wari ufite yo kongera umusoro ku bicuruzwa bifite agaciro ka miliyari 21$ bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagombaga gushyirwa mu bikorwa muri iki cyumweru.
-
Indege irimo abantu 68 yavaga Azerbaijan ijya mu Burusiya yakoze impanuka ikomeye
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri ishinzwe kurwanya ibiza n’ubutabazi bwihutirwa yatangaje mu itangazo ryayo ko indege itwara abagenzi yavaga muri Azerbaijan yerekeza mu Burusiya yakoze impanuka hafi y’Umujyi wa Aktau muri Kazakhstan ubwo yageragezaga kururuka mu buryo bwihutirwa.
-
Umwiryane wibasiye Aba-Démocrates nyuma yo gutsindwa uruhenu mu matora
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwiryane n’ubwumvikane buke bukomeje kuranga Ishyaka ry’Aba-Démocrates nyuma y’uko ritsinzwe amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse rigatakaza ubwiganze mu Nteko Ishinga Amategeko na Sena y’icyo gihugu.
-
Uwabaye muri Guverinoma ya Kenya yafungiwe guca igikuba
24 March, by Angeline MUKANGENZIRaphael Tuju wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Guverinoma ya Kenya, yatawe muri yombi nyuma y’umunsi umwe bivugwa ko yaburiwe irengero, bigatera ubwoba ko ashobora kuba yarashimuswe, akaba ashinjwa gutegura iryo bura rye, kuko yari yibereye iwe.
-
Polisi y’u Rwanda yasabye ikintu gikomeye abarenga ibihumbi 80 bamaze kwiyandikisha gukorera Perimi
7 December 2022, by Dusingizimana RemyPolisi yu Rwanda yasabye abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe.
Umuvugizi wa Polisi yu Rwanda, CP John Bosco Kabera yasabye abashaka gukora ibi bizamini kwihugura bihagije hagamijwe kugabanya umubare w’abatsindwa.
Yabwiye RBA ati“Ugomba kuza mu kizamini witeguye, bakiga neza nta kugerageza amahirwe mu kizamini cyo gutwara ibinyabiziga, nta kugerageza amahirwe yo kumenya amategeko kuko niyo agufasha kugenda (…) -
AFC/M23 yagabweho igitero gikomeye n’abarwanyi ba Wazalendo
14 January, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro ryo ku wa 13 Mutarama 2026 rishyira ku wA 14 Mutarama 2026, abafatanyabikorwa ba FARDC bitwa Wazalendo bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’inyeshyamba za AFC/M23 mu gace ka Kalembe, kari muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Umuryango.rw
Ibigwi bya Chuck Schumer watorewe kuyobora Aba-Democrates muri Sena ya Amerika
Trump rwongeye kumugera amajanja atabarwa n’abarinzi be hakiri kare
Biryogo yatangiye kurimbishwa kugira ngo ibe agace kabereye ijisho [AMAFOTO]
Lt Gen Kruse wayoboraga ubutasi bw’igisirikare cya Amerika yirukanywe
EU yifashe ku byo kongera umusoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika
Indege irimo abantu 68 yavaga Azerbaijan ijya mu Burusiya yakoze impanuka ikomeye
Umwiryane wibasiye Aba-Démocrates nyuma yo gutsindwa uruhenu mu matora
Polisi y’u Rwanda yasabye ikintu gikomeye abarenga ibihumbi 80 bamaze kwiyandikisha gukorera Perimi
AFC/M23 yagabweho igitero gikomeye n’abarwanyi ba Wazalendo