Umugabo w’imyaka 39, yahawe ibihaha by’ingurube mu bitaro bya Guangzhou Medical University abimarana iminsi icyenda, igikorwa kibayeho bwa mbere mu buvuzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bwa mbere umuntu yatewemo ibihaha by’ingurube
27 August 2025, by ISIMBI Estella -
Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya
20 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, baganiriye ku kwagura ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
-
U Bushinwa: Abashyingiranwa bakomeje kwiyongera
20 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko abafata icyemezo cyo gushyingiranwa biyongereyeho 8,5% mu mezi icyenda ya mbere ya 2025, binatanga icyizere ku bacuruza imyenda y’abageni.
-
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIItangazo rishya rya Joe Biden ryo kuva mu matora ya perezida ryahinduye isura ya politiki muri Amerika.
Nyuma yo kwikura ku kuziyamamariza umwanya wa Perezida, Kamala Harris ubu ni we uzwi cyane mu Ishyaka ry’Abademokarate. Nk’uwari visi perezida, ashobora kwisanga ahanganye na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo, kandi natsinda amatora, yaba abaye umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nk’uko yabitangarije africanews dukesha iyi nkuru, Barbara Perry, Umwarimu wigisha muri (…) -
AFC/M23 yongeye mu gisirikare cyayo aba FARDC baherutse kumanika amaboko
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro rya AFC/M23 ryafashe icyemezo cyo gushyira mu ngabo zayo abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, baherutse kumanika amaboko bakishyikiriza uyu mutwe.
-
Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yatabarutse
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuClaudine DeLucco Uwanyiligira wabaye Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
-
Tennis: Carlos Alcaraz yisubije French Open ya 2025 (Amafoto)
9 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Espagne Carlos Alcaraz yegukanye Irushanwa rya Roland Garros (French Open) mu bagabo nyuma yo gutsinda nimero ya mbere ku Isi muri Tennis, Jannik Sinner aturutse inyuma amaseti 3-2 (4-6, 6-7, 6-4, 7-6, 7-6).
-
Abongereza ntibagaragaza inyota yo kujya mu gisirikare
23 December 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cy’u Bwongereza gikomeje kugorwa no kubona abakozi, aho n’abarimo bari gusezera mu kazi umusubizo nubwo izamuka ry’imishahara rigeze kuri 6%.
-
Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump
10 October 2025, by ISIMBI EstellaMaria Corina Machado wo muri Venezuela, yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu “guteza imbere amahoro” muri Amerika y’Epfo, agace bivugwa ko “demokarasi iri mu kaga.”
-
Amakipe 17 arimo n’iya Chris Froome azitabira Tour du Rwanda 2021 izakinirwa I Kigali cyane
27 November 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki 21 kugeza 28 Gashyantare 2020.
Umuryango.rw
Bwa mbere umuntu yatewemo ibihaha by’ingurube
Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya
U Bushinwa: Abashyingiranwa bakomeje kwiyongera
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
AFC/M23 yongeye mu gisirikare cyayo aba FARDC baherutse kumanika amaboko
Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yatabarutse
Tennis: Carlos Alcaraz yisubije French Open ya 2025 (Amafoto)
Abongereza ntibagaragaza inyota yo kujya mu gisirikare
Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump