Umuhanzi wo muri Nigeria Simisola Kosoko uzwi cyane nka Simi, yasabye abantu guhagarika kwitiranya umwana we w’umukobwa n’izina ry’indirimbo ye ‘Duduke.’
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Simi yihanije abitiranya umwana we n’indirimbo ye
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
FBI iraperereza amakuru y’ibanga ko Isirayeli yaba igiye gutera Irani
23 October 2024, by Joseph IradukundaIbiro bishinzwe ubugenzacyaha muri leta zunze ubumwe z’Amerika bizwi nka FBI byatangaje ko birimo gukora iperereza ku mpapuro zikubiyemo amakuru y’ibanga rikomeye ry’ubutasi ryagiye ahagaragara, rivuga ku myiteguro y’igitero cyo kwihimura Isirayeli yaba iteganya kugaba kuri Irani.
-
FDNB yateye utwatsi ibivugwa na RED-Tabara ko yishe Ingabo zayo zirimo colonel
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu itangazo yanyujije kuri X, Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi yavuze ko ibivugwa n’umutwe wa RED-Tabara “nta ukwiye kubiha agaciro”, yongeraho ko igisirikare cy’u Burundi “vuba kirabereka ubuhamya bw’aba RED-Tabara bafashwe matekwa n’abishyikirije ingabo zacu” ahabera imirwano .
-
Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro
27 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yambitse umudali w’ishimwe umupilote wa kajugujugu ya gisirikare wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Nicolas Maduro wahoze ari Perezida wa Venezuela.
-
Minisante yemeje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye Marburg yarangiye
16 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara ya Marburg yarangiye.
-
Nyabihu: Imyaka ibaye itatu basiragira ku ngurane bari bemerewe
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bagera mu ijana bo mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu, bamaze imyaka ikabakaba itatu basaba kwishyurwa ingurane z’ibyabo byangiritse ubwo hakorwaga umuyoboro mugari w’amashanyarazi.
-
Musanze: Umugabo arakekwaho kwica umugore we
27 June 2025, by ISIMBI EstellaMugiraneza Jean Pierre w’imyaka 39 arakekwaho kwica umugore we Uwamahoro Valentine w’imyaka 35, nyuma akihutira guhungaira mu murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze.
-
Ikibuga cy’indege cya Dubai cyagabweho igitero cya drone
16 March, by ISIMBI EstellaIkibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Dubai cyagabweho igitero cya drone habanza kugaragara umuriro ariko uza kuzimywa.
-
BNR yagumishije igipimo cy’urwunguko fatizo kuri 6,5%
13 February 2025, by Joseph IradukundaBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje ko yagumishijeho igipimo cy’urwunguko fatizo kuri 6,5% bitewe n’uko ibona ko ubuhinzi buzatanga umusaruro uhagije mu 2025, kandi ko yizeye ko ubukungu bw’u Rwanda nta kizabuhungabanya.
-
Uganda: Bobi Wine yatabaje Isi avuga ko ubuzima bwe mu buhungiro buri mu kaga
16 March, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda NUP, Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, yongeye gutabaza Isi avuga ko mu buhungiro yahungiyemo abayeho mu buzima butari bwiza nyuma yo guhunga icyo gihugu cye ubwo yashakishwaga bikomeye n’inzego z’umutekano.
Umuryango.rw
Simi yihanije abitiranya umwana we n’indirimbo ye
FBI iraperereza amakuru y’ibanga ko Isirayeli yaba igiye gutera Irani
FDNB yateye utwatsi ibivugwa na RED-Tabara ko yishe Ingabo zayo zirimo colonel
Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro
Minisante yemeje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye Marburg yarangiye
Nyabihu: Imyaka ibaye itatu basiragira ku ngurane bari bemerewe
Musanze: Umugabo arakekwaho kwica umugore we
BNR yagumishije igipimo cy’urwunguko fatizo kuri 6,5%
Uganda: Bobi Wine yatabaje Isi avuga ko ubuzima bwe mu buhungiro buri mu kaga