Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, Barack Obama n’abandi banyapolitiki, bifurije Joe Biden yasimbuye ku butegetsi kurwara ubukira nyuma y’aho asanzwemo Kanseri ya Prostate yageze ku rwego rukomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump na Obama bifurije Biden kurwara ubukira nyuma yo gusangwamo Kanseri
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
U Rwanda rwahagaritse amateraniro ahuza abantu benshi kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda
14 March 2020, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yamaze guhagarika amateraniro y’ abantu benshi mu gihe cy’ibyumweru 2 kugira ngo hirindwe ikwirakwizwa ry’indwara ya Coronavirus yamaze kugera mu Rwanda izanywe n’umuhinde.
-
The Ben yageze mu Bwongereza
29 August 2025, by ISIMBI Estellabahatuye bamuhaye ikaze ahita yerekeza kuri hotel aho agomba kuruhukira mbere yo kwinjira mu gitaramo mu ijoro ryo kuri uyu wa 29 Kanama 2025.
Uyu muhanzi yerekeje mu Bwongereza mu ruhererekane rw’ibitaramo ari gukora mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha album ye nshya “The Plenty Love”.
Iki gitaramo gikurikiye ibindi byinshi yakoreye ku Mugabane w’i Burayi, muri Canada, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no muri Uganda.
The Ben wamaze kugera mu Bwongereza agiye kuhataramira nyuma yo kugaragara kandi mu gitaramo cy’umuhanzi wo muri Uganda witwa T-Paul, aho yagiye kumushyigikira mu buryo butunguranye dore ko atari yigeze yamamazwa nk’uzaharirimbira.
Iyi album The Ben ari kumvisha abakunzi be yasohotse muri Mutarama 2025 kuri ubu ikaba iri gucuruzwa na sosiyete y’Abanya-Nigeria yitwa ‘One Rpm’ imaze kwigarurira isoko rya benshi mu bahanzi ba hano mu Rwanda.
Ni album uyu muhanzi asohoye nyuma yo gukorera muri BK Arena igitaramo cy’amateka cyabaye ku wa 1 Mutarama 2025, aho ateganya no kongera gusubira ku wa 1 Mutarama 2026.
-
Chris Brown yasabye situdiyo ya Warner Bros kumuha miliyari 700 Frw y’indishyi
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Chris Brown w’imyaka 35,m yatanze ikirego cya miliyoni $500 (700,000,000 Frw) ashinja abategura filime mbarankuru yitwa Chris Brown: A History of Violence kumusebya.
-
Edda Mukabagwiza ayoboye indorerezi za EAC zizakurikirana amatora yo muri Uganda
14 January, by ISIMBI EstellaUmunyamategeko w’Umunyarwandakazi, Edda Mukabagwiza, ayoboye indorerezi z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zagiye gukurikira amatora y’Umukuru w’Igihugu n’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda, ateganyijwe ku wa 15 Mutarama 2026.
-
Amerika yanze ko Venezuela yishyurira Maduro umwunganizi
27 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamategeko wa Nicolás Maduro ku byaha ashinjwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byo gucuruza ibiyobyabwenge, Barry Pollack, yatangaje ko ubutegetsi bwa Trump bwanze ko Venezuela imwishyurira ikiguzi cy’ubwunganizi.
-
RD Congo: Ibyihebe byishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero
9 February, by Angeline MUKANGENZIAbarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Perezida Ndayishimiye n’abo bafatanyije kuyobora ntabwo bazasanga tugoranye gukorana nabo-Perezida Kagame
10 July 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukorana na Guverinoma nshya y’u Burundi igihe cyose izaba ishaka politiki nziza y’ubuhahirane n’umubane mwiza n’u Rwanda.
-
Amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Benin yishyize hamwe mu gutegura amatora
11 November 2024, by Joseph IradukundaAmashyaka menshi atavuga rumwe na Leta muri Benin, harimo n’irya Thomas Boni Yayi wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu yishyize hamwe agamije kugarura demokarasi bivugwa ko yangiritse, no gukorera hamwe mu rwego rwo gushaka uko amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu 2026 azaba mu mucyo no mu bwisanzure.
-
Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro
17 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Syria Bashar al-Assad, uherutse guhunga igihugu kubera imitwe yitwaje intwaro yigaruriye umurwa mukuru, we na se Hafez Al-Assad bashinjwe gukora ubwicanyi bukabije budakurikije amategeko igihe bari ku butegetsi ndetse bakica abasivili benshi.
Umuryango.rw
Trump na Obama bifurije Biden kurwara ubukira nyuma yo gusangwamo Kanseri
U Rwanda rwahagaritse amateraniro ahuza abantu benshi kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda
The Ben yageze mu Bwongereza
Chris Brown yasabye situdiyo ya Warner Bros kumuha miliyari 700 Frw y’indishyi
Edda Mukabagwiza ayoboye indorerezi za EAC zizakurikirana amatora yo muri Uganda
Perezida Ndayishimiye n’abo bafatanyije kuyobora ntabwo bazasanga tugoranye gukorana nabo-Perezida Kagame
Amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Benin yishyize hamwe mu gutegura amatora
Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro