Kuri uyu wa Kane nibwo hasojwe Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12, ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu Rwanda n’uruba hanze rwasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12 rwigishijwe gukoresha Intwaro[AMAFOTO]
8 August 2019, by Martin Munezero -
Zayn Malik yafashe icyemezo gikomeye kubera urupfu rwa Liam Payne babanye muri ‘One Direction’
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Zayn Malik waririmbanaga muri ‘One Direction’ na Liam Payne uheruka gupfa, yahagaritse ibitaramo yari afite bizenguruka Amerika nyuma y’igihombo cyo kubura umuvandimwe we.
-
Manchester United yatsinze Manchester City ikomeza kwicuma muri Premier League
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuManchester United yavuye inyuma yishyura igitego yari yatsinzwe na Manchester City ndetse yongeraho ikindi, yicumaho umwanya umwe ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.
-
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
-
Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe
9 November 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umunyamakuru Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV na bagenzi be barindwi bo mu ishyaka Dalfa-UMURINZI bafungwa by’agateganyo iminsi 30 muri Gereza.
-
Clare Akamanzi yabajije ikibazo gikomeye Perezida Tshisekedi bahuriye mu Busuwisi
18 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro i Davos mu Busuwisi yabajijwe ikibazo n’Umunyarwandakazi Clare Akamanzi uyobora RDB,ku mpamvu igihugu cye kitemera imikoranire n’abandi mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu.
Aha aba bombi bari mu nama y’ihuriro ry’abayobozi yiga ku bukungu iteraniye i Davos mu Busuwisi, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Mutarama 2023.
Akamanzi yagize ati “Niba ikibazo cy’umutekano ari imbogamizi kuri (…) -
Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha
22 April 2025, by ISIMBI EstellaTwahirwa Moses wahanze inzu y’imideli ya Moshions yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB aho akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Amb. Col (Rtd) Karemera yitabye Imana
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi akanaba Col (Rtd) Karemera Joseph wakoze imirimo itandukanye muri Guverinoma y’u Rwanda, yapfuye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira.
-
U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara muri Gaza
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yongeye kohereza imfashanyo ingana na toni 19 zirimo ibyo kurya by’abana, imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu rwego rwo gufasha abaturage bugarijwe n’intambara muri Gaza.
Iyi mfashanyo yatanzwe ku bufatanye n’Ubwami bwa Hashemite bwa Jordanie, binyujijwe mu Muryango udaharanira inyungu witwa Jordan Hashemite Charity Organization ukorera i Ammam.
Itangazo rya Guverinioma y’u Rwanda rwo kuwa 7 Ugushyingo 2024, yavuze ko “iyo mfashanyo ikubiye muri (…) -
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Abagore bo mu rwego rw’imari
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMadame Jeannette Kagame yitabiriye Inama Ngarukamwaka y’Ihuriro ry’Abagore bari mu rwego rw’Imari (Financial Alliance for Women Annual Summit) irimo kubera muri Kigali Convention Centre.
Umuryango.rw
Zayn Malik yafashe icyemezo gikomeye kubera urupfu rwa Liam Payne babanye muri ‘One Direction’
Manchester United yatsinze Manchester City ikomeza kwicuma muri Premier League
Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe
Clare Akamanzi yabajije ikibazo gikomeye Perezida Tshisekedi bahuriye mu Busuwisi
Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha
Amb. Col (Rtd) Karemera yitabye Imana
U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara muri Gaza
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Abagore bo mu rwego rw’imari