Abapolisi n’abasirikare bakomoka mu bihugu 22 by’Afurika birimo n’u Rwanda, batangiye amahugurwa agenewe abazajya bigisha abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
3 December 2025, by ISIMBI Estella -
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, itariki 18 Ukwakira 2024, Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo mu murwa mukuru Pretoria, mu gihe Taiwani iyishinja gukoreshwa n’igitutu cy’u Bushinwa .
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Nigeria, Iyanya Onoyom Mbuk, uzwi cyane ku izina rya Iyanya, yavuze uburyo yahuye n’ibigeragezo bikomeye byatumye agira ibihe bibi kurusha ibindi mu buzima bwe, aho yabuze ababyeyi be bombi ndetse n’umuvandimwe we mu gihe kitageze no ku myaka ibiri.
-
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
3 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye bagenzi be b’u Burusiya n’u Bushinwa, avuga ko ababona nk’abayobozi b’abanyembaraga, abanyabwenge kandi badakinishwa.
-
Umusirikare w’ u Rwanda wateye ivi mu ruhame kubera umukobwa yavugishije benshi
6 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 5 Gicurasi 2018 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye ifoto y’ umusirikare w’ u Rwanda ufite ipeti rya sergeant tutabashije kumenya amazina wafotowe apfukamishije ivi rimwe mu muhanda ngo yambike impeta umukobwa amusaba kumubera umugore.
-
Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe
2 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe ibaruramibare rishingiye ku mirimo (BLS), Dr. Erika McEntarfer, amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe.
-
Polisi ya Danimarike Yafashe Batatu Barashe kuri Ambasade ya Isirayeli
3 October 2024, by Joseph Iradukundauri Danemarki no muri Suwede, abantu barashe hafi y’ambasade za Isiraheli. Polisi ya Danmarki ivuga ko yataye muri yombi abantu batatu
-
Urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu Rwanda n’uruba hanze rwasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12 rwigishijwe gukoresha Intwaro[AMAFOTO]
8 August 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kane nibwo hasojwe Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12, ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
-
Zayn Malik yafashe icyemezo gikomeye kubera urupfu rwa Liam Payne babanye muri ‘One Direction’
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Zayn Malik waririmbanaga muri ‘One Direction’ na Liam Payne uheruka gupfa, yahagaritse ibitaramo yari afite bizenguruka Amerika nyuma y’igihombo cyo kubura umuvandimwe we.
Umuryango.rw
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe
Polisi ya Danimarike Yafashe Batatu Barashe kuri Ambasade ya Isirayeli
Zayn Malik yafashe icyemezo gikomeye kubera urupfu rwa Liam Payne babanye muri ‘One Direction’