Mu Burusiya bahagurukiye abagore bahitamo gushyingiranwa n’abasirikare bari ku rugamba muri Ukraine bagamije kuzazungura imitungo yabo igihe bapfuye, kuko bahabwa ibihumbi 170 by’Amayero nk’impozamarira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Leta y’u Burusiya yatangiye kurwanya abagore bashyingiranwa n’abasirikare bagamije gusa kuzungura ibyabo.
8 November 2025, by ISIMBI Estella -
Yambaye gisirikare ngo yemeze inkumi bimubyarira akaga
11 January 2025, by Joseph IradukundaMuri Tanzania, umusore yagejejwe imbere y’urukiko, nyuma yo gufatwa yambaye imyenda ya gisirikare kandi atari umusirikare, akabikora agamije kugira ngo yemeze umukobwa akunda.
-
Dore uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu makipe yabo mu mpera z’icyumweru
28 October 2024, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bafashije amakipe yabo kwitwara neza nubwo hari abo shampiyona zabo zitahiriye.
-
Clapton Kibonge n’umugore we Jackie berekanywe mu rusengero
16 March, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya Clapton Kibonge, n’umugore we Ntambara Mutoni Jackie berekanywe mu rusengero nk’umuryango ugiye gutera indi ntambwe.
-
Abantu 6 basanganwe Covid-19 ikomeye ya Omicron mu Rwanda
15 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID19 izwi ku izina rya Omicron. Abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye nabo.
Minisiteri y’Ubuzima yaboneyeho gusaba Abanyarwanda bari hejuru y’imyaka 12, gukomeza kwitabira ibikorwa byo kwikingira kuko ari bwo buryo burambye mu kwirinda ubu bwoko bushya bwa Covid-19.
Kugeza ubu, abamaze guhabwa dose ya mbere y’urukingo ni 6.925.192 mu gihe abamaze guhabwa dose ya kabiri y’urukingo (…) -
IFOTO Y’UMUNSI: Abasirikare bagera ku 1000 barwanira ku butaka basoje amahugurwa yarimo imyitozo ikaze
25 November 2021, by Dusingizimana RemyUyu munsi, abasirikare hafi 1000 ba RDF barimo ba ofisiye bato n’abandi bafite andi mapeti basoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru,Advanced Infantry Training (AIT), agenewe ingabo zirwanira ku butaka.
Ni amahugurwa yari amaze amezi 6, yaberaga mu Ishuri rya Gisirikare i Nasho,mu Karere ka Kirehe.
AIT yashizweho kugira ngo yongere ubumenyi bw’abasirikare basanzwe kugirango babashe kwitwara neza mu gihe basohoza ubutumwa bwa RDF.
Umuhango wo gutanga impamyabumenyi wari uyobowe n’umugaba (…) -
Byukusenge Patrick yegukanye isiganwa ribanziriza ‘Tour du Rwanda 2026’
8 February, by Angeline MUKANGENZIByukusenge Patrick w’Ikipe y’Igihugu (Team Rwanda), yegukanye isiganwa ryihariye ryiswe ‘Amahoro Criterium’ ryari rigamije kureba urwego rw’abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda 2026.
-
Urubanza rw’Umujenerali wa FARDC ushinjwa kugambanira Igihugu rwapfundikiwe habuze ibimenyetso by’ingenzi
22 April, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwapfundikiye urubanza ruregwamo Lieutenant-Général Philémon Yav Irung uregwa ibyaha by’ubugambanyi, birimo ibishingiye ku kuba hari ubutumwa bugufi ngo bwagaragaye muri telefone ye bwiswe ubw’ukorana na General James Kabarebe.
-
APR na Rayon Sports zigiye kongera gucakiranira mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Intwari
14 January, by Angeline MUKANGENZIIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, (FERWAFA), ryatangaje ko ryamaze gutumira amakipe ane azakina irushanwa ry’Intwari ry’umwaka wa 2026, rizitabirwa n’amakipe yasoje mu myanya ine ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’umwaka ushize w’imikino wa 2024/25.
-
Putin yashyiriyeho abimukira badafite ibyangombwa igihe ntarengwa cyo kuba mu Burusiya
31 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye abimukira badafite ibyangombwa ko babishaka bitarenze tariki ya 30 Mata 2025, babibura bakirukanwa muri iki gihugu.
Umuryango.rw
Leta y’u Burusiya yatangiye kurwanya abagore bashyingiranwa n’abasirikare bagamije gusa kuzungura ibyabo.
Yambaye gisirikare ngo yemeze inkumi bimubyarira akaga
Dore uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu makipe yabo mu mpera z’icyumweru
Clapton Kibonge n’umugore we Jackie berekanywe mu rusengero
Abantu 6 basanganwe Covid-19 ikomeye ya Omicron mu Rwanda
IFOTO Y’UMUNSI: Abasirikare bagera ku 1000 barwanira ku butaka basoje amahugurwa yarimo imyitozo ikaze
Byukusenge Patrick yegukanye isiganwa ribanziriza ‘Tour du Rwanda 2026’
Urubanza rw’Umujenerali wa FARDC ushinjwa kugambanira Igihugu rwapfundikiwe habuze ibimenyetso by’ingenzi
APR na Rayon Sports zigiye kongera gucakiranira mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Intwari
Putin yashyiriyeho abimukira badafite ibyangombwa igihe ntarengwa cyo kuba mu Burusiya