Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Amerika igiye kuva mu miryango mpuzamahanga myinshi no mu nzego z’Umuryango w’Abibumbye, kuko yakoraga mu buryo bunyuranyije n’inyungu z’igihugu cye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump ateganya gusohora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu miryango mpuzamahanga 35 no mu mashami 31 ya Loni.
8 January, by ISIMBI Estella -
Rubavu: Umugore yamutaye amezi 9 agaruka asaba gusaranganya umutungo
9 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuturage witwa Nzabanita Innocent, araririra mu myotsi nyuma y’uko ahangayikishijwe n’abayobozi bamuhagarika gukora mu mirima ye kubera amakimbirane afitanye n’umugore we wamutaye mu gihe cy’amezi icyenda akagaruka ashaka gusaranganya imitungo.
-
Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga
30 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaganiriye n’Abanyarwanda bakora bakora mu nzego Mpuzamahanga, kuri gahunda z’iterambere ry’igihugu.
-
U Rwanda rwakiriye inkunga y’imashini 100 zifasha abantu guhumeka rwahawe na USA
30 July 2020, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwakiriye inkunga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika y’imashini 100 zifasha abarwayi guhumeka kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nyakanga 2020.
-
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
3 December 2025, by ISIMBI EstellaAbapolisi n’abasirikare bakomoka mu bihugu 22 by’Afurika birimo n’u Rwanda, batangiye amahugurwa agenewe abazajya bigisha abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
-
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, itariki 18 Ukwakira 2024, Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo mu murwa mukuru Pretoria, mu gihe Taiwani iyishinja gukoreshwa n’igitutu cy’u Bushinwa .
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Nigeria, Iyanya Onoyom Mbuk, uzwi cyane ku izina rya Iyanya, yavuze uburyo yahuye n’ibigeragezo bikomeye byatumye agira ibihe bibi kurusha ibindi mu buzima bwe, aho yabuze ababyeyi be bombi ndetse n’umuvandimwe we mu gihe kitageze no ku myaka ibiri.
-
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa
3 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye bagenzi be b’u Burusiya n’u Bushinwa, avuga ko ababona nk’abayobozi b’abanyembaraga, abanyabwenge kandi badakinishwa.
-
Umusirikare w’ u Rwanda wateye ivi mu ruhame kubera umukobwa yavugishije benshi
6 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 5 Gicurasi 2018 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye ifoto y’ umusirikare w’ u Rwanda ufite ipeti rya sergeant tutabashije kumenya amazina wafotowe apfukamishije ivi rimwe mu muhanda ngo yambike impeta umukobwa amusaba kumubera umugore.
Umuryango.rw
Trump ateganya gusohora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu miryango mpuzamahanga 35 no mu mashami 31 ya Loni.
Rubavu: Umugore yamutaye amezi 9 agaruka asaba gusaranganya umutungo
Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga
U Rwanda rwakiriye inkunga y’imashini 100 zifasha abantu guhumeka rwahawe na USA
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
Trump asanga Perezida Xi Jinping na Putin ari abo kudakinishwa