Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embaló yambitse Perezida Kagame umudari uzwi nka ‘Amílcar Cabral Medal’, ukaba ari umudari w’icyubahiro muri iki gihugu.
Uyu mudari ukaba uhabwa abakuru b’ibihugu by’inshuti za Guinea-Bissau.
Perezida Kagame yageze muri Guiné Bissau kuri uyu wa 17 Mata,aho yakiriwe na mugenzi we Perezida Umaro Sissoco Embaló.
Abayobozi bombi bagiranye inama mu muhezo mbere yo gukomeza ibiganiro bigaruka ku mubano w’u Rwanda na Guinée-Bissau hagati y’intumwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yambitswe umudari w’icyubahiro na mugenzi we wa Guinée-Bissau
17 April 2023, by Dusingizimana Remy -
U Bushinwa: Urubyiruko rwanze gushaka, ababyeyi bahangayitse
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bushinwa, bamwe mu babyeyi baravugwaho gukoresha videwo zakozwe n’ubwenge bw’ubukorano (AI) zigaragaza abantu bicuza uko bitwaye mu buzima, izo videwo bazikoresha bagamije gushyira igitutu ku bana babo kugira ngo bashishikarize gushaka ingo zabo no kubyara.
-
Urubanza rwa Eric rwashyizwe mu muhezo
28 April, by ISIMBI EstellaSemuhungu Eric yatawe muri yombi ku wa 09 Mata 2026. nyuma rero dosiye ye yaje gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku itariki 14 Mata 2026. Uyu wahoze ari umusore akaza kwigira umugore, akurikiranyweho ibyaha birimo igihanishwa igifungo cy’imyaka 15. Urukiko rwavuze ko bitewe n’imiterere y’urubanza rw’imbonezamubona ari ngombwa ko rushyirwa mu muhezo. Ni uko byanzuwe rushyirwa mu muhezo.
-
Inama y’abaperezida ba EAC yiga ku kibazo cya RDC yitabiriwe bishimishije
20 June 2022, by Dusingizimana RemyAba Perezida ba EAC bahuriye mu Nama i Nairobi mu kwiga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC aho Perezida Umwe gusa ariwe utabonetse akaba ari Madamu Samia Suluhu uyobora Tanzania.
Iyi nama yitabiriwe cyane kuko mu ba Perezida 7 iri kuvuga ku mutekano mu Burasirazuba bwa Kongo. Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yahagarariwe na Ambasaderi w’igihugu cye muri Kenya, John Stephen Simbachawene.
Perezida Kagame w’u Rwanda na Felix Tshisekedi wa Kongo Kinshasa bari (…) -
Urukiko rwisumbuye rwatesheje agaciro ubujurire bwa Rusesabagina rutegeka ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo
2 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Ukwakira 2020,Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, rushimangiye icyemezo cy’urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro cyo gufunga iminsi 30 y’agateganyo Rusesabagina Paul.
-
Ibintu byahinduye isura ku makipe yo mu Bwongereza muri Europa League [REBA EUROPA LEAGUE KURI STARTIMES]
17 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane nibwo harakinwa imikino ibanza ya 1/32 cya UEFA Europa League aho amakipe yo mu Bwongereza asabwa guhindura imikinire kuko ubu ibintu byahindutse ari ugukuranamo.
-
KNC yavuze uburyo Aline Gahongayire akeneye kwitabwaho akavurwa
29 April 2019, by Martin MunezeroMu minsi ishize nibwo hasakaye amashusho ya Aline Gahongayire yifatira ku gahanga itangazamakuru ryo mu Rwanda. Mu buhamya aherutse gutanga, yavuze uburyo yagiye azamuka, iby’amagambo y’abantu n’uburyo atari ku rwego rw’itangazamakuru ryo mu Rwanda.
-
Abadipolomate ba Israel bateraniye i Kigali
16 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBa Ambasaderi bungirije bahagarariye Israel mu bihugu bitandukanye bya Kigali, bateraniye i Kigali mu mwiherero wo "gusuzuma ibibazo bitandukanye ndetse n’amahirwe y’imikoranire" hagati y’Igihugu cyabo na Afurika.
-
Nick Cannon yahishuye ko Mariah Carey yamuteye ihungabana ryo kubyara abana benshi
19 September 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filimi w’umunyarwenya, umuririmbyi n’umunyamakuru w’Umunyamerika, Nick Cannon, wamenyekanye cyane mu kuyobora ikiganiro ‘The Masked Singer’, yahishuye ko kuba yarabyaye abana 12 atari gahunda yari yarateguye, ahubwo byaturutse ku ihungabana no kutabona umwanya wo gukira ibikomere byo mu buzima bwe bwite birimo no gutandukana na Mariah Carey.
-
Kongo:Batangiye Gukoresha Imiti Gakondo Bivura Ubushita bw’Inkende.mp4
3 September 2024, by Joseph IradukundaAbaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo bakomeje kumvikana bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’icyorezo cy’ubushita bw’inkende. Umubyeyi urwarije umwana mu bitaro by’i Kavumu, avuga ko hari ikibazo cy’imiti ku buryo batangiye kwivurisha imiti ya gakondo.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yambitswe umudari w’icyubahiro na mugenzi we wa Guinée-Bissau
U Bushinwa: Urubyiruko rwanze gushaka, ababyeyi bahangayitse
Urubanza rwa Eric rwashyizwe mu muhezo
Inama y’abaperezida ba EAC yiga ku kibazo cya RDC yitabiriwe bishimishije
Urukiko rwisumbuye rwatesheje agaciro ubujurire bwa Rusesabagina rutegeka ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Abadipolomate ba Israel bateraniye i Kigali
Nick Cannon yahishuye ko Mariah Carey yamuteye ihungabana ryo kubyara abana benshi
Kongo:Batangiye Gukoresha Imiti Gakondo Bivura Ubushita bw’Inkende.mp4