Guverinoma y’u Rwanda isobanura ko itsimbaraye ku kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, kuko uyu mutwe ari ikibazo ku mutekano warwo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kuki u Rwanda rushishikajwe no kuba RDC yajya mu mishyikirano na M23?
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’abanza agiye gutangira
7 January 2021, by Martin MunezeroMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abiga mu mashuri y’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere cy’abanza bazasubukura amasomo yabo ku wa 18 Mutarama 2021 nyuma y’igihe kigera ku mezi 10 bari bamaze batiga kubera icyorezo cya COVID-19.
-
Perezida wa Tanzania yahaye Simba SC indege yihariye
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Dr Samia Suluhu Hassan, yahaye ikipe ya Simba SC indege yihariye izayifasha kujya muri Maroc gukina umukino ubanza wa nyuma wa CAF Confederation Cup uzabera i Berkane ku itariki ya 17 Gicurasi 2025.
-
Umuhanzikazi Tyla yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Wizkid
31 May 2025, by Gladiator OGUmuhanzikazi Tyla ukomoka muri Afurika yepfo uri mu bagezweho mu ruhando rwa muzika ku isi kuri uyu munsi yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Wizkid ukomoka mu gihugu cya Nigeria.
-
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryuzuyemo amarangamutima n’ibyishimo, Umujyi wa Huye wakiriye igitaramo cya mbere cya Tour du Rwanda Festival, cyabimburiye urundi ruhererekane rw’ibitaramo bizaherekeza Tour du Rwanda 2026. Cyabereye muri Parking ya Stade ya Huye, aho imbaga y’abakunzi b’umuziki Nyarwanda bateraniye baje gutaramana n’abahanzi barimo Bwiza, Bushali, Kenny Sol na Kivumbi King.
-
Umuhango wo kwimika Umwami w’Ubwongereza uritabirwa na bake b’intoranywa
5 May 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla bita – Queen Consort, i Westminster Abbey mu murwa mukuru London. Iyi ni ishusho y’abantu ibihumbi batumiwe muri uwo muhango.
-
Leta ya RDC yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe na yo
1 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani Lukoo, ku wa 31 Ukwakira 2025 yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Mu karere ka Nyanza haravugwa Umusore wishe se amuziza ko atamuguriye moto
5 February 2025, by Joseph IradukundaUmusore uri mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Muyira, arashinjwa kwica se umubyara nyuma yo kumusaba ko yamugurira moto akabura amafaranga.
-
Bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu Rwanda mu kwezi kwa Mata harimo ifatwa rya Sankara,gushyira hanze ubwambure bw’abakinnyi, impano zitangaje,ubwishongozi bwa Gahongayire nibindi[AMAFOTO]
1 May 2019, by Martin MunezeroNkuko bisanzwe bisanzwe buri kwezi ntihajya habura ibidasanzwe bikuberamo haba ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru byo mu Rwanda bigacika,Aha tukaba twakusanyirije abasomyi b’UMURYANGO bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga byo mu Rwanda mu kwezi gushize kwa Mata.
-
Amateka ya Hezbollah , ese ishobora kujya mu ntambara yeruye na Israel?
24 September 2024, by Joseph IradukundaMinisteri y’ubuzima ya Libya ivuga ko abantu hafi 500 bapfuye abandi ibihumbi barakomereka naho ibihumbi za mirongo bava mu byabo mu bitero by’indege z’intambara za Israel byatangiye ku wa mbere, yo ivuga ko irimo kurwana na Hezbollah.
Umuryango.rw
Kuki u Rwanda rushishikajwe no kuba RDC yajya mu mishyikirano na M23?
Perezida wa Tanzania yahaye Simba SC indege yihariye
Umuhanzikazi Tyla yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Wizkid
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
Umuhango wo kwimika Umwami w’Ubwongereza uritabirwa na bake b’intoranywa
Leta ya RDC yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe na yo
Mu karere ka Nyanza haravugwa Umusore wishe se amuziza ko atamuguriye moto
Amateka ya Hezbollah , ese ishobora kujya mu ntambara yeruye na Israel?