Uwishwe yari asanzwe akorera mu Majyepfo ya Lebanon akaba yishwe n’igitero cy’indege za Israel cyaraye kigabwe mu ijoro ryacyeye, akaba yitwa Fateh Sherif Abu el-Amin.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuyobozi Wa Hamas Muri Lebanon Nawe Yishwe
30 September 2024, by Joseph Iradukunda -
NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa
1 November 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri ari mu gihugu harimo arenga 650 akora atagira ibyangombwa, ndetse ngo mu bihe biri imbere bazatangira kuyasura bareba ayujuje ibisabwa yemererwe gukora, andi ahagarikwe.
-
Ross Kana yasezeye muri 1:55AM
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRoss Kana wari umwe mu bahanzi babarizwaga muri 1:55 AM Ltd yamaze kwandika urwandiko ruyisezeramo abashinja kutubahiriza amasezerano y’ibyo bumvikanye kuva yageramo ku wa 1 Ukuboza 2023.
-
Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’
17 December 2024, by Joseph IradukundaUmwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo ni urubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali. Hirya yabo, undi yunzemo ati “Inshuti yanjye tungana ubu yarabyaye kubera kuba imbata y’aya mashusho”.
-
Press Release - Enter 2021 with a sports feast on StarTimes
20 December 2020, by UbwanditsiChristmas is around the corner, New Year is following and many sports events entered their winter break. But not all of them! StarTimes offers you a real sports feast to end 2020 with passion and start 2021 with excitement.
Spanish football league LaLiga will hold four match days between 19 December and January 4, i.e. 40 live matches in two weeks’ time on ST Sports Premium! Real Sociedad, Atletico Madrid and Real Madrid are on top of the table with 26 points, which club will start 2021 as (…) -
Umujyi wa Kigali washyize hanze ingano y’amande azajya acibwa abarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
3 September 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali wasohoye amabwiriza agena ibihano bihabwa abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda #COVID19 yashyizweho n’Inama y’Abaminisitiri.
-
Eddy Kenzo agiye kujyana mu nkiko Promoter Nobart
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Edirisa Musuuza, uzwi cyane nka Eddy Kenzo, yiyemeje ko agiye kujyana mu nkiko umwe mu bategura ibitaramo muri Uganda Nobart Twizire uzwi nka Promoter Nobert kubera ku mushinja ibinyoma.
-
Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka y’ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Rubaya cyagwiriye abantu, rigaragaza ko byose bishinze iminzi ku micungire mibi yabwo muri uru rwego rw’ubucukuzi.
-
RDC: Inzego ziri gushishikariza urubyiruko kujya muri FARDC ngo batere u Rwanda
12 February 2025, by Joseph IradukundaBinyuze ku mujyanama we ushinzwe itumanaho, Fifi Masuka Saïni, Guverineri w’Intara ya Lualaba, yahamagariye urubyiruko kujya mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Josué Muyumba yatangaje ubutumwa bw’umuyobozi mukuru w’intara mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru baho mu minsi ishize.
-
Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi mu Bufaransa yirukanwe
1 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi mukuru w’ubutasi bwa gisirikare bw’Ubufaransa Jenerali Eric Vidaud yiguwe ku mirimo ye, nyuma yo kutabasha gutahura mbere ko u Burusiya bugiye gutera Ukraine.
Umuryango.rw
Umuyobozi Wa Hamas Muri Lebanon Nawe Yishwe
NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa
Ross Kana yasezeye muri 1:55AM
Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’
Umujyi wa Kigali washyize hanze ingano y’amande azajya acibwa abarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
Eddy Kenzo agiye kujyana mu nkiko Promoter Nobart
Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200
RDC: Inzego ziri gushishikariza urubyiruko kujya muri FARDC ngo batere u Rwanda
Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi mu Bufaransa yirukanwe