Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yasobanuriye abanyamerika impamvu yivanye mu matora y’umukuru w’igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika: Biden ati "Amerika ntiyoborwa n’abanyagitugu cyangwa abami"
25 July 2024, by AHISHAKIYE Emmanuel -
Huye: Umwalimu mu mashuli abanza yafatiwe mu cyuho amaze kwiba itoroshi na telefoni mu nzu y’abandi
23 December 2017, by UbwanditsiKiwanuka Marc, umwalimu mu ishuli ribanza rya Gishamvu arakewaho kwiba itoroshi ndetse na telefoni byari bicometse mu nzu y’uwitwa Habineza Joseph nyuma y’aho ku mugoroba wo muri iri joro ryakeye uyu mwalimu bamuguye gitumo ari mu nzu y’uyu Habineza Joseph utuye mu Murenge wa Tumba akagali ka Mpare Umudugudu wa Kigarama.
Amakuru dukesha abaturanye na Habineza ni uko mwalimu Kiwanuka ashobora kuba yarageze mu nzu ya Habineza anyuze hejuru y’urugo nyuma bakamugwa gitumo amaze gufata (…) -
Bugesera/G.S Ruhuha: Wa mwarimu wateye inda umunyeshuli yakatiwe iminsi 30, abandi 3 baratwite
1 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi w’ishuri rya G.S Ruhuha ntaraburana
Umuyobozi ushinjwe imyitwarire y’abanyeshuri nawe aracyafunze
Umwarimu ushinjwa gutera inda umunyeshuri yakatiwe iminsi 30
Uyu mukobwa watewe inda ngo afite musaza we w’umusirikare -
Igikomangoma Harry na Meghan Markle bakoze ubukwe bw’igitangaza [AMAFOTO]
19 May 2018, by Dusingizimana RemyBenshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa Gatandatu.
-
Ese gukundana kw’abakozi babiri bakorana hari icyo bitwaye? Ababibuzanya babiterwa n’iki?
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu bamara igihe kinini ku kazi, kenshi kurusha igihe bamara mu rugo. Ibi bituma ibisanzwe ari ubucuti bishobora gukura, rimwe na rimwe bikabyara urukundo. Nubwo urukundo mu kazi ari ngombwa ku bakorana, harigihe birenga urukundo rukenewe bigatera abakoresha kugira impungenge ku musaruro w’akazi no ku myitwarire iboneye mu kazi.
-
Donald Trump yashimangiye ko kwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ari igitutsi ku gihugu
2 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yatangaje ko bitumvikana uburyo yakwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ibihumbi 600, kuko kubakira bigamije kuzamura ubushobozi bwa kaminuza n’amashuri makuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
AFC/M23 yashinje ingabo za RDC kugaba ibitero ku birindiro byayo
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryashinje ingabo z’iki gihugu kugaba ibitero ku birindiro byaryo no ku basivili.
-
Niyo Bosco yasabye anakwa umukunzi we Irene Mukamisha
16 January, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026 kuri Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza, Niyo Bosco, ndetse n’umukunzi we Mukamisha Irene.
-
Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite
3 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa, yatangaje ko ataziyamamariza kujya mu Nteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu mu matora ateganyijwe mu Ukwakira 2025.
-
Urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu Rwanda n’uruba hanze rwasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12 rwigishijwe gukoresha Intwaro[AMAFOTO]
8 August 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kane nibwo hasojwe Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12, ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
Umuryango.rw
Amerika: Biden ati "Amerika ntiyoborwa n’abanyagitugu cyangwa abami"
Donald Trump yashimangiye ko kwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ari igitutsi ku gihugu
AFC/M23 yashinje ingabo za RDC kugaba ibitero ku birindiro byayo
Niyo Bosco yasabye anakwa umukunzi we Irene Mukamisha
Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite