Umunyarwenya Ndaruhutse Merci uzwi nka Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’, ibitaramo ngarukakwezi byo gusetsa amaze imyaka itatu ategura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’
6 February, by Angeline MUKANGENZI -
Umubiri wa Senateri Kagoyire waguye muri Amerika wagejejwe i Kigali[AMAFOTO]
17 July 2019, by Martin MunezeroSenateri Bishagara yitabye Imana ku wa Mbere w’icyumweru gishize mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
-
Ukraine yasabye u Burayi kuyigurira intwaro za miliyari 100$
19 August 2025, by ISIMBI EstellaUkraine yasabye ibihugu by’i Burayi biyishyigikiye kuyigurira intwaro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite agaciro ka miliyari 100$ kugira ngo ikomeze guhangana n’u Burusiya, mu ntambara imaze imyaka irenga itatu ihuje impande zombi.
-
U Burusiya bwavuze ku bitero Amerika ishobora kugaba kuri Iran
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Amerika iramutse igabye ibitero kuri Iran yaba ikoze ikosa rikomeye cyane, kuko byatuma intambara mu karere zirushaho kwiyongera.
-
Dr. Tedros wa OMS wanakebuye ibihugu byahaye u Rwanda akato kubera Marburg yarusuye
19 October 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kureba ingamba zigamije guhashya icyorezo cya Marburg.
-
Amajyepfo: Mu mezi atandatu, abasaga 1600 bafatiwe mu byaha bihungabanya umutekano
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi mu Ntara y’Amajyepfo iratangaza ko mu mezi atandatu ashize, uhereye muri Mutarama, kugeza muri Nyakanga 2025, ku bufatanye n’abaturage, inzego z’ibanze na Polisi, hamaze gufatwa abantu 1.615 kubera ibyaha bihungabanya umutekano.
-
Na Zelenskyy si malayika – Perezida Trump
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, atari malayika kuko afite uruhare mu kubaho kw’intambara iri guhuza Ukraine n’u Burusiya.
-
Kuki u Rwanda rushishikajwe no kuba RDC yajya mu mishyikirano na M23?
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda isobanura ko itsimbaraye ku kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, kuko uyu mutwe ari ikibazo ku mutekano warwo.
-
Banki y’Isi yemeje miliyari zirenga 140 Frw zo guteza imbere ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali
1 July 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni 100$ (arenga miliyari 144 Frw) azafasha mu kunoza ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali binyuze mu mushinga uzwi nka ‘Rwanda Urban Mobility Improvement: RUMI’.
-
Putin yavuze ko abayobozi ba Ukraine ari ba rusahuriramunduru
21 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko abayobozi ba Ukraine bahindutse agatsiko k’abagizi ba nabi katita ku gihugu cyabo, kandi ko babayeho mu buzima bw’akataraboneka mu gihe igihugu cyabo kibabaye.
Umuryango.rw
Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’
Ukraine yasabye u Burayi kuyigurira intwaro za miliyari 100$
U Burusiya bwavuze ku bitero Amerika ishobora kugaba kuri Iran
Dr. Tedros wa OMS wanakebuye ibihugu byahaye u Rwanda akato kubera Marburg yarusuye
Amajyepfo: Mu mezi atandatu, abasaga 1600 bafatiwe mu byaha bihungabanya umutekano
Na Zelenskyy si malayika – Perezida Trump
Kuki u Rwanda rushishikajwe no kuba RDC yajya mu mishyikirano na M23?
Banki y’Isi yemeje miliyari zirenga 140 Frw zo guteza imbere ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali
Putin yavuze ko abayobozi ba Ukraine ari ba rusahuriramunduru