Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje uburyo yihanganye mu gihe cy’imyaka ikabakaba 30, mu guharanira ko amahoro n’umutekano bosagamba mu Karere nubwo yabaga ifite uburenganzira busesuye bwo gusubiza ku bitero by’ubushotoranyi yagabweho na RDC mu bihe bitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igihugu cy’u Rwanda gifite uburenganzira bwo gusubiza RDC yatangije ubushotoranyi-Dr. Biruta
30 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
31 March 2025, by Joseph IradukundaTehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera Iran.
-
Perezida Kagame yasubije Hon.Bamporiki wemeye ko "yakiriye indonke"
6 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wari umaze kumusaba imbabazi kubera icyaha cyo kwakira indonke yemeye ko yakoze, amubwira ko kwirinda icyaha bishoboka kandi guhanwa nabyo bifasha.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Gicurasi 2022 nibwo Hon.Edouard Bamporiki yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Kagame n’abanyarwanda yemera ko yakiriye indonke.
Bamporiki yatangaje ayo magambo nyuma y’umunsi umwe ahagaritswe ku mirimo ye. Ni icyemezo cyafashwe ku wa 5 Gicurasi 2022.
Akimara (…) -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
14 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka Bugesera.
Soma itangazo rirambuye… -
Goma: Abantu 3 bo mu muryango umwe bishwe barashwe
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu batatu bakomoka mu muryango utuye mu mujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu mpera z’icyumweru gishize bishwe barashwe.
-
AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe habura amasaha make ngo umukino wa mbere w’umunsi wa 11 shampiyona mu mupira w’amaguru (RPL) ukinwe, intero ubu ni umukino uzahuza APR na As Kigali ndetse n’uzahuza Rayon Sports na Vision FC.
-
USA: Perezida Biden agiye gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga iterabwoba
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko ateganya gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, kugira ngo ubutegetsi bw’iki gihugu burekure imfungwa za politiki za Amerika.
-
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga wo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda
27 February, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’Umushinga w’itegeko rishyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda (National Defence University Rwanda).
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40; Urugendo rwa Politike rwa Amb. MUTSINDASHYAKA Theoneste wahimbwe n’abakene Mutsindamazu
8 September 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40 kiragaruka ku rugendo rwa Politiki rwa Amb. MUTSINDASHAKA Theoneste! Uko Habyarimana yamufunze mu byitso, uko yageze mu Nkotanyi, uko yayoboje Umujyi wa Kigali inkoni y’icyuma abakene bakamuhimba Mutsindamazu.
Imanza za ba La Comette na Mirimo! Imanza no gufungwa ashinjwa kwigwizaho imitungo no kunyereza ibya rubanda! Ibyiza n’ibitaravuzweho rumwe ku Ngoma ze aho yayoboye hose.Muze tubane muri iki kiganiro.
Ambasaderi Mutsindashyaka yavutse ku itariki (…) -
Libani, Siriya na Irani batangiye icyunamo cy’iminsi 5 kubera Isiraheli
30 September 2024, by Joseph IradukundaMu gihe kirenga icyumweru, ingabo za Isiraheli zakomeje gutera ibisasu muri Libani, hagamijwe kurandura Hezbollah. Bwa mbere kuva intambara yatangira, Leta ya Isiraheli yibasiye umujyi wa Beirut.
Umuryango.rw
Igihugu cy’u Rwanda gifite uburenganzira bwo gusubiza RDC yatangije ubushotoranyi-Dr. Biruta
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
Perezida Kagame yasubije Hon.Bamporiki wemeye ko "yakiriye indonke"
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Goma: Abantu 3 bo mu muryango umwe bishwe barashwe
AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona
USA: Perezida Biden agiye gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga iterabwoba
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga wo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40; Urugendo rwa Politike rwa Amb. MUTSINDASHYAKA Theoneste wahimbwe n’abakene Mutsindamazu
Libani, Siriya na Irani batangiye icyunamo cy’iminsi 5 kubera Isiraheli