Umunyamakuru w’Umufaransa, Titouan Laurent, yagaragaje ko ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kongera kubona igipupe cy’ingagi (Ganza) yakuye i Kigali ubwo yari yitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umunyamakuru Titouan yongeye kumwenyura nyuma yo kubona ba ‘Ganza’ yakuye i Kigali
3 October 2025, by ISIMBI Estella -
Trump yagiriye inama Macron uherutse gukubitwa urushyi n’umugore we
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiriye inama Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, nyuma y’uko uyu mugabo w’imyaka 47 aherutse kwandagazwa, agakubitwa urushyi n’umugore Brigitte Macron w’imyaka 72.
-
Karongi: Umwarimu akurikiranyweho gutera inda umunyeshuri w’imyaka 17
15 November 2025, by ISIMBI EstellaMbarushimana Théoneste w’imyaka 30, wigisha mu wa 5 n’uwa 6 w’amashuri abanza muri GS Nyarubuye A, mu Murenge wa Twumba, Akarere ka Karongi, yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa n’umunyeshyuri witwa Niyokwizerwa Solange w’imyaka 17, wiga mu wa 2 w’ayisumbuye kuri iryo shuri amushinja kumusambanya akanamutera inda.
-
RDC:Mai-Mai yaritsize ngo ishaka kwihimura ku Banyamulenge
9 September 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi wa Mai-Mai, Gen William Amuri Yakutumba, yahigiye kugaba ibitero simusiga bigamije kwica no kuburabuza Abanyamulenge. Bamaze igihe bacurwa bufuni na buhoro n’imitwe yitwaje intwaro ikorana n’ubutegetsi bwa Tshisekedi.
-
Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasesenguzi mu bya Politiki bavuga ko kuba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye gushyira umukono ku masezerano y’amahoro, ari intambwe ya mbere itanga icyizere mu kubona umuti w’ibibazo bimaze igihe hagati y’Ibihugu byombi.
-
APR BBC yitegura BAL 2025 yatakaje abakinnyi babiri b’ingenzi
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAPR BBC izitabira BAL 2025 idafite Shema Osborn na Nobel Boungou-Colo bagiriye imvune zikomeye mu mukino wa nyuma w’Irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Amb. Marara yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Kuwait
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi Igor Marara Kayinamura yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kuwait, Abdullah Ali Al-Yahya, impapuro zimwemerera guhagararirayo inyungu z’u Rwanda.
-
Rugahango: Yafashwe akwirakwiza ibiro bibiri by’urumogi
29 January, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 43 wo mu murenge wa Bweramana Akagari ka Rubona Umudugudu wa Masambu, Akarere ka Ruhango, yatawe muri yombi akekwaho gucuruza kuranguza, gukwirakwiza no gukoresha ibiyobyabwenge aho yafatanwe ibiro birenga bibiri (2) by’urumogi.
-
Gasabo: Umuganga n’umugore we bakurikiranyweho kwica uwahoze ari umukozi wabo wo mu rugo
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umuganga n’umugore we w’umuforomokazi bakurikiranyweho kwica umwana w’umukobwa wigeze kubakorera, ndetse akabyarana na shebuja, bamuhora gukeka ko ari we waba yararoze nyirabuja uburwayi yararwaye.
-
RBC yafunguye ikigo gikuru kivurirwamo COVID-19 mu bitaro bya Nyarugenge
8 January 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyafunguye ikigo gikuru kivurirwamo COVID-19 mu nyubako y’ibitaro bya Nyarugenge.
Umuryango.rw
Umunyamakuru Titouan yongeye kumwenyura nyuma yo kubona ba ‘Ganza’ yakuye i Kigali
Trump yagiriye inama Macron uherutse gukubitwa urushyi n’umugore we
Karongi: Umwarimu akurikiranyweho gutera inda umunyeshuri w’imyaka 17
RDC:Mai-Mai yaritsize ngo ishaka kwihimura ku Banyamulenge
Hari icyizere abantu bagira ku masezerano y’amahoro ategerejwe hagati y’u Rwanda na Congo?
APR BBC yitegura BAL 2025 yatakaje abakinnyi babiri b’ingenzi
Amb. Marara yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Kuwait
Rugahango: Yafashwe akwirakwiza ibiro bibiri by’urumogi
Gasabo: Umuganga n’umugore we bakurikiranyweho kwica uwahoze ari umukozi wabo wo mu rugo
RBC yafunguye ikigo gikuru kivurirwamo COVID-19 mu bitaro bya Nyarugenge