Perezida Paul Kagame uri i Apia ho mu gihugu cya Samoa, yizihirije isabukuru y’amavuko y’imyaka 67 yizihije kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Ukwakira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mike Kayihura yakomoje ku buryo yari amaze imyaka itatu yarakomanyirijwe ibyo gusohora imiziki
9 July 2025, by ISIMBI EstellaMike Kayihura yahishuye uko yari amaze imyaka itatu akomanyirijwe ibyo gusohora indirimbo nyuma yo gusinya amasezerano atari yabanje kwitondera akita mu kagozi kamubuza kongera gukora ibihangano uko yishakiye.
-
Tanzania: Inyubako yagwiriye abantu yica batanu abandi basaga 40 barakomereka
17 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Tanzania, abantu batanu (5) bapfuye abandi basaga 40 barakomereka nyuma y’uko inyubako y’umuturirwa ibagwiriye mu gace k’ubucuruzi ka Kariakoo mu Murwa wa Dar es Salaam.
-
Amerika yabujije Leta ya RDC gukorana na FDLR
24 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano.
-
U Bushinwa bwategetse amashuri gukoresha intebe zihindurwa uburiri
4 September 2025, by ISIMBI EstellaU Bushinwa bwatangaje ko amashuri agomba gukoresha intebe zishobora guhindurwa ku buryo umunyeshuri ariraho ifunguro rya saa Sita, zikanahindurwa igitanda yaryamaho akaruhuka bibaye ngombwa.
-
CCM yongeye kugena Perezida Samia Suluhu ngo ayihagararire mu matora
20 January 2025, by Joseph IradukundaIshyaka riri ku butegetsi muri Tanzania,Chama cha Mapinduzi (CCM), ryaraye ryemeje Perezida Samia Suluhu Hassan kugira ngo azarihagararire mu matora y’umukuru w’iki gihugu azaba muri uyu mwaka.
-
Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye agiye gutangazwa
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje ko amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, azatangazwa ku wa Gatanu tariki ya 15 Ugushyingo 2024.
-
Leta y’ u Rwanda yabujije abantu kurya amafi menshi yipfushije mu mugezi wa Mukungwa
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuhinzi n’ubworozi MINAGRI, yasabye ko abantu bakwirinda kurya ayo mafi birinda ingaruka yateza ni nyuma y’uko mu mugezi wa Mukungwa hagaragayemo amafi menshi yapfuye icyayishe kikaba kitaramenyekana.
-
Kuki amagare atari mu mushinga w’itegeko ryerekeye indishyi zikomoka ku mpanuka?
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, ushinzwe Imari ya Leta, Kabera Godfrey, yagezaga ku Mutwe w’Abadepite umushinga w’itegeko ryerekeye imyishyurire y’indishyi zikomoka ku mpanuka, yavuze ko uyu mushinga w’itegeko ureba gusa abakoze impanuka biturutse ku binyabiziga bikoreshwa na moteri.
-
Iran yasabye abaturage bayo kureka gukoresha WhatsApp
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Iran yasabye abaturage bayo gusiba porogaramu ya WhatsApp muri telefone zabo, aho ishinja uru rubuga gukoreshwa na leta ya Israel mu kuneka amakuru y’abaturage ba Iran, nubwo nta bimenyetso bifatika yatanze.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa
Mike Kayihura yakomoje ku buryo yari amaze imyaka itatu yarakomanyirijwe ibyo gusohora imiziki
Tanzania: Inyubako yagwiriye abantu yica batanu abandi basaga 40 barakomereka
Amerika yabujije Leta ya RDC gukorana na FDLR
U Bushinwa bwategetse amashuri gukoresha intebe zihindurwa uburiri
CCM yongeye kugena Perezida Samia Suluhu ngo ayihagararire mu matora
Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye agiye gutangazwa
Kuki amagare atari mu mushinga w’itegeko ryerekeye indishyi zikomoka ku mpanuka?
Iran yasabye abaturage bayo kureka gukoresha WhatsApp