Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yambuye inshingano Gen Christian Tshiwewe Songesa wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, amugira umujyanama we mu bya gisirikare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tshisekedi yahinduriye imirimo Gen Tshiwewe wari Umugaba Mukuru wa FARDC
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amb. Vincent Karega yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Algérie
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmb. Vicent Karega uherutse kugirwa Ambasaderi w’u Rwanda muri Algérie yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Iki gihugu kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda, avuga ko ari intambwe ikomeye mu kwagura umubano w’ibihugu byombi.
-
Nyabarongo: Nyuma y’ingona yishwe igatwika hishwe n’izindi ebyili
15 October 2017, by UbwanditsiNyuma y’uko inzego z’umutekano ziteze zikanica ingona mu ruzi rwa Nyabarongo ku gice giherereye ku murenge wa Mageragere ndetse zikaza no kuyitwika, Umuryango wamenye amakuru ko nyuma yayo hishwe n’izindi ebyiri ariko urupfu rwazo rukagirwa ibanga rikomeye.
Mu mezi ane ashize hari ikibazo cy’ingona zo mu ruzi rwa Nyabarongo ku ruhande rw’Umurenge wa Mageregere mu Karere ka Nyarugenge zaryaga abaturage bagiye kuvoma muri uru ruzi byanatumye inzego z’umutekno zitangira guhiga izi ngona (…) -
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri ishinzwe ibijyanye n’amabuye y’agaciro muri Zimbabwe yahagaritse iyoherezwa mu mahanga y’amabuye y’agaciro adatunganyije yose harimo na lithium.
-
Umukobwa uhataniye ikamba na Mwiseneza muri Miss Rwanda yatutswe ibitutsi bidasanzwe nyuma yo kumwita Inyamaswa[AMAFOTO]
8 January 2019, by Martin MunezeroUmukobwa witwa Uwihirwe Casmir Yasipi uhataniye ikamba na Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda yatutswe bikomeye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwandika ijambo ryateye urujijo ku ifoto y’uyu mugenzi we.
-
U Bufaransa: Urukiko rwashimangiye ko Zigiranyirazo adashyingurwa muri Orléans
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’ubutegetsi rwo mu Bufaransa rwashimangiye icyemezo cya Meya w’akarere ka Orléans, Serge Grouard, cyo kudashyingurayo Protais Zigiranyirazo wakurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Perezida wa Cuba yahigiye guhangana na Trump umuhozaho igitutu
10 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Cuba, Miguel Díaz-Canel, yavuze ko azakomeza guhangana n’igitutu cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump umusaba kwegura, avuga ko kwegura bitari mu magambo yabo.
-
Moïse Katumbi yise umugambanyi Tshisekedi wifuza kuyobora RDC ubuzima bwe bwose
25 October 2024, by Joseph IradukundaUmunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe yamaganiye kure icyifuzo cya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wifuza guhindura itegekonshinga ry’iki gihugu, amushinja kuba yaragambaniye icyizere yagiriwe n’abanye-Congo.
-
General w’u Burusiya yiciwe i Moscow
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, iz’ibinyabutabire n’izangiza ibinyabuzima ndetse n’umwungirije, baturikanywe n’igisasu mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2024.
-
Pep Guardiola yahishuye ko Manchester City nimanurwa mu Cyiciro cya Kabiri bazajyana
23 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yavuze ko adateganya gutererana iyi kipe nubwo yaba yahawe ibihano ikamanurwa mu Cyiciro cya Kabiri mu gihe yahamwa n’ibyaha byo kurenga ku mategeko yo gukoresha nabi umutungo.
Umuryango.rw
Tshisekedi yahinduriye imirimo Gen Tshiwewe wari Umugaba Mukuru wa FARDC
Amb. Vincent Karega yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Algérie
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
U Bufaransa: Urukiko rwashimangiye ko Zigiranyirazo adashyingurwa muri Orléans
Perezida wa Cuba yahigiye guhangana na Trump umuhozaho igitutu
Moïse Katumbi yise umugambanyi Tshisekedi wifuza kuyobora RDC ubuzima bwe bwose
General w’u Burusiya yiciwe i Moscow
Pep Guardiola yahishuye ko Manchester City nimanurwa mu Cyiciro cya Kabiri bazajyana