Abanyamuryango b’ihuriro ‘Hostages and Missing Families Forum’ babyukiye mu myigaragambyo isaba ubutegetsi bwa Israel gushyira imbaraga mu biganiro bigamije gusaba umutwe witwaje intwaro wa Hamas kurekura abantu babo yagize imbohe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel: Bari mu myigaragambyo isaba Leta kumvikana na Hamas
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Bruce Melodie yasabye imbabazi ku bwo kudataramira i Rubavu
5 July 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo kudataramira i Rubavu mu gitaramo Toxic Xperience, Bruce Melodie yasabye imbabazi abafana bari baje kumushyigikira kubera ikibazo cy’umuriro.
-
Ikirombe cyacukurwaga bitazwi muri Afurika y’Epfo kimaze kugwamo 36
15 January 2025, by Joseph IradukundaMuri Afurika y’Epfo, mu gace ka Stilfontein, abacukuzi b’amabuye y’agaciro bakora mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bari bamaze igihe baraheze mu kirombe cya zahabu, bahuriyemo n’ikibazo cy’inzara, bamwe bakigwamo barapfa ubu imirambo igera kuri 36 akaba ari yo imaze gukurwa muri icyo kirombe, naho abandi 82 barazahaye cyane ariko bo batabawe bakiri bazima.
-
Mu myaka ine ishize inkuba zishe abantu 287 mu Rwanda
24 March 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko mu myaka ine ishize, inkuba zishe abantu 287, mu gihe abandi barenga 950 zabateye ubumuga budakira.
-
Uwahoze ayobora FBI akurikiranyweho gushaka kwivugana Trump
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZIJames Comey wahoze ayobora Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) ari gukorwaho ipererezi n’Urwego rurinda Umukuru w’Igihugu kubera ifoto aherutse gushyira ku rubuga rwe rwa Internet byaketswe ko yahamagariraga abantu urugomo no kwica Perezida Trump.
-
U Rwanda rwamaganye Leta ya RDC yarushinje guhungabanya amahoro mu karere
5 March, by Angeline MUKANGENZIImbere y’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu, u Rwanda rwamaganye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarushinje gusubiza inyuma umuco w’amahoro wo mu karere k’Ibiyaga Bigari.
-
Perezida Zuma bamwokeje igitutu ati ‘ntacyo nakoze gituma munyirukana shishi itabona’
14 February 2018, by Nsanzimana ErnestNone tariki 14 Gashyantare 2018 byari byitezwe ko Perezida Jacob Zuma wa Afurika y’ Epfo atangaza niba yemera kuva ku butegetsi nk’ uko Ishyaka ANC riburiho ribimusaba.
Uyu munyapolitiki w’ imyaka 75 ari ku butegetsi amazeho imyaka 9 dore ko yabugezeho muri 2009 yavuze ko ntacyo yakoze gituma yirukanwa ku butegetsi shishi itabona.
Yagize ati “Ntacyo nakoze gituma nirukanwa shishi itabona. Ntabwo bisobanutse ukuntu iki kibazo cyafashe indi ntera. Ntabwo barimo kumpa ibimenyetso”
Ibi (…) -
Umudasso urya cyangwa akambara ibyo yambuye abazunguzayi ... ’nitumubona tuzamuhana’- Meya Kayisime
15 August 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali buhakana amakuru y’ uko abashinzwe gufata abazunguzayi bafata ibyo babambuye bakabyambara ibindi bakabirya. Umuyobozi w’ akarere ka Nyarugenge avuga ko umudasso ubikora ari nka wa mukobwa uba umwe agatukika bose, agashimangira ko uwafatwa abikora yahanwa
Amakuru y’ uko abashinzwe kurwanya ubucuruzi Leta y’ u Rwanda yita ubw’ akajagari bafata ibyo bambuye abazunguzayi bakabyitwarira atangazwa n’ abazunguzayi bavuga ko bajya bababona (…) -
Kayonza: Rwinkwavu kubona amazi meza bikomeje kuba ingorabahizi
1 July 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbatuye mu Kagali ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza bifuza ko bafashwa kubona amazi, kuko kutayabona bibangamira indi mirimo n’ibikorwa byabateza imbere.
-
RDC:Wazalendo mu ngamba nshya yiteze ko zizayifasha gutsinda M23
20 September 2024, by Joseph IradukundaAbarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bibumbiye mu kiswe ’Wazalendo’ bemeranyije bashyira umukono ku masezerano y’amahoro no kubanirana neza nk’intwaro izabafasha gutsinda umutwe wa M23.
Umuryango.rw
Israel: Bari mu myigaragambyo isaba Leta kumvikana na Hamas
Bruce Melodie yasabye imbabazi ku bwo kudataramira i Rubavu
Ikirombe cyacukurwaga bitazwi muri Afurika y’Epfo kimaze kugwamo 36
Mu myaka ine ishize inkuba zishe abantu 287 mu Rwanda
Uwahoze ayobora FBI akurikiranyweho gushaka kwivugana Trump
Kayonza: Rwinkwavu kubona amazi meza bikomeje kuba ingorabahizi
RDC:Wazalendo mu ngamba nshya yiteze ko zizayifasha gutsinda M23