Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Amerika iramutse igabye ibitero kuri Iran yaba ikoze ikosa rikomeye cyane, kuko byatuma intambara mu karere zirushaho kwiyongera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Burusiya bwavuze ku bitero Amerika ishobora kugaba kuri Iran
20 June 2025, by ISIMBI Estella -
RDC: Uduce twinshi two muri Walikale twongeye gufatwa na AFC/M23
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUduce twinshi two muri Teritwari ya Walikale twongeye kugwa mu biganza bya AFC / M23 ndetse biranavugwa ko na Centre ya Walikale, bari baherutse gufata bakayivanamo, kubera ibiganiro bya Doha, bongeye kuyigarurira.
-
Amerika yasabye Abanyamerika bakiri muri RDC kwigengesera no kuhava
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmerika yahamagariye, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Mutarama 2025, abenegihugu bayo kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’amasaha make ambasade yabo hamwe n’izindi zitandukanye i Kinshasa harimo n’iy’u Rwanda zibasiwe n’abigaragambyaga.
-
Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’impuguke mu ngeri zinyuranye zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ziteraniye i Kigali , aho ziri kwigira hamwe uko hashyirwaho amabwiriza agenga ikoreshwa ry’ibinyabutabire bigira ingaruka mbi ku binyabuzima mu gisirikare cy’ibihugu binyamuryango.
-
Trump yifuza ko Abanya-Palestine bari batuye muri Gaza bimurirwa muri Jordan na Misiri
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari gahunda yise iyo gusukura agace ka Gaza kasenywe bikomeye n’imirwano hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas, bityo ko abona Abanya-Palestine bari bagatuyemo bakwiye kwimurirwa mu bihugu birimo Jordan na Misiri.
-
Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok
24 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bafatirwaho urugero muri Uganda Bebe Cool yemeje ko yagize uruhare mu gutanga ikirego cyatumye umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa ‘Luwilight’ atabwa muri yombi kubera avuga ko yazize kwibasira umugire we.
-
Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma
10 February, by ISIMBI EstellaMu Karere ka Nyamagabe, abagabo batatu n’umugore bitabye Imana, undi arahuma, hakekwa inzoga itujuje ubuziranenge banyoye ubwo bari ku kiriyo cy’umuntu waherukaga gupfa.
-
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara
20 October 2024, by Joseph IradukundaAbasore batatu bakekwaho kwiba bafashwe n’abaturage, bacana umuriro barabatwika ibihazi birabarya, ubuyobozi ntacyo bwigeze bubivugaho.
-
Uganda iteganya guhuriza ibihugu by’akarere mu nama yiga ku mutekano wa RDC
18 December 2025, by ISIMBI EstellaUganda iri guteganya guhuriza abahagarariye ibihugu byo mu Karere mu nama yiga ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Polisi yafunze umushoferi watwaye abafana bicaye hejuru y’imodoka
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Uganda yataye muri yombi umushoferi wa taxi wafashwe atwaye abagenzi barenze urugero, ibintu byashyize ubuzima bwabo mu kaga.
Umuryango.rw
U Burusiya bwavuze ku bitero Amerika ishobora kugaba kuri Iran
RDC: Uduce twinshi two muri Walikale twongeye gufatwa na AFC/M23
Amerika yasabye Abanyamerika bakiri muri RDC kwigengesera no kuhava
Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC
Trump yifuza ko Abanya-Palestine bari batuye muri Gaza bimurirwa muri Jordan na Misiri
Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok
Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara
Uganda iteganya guhuriza ibihugu by’akarere mu nama yiga ku mutekano wa RDC
Polisi yafunze umushoferi watwaye abafana bicaye hejuru y’imodoka