Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa cyangwa se ugasanga ntidusobanukiwe uko ifunguro iri n’iri rigomba gutegurwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
-
U Bwongereza bwashinje u Burusiya kwica Alexei Navalny bukoresheje ubumara bw’igikeri
15 February, by Angeline MUKANGENZIIbiro by’Ububanyi n’Amahanga by’u Bwongereza byatangaje ko umunyamategeko utaravugaga rumwe n’ubutegetsi mu Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hakoreshejwe uburozi bwakozwe mu bumara bw’igikeri gikomoka mu muryango w’ibizwi nka Dendrobatidae.
-
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abayobozi barasaba abaturage ubufasha bwo kubona abajura bibye amagi 100.000, afite agaciro ka $ 40.000, yibwe mu modoka imwe muri Leta ya Pennsylvania.
-
Burundi: Polisi yarashe mu kico abaturage 3
26 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Burundi mu ijoro ryacyeye yarasiye abantu batatu mu ntara ya Ngozi ho mu majyaruguru y’u Burundi, parapfa.
-
Kimwe kigurishwa Amadolari 233: Muri Kenya hadutse ubushimusi bw’ibimonyo
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Kenya iherutse gukora umukwabu mu nyubako yakira ba mukerarugendo ya Jane Guesthouse iherereye mu karere ka Naivasha, mu marembo ya Pariki ya Hell’s Gate nyuma yo kumenya ko hari ba rushimusi bacumbitsemo.
-
Imbere ya Tshisekedi, Trump yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo muri RDC
5 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’izindi zo mu bihugu birindwi.
-
Israel yagabye igitero cyahitanye abasirikare batatu ba Lebanon
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, igitero cya Israel, cyahitanye abasirikare batatu ba Lebanon mu Majyepfo y’iki gihugu.
-
MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko
12 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye ababyeyi b’abanyeshuri muri iki gihe cy’ibiruhuko binini ko babarinda kwijandika mu ngeso mbi no kuzerera, ahubwo bakabitaho babatoza uburere bwiza yaba abato n’abakuru.
-
Abahanzi Roberto na Salome bibarutse Imfura nyuma y’amezi atatu bakoze ubukwe
15 October 2024, by Joseph IradukundaAbahanzi Nyarwanda mu njyana y’indirimbo zihimbaza Imana , Nshimiyimana Robert uzwi nka Roberto na Marie Iratwibuka Salome bamamaye muri Kiliziya Gatulika, bibarutse imfura yabo nyuma y’amezi atatu bakoze ubukwe
Umuryango.rw
Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000
Burundi: Polisi yarashe mu kico abaturage 3
Kimwe kigurishwa Amadolari 233: Muri Kenya hadutse ubushimusi bw’ibimonyo
Imbere ya Tshisekedi, Trump yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo muri RDC
Israel yagabye igitero cyahitanye abasirikare batatu ba Lebanon
MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko
Abahanzi Roberto na Salome bibarutse Imfura nyuma y’amezi atatu bakoze ubukwe