Abagabo batatu muri Bénin, barimo uwahoze ari minisitiri n’umugabo ushinzwe umutekano wa Perezida Patrice Talon, batawe muri yombi bacyekwaho gucura umugambi wo kumuhirika, nkuko umushinjacyaha wa leta yabivuze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bénin yaburijemo Coup d’État ,ifungwa batatu bacyekwaho gucura umugambi wo kuyikora
26 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Ukraine yanakoresheje missiles z’u Bwongereza mu kurasa mu Burusiya nyuma y’iza Amerika
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ukraine yarashe mu Burusiya ibisasu bya misile byakozwe n’u Bwongereza byo mu bwoko bwa Storm Shadow.
-
Kenya: Ibitangazamakuru byaho byabujijwe gutangaza iby’imyigaragambo iri kuhabera
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbitangazamakuru byo muri Kenya byategetswe guhagarika gutangaza amakuru agezweho, arebana n’imyigaragambyo iri mu gihugu hose igamije kwibuka abaguye mu yo mu mwaka ushize wa 2024 yamaganaga imisoro ihanitse.
-
Perezida wa FIFA yashimye u Rwanda
31 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimiye u Rwanda uko rwakiriye neza amatsinda abiri ya FIFA Series 2026.
-
Rusizi: Yihinduye umukozi wa REG atangira kwishyuza abaturage urugo ku rundi
18 September 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wo mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatwa yiyita umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) akaka ruswa abaturage.
-
Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa yapfiriye muri Hoteli i Paris
1 October 2025, by ISIMBI EstellaNkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa, yasanzwe muri hoteli i Paris yapfuye, iperereza ry’ibanze rikavuga ko ashobora kuba yiyahuye.
-
Amahanga akomeje gusibanira Kwiyegereza Abafashe Ubutegetsi muri Siriya
14 December 2024, by Joseph IradukundaAbadiplomate bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Turukiya, ibihugu by’Uburayi n’iby’Abarabu bahuriye muri Yorodani kuri uyu wa gatandatu mu biganiro kuri Siriya.
-
Kenya: Hakomeje kuboneka imirambo bikekwa ko ari iy’abiyicicishe inzara bigana Yesu
29 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanya-Kenya bongeye gukangarana nyuma y’uko havumbuwe imibiri mishya mu Ishyamba rya Shakahola riherereye mu gice cya Kilifi mu Burasirazuba bwa Kenya hafi y’Inyanja y’Abahinde, bikekwa ko na bo biyicishije inzara mu kwigana Yesu.
-
OpenAI igiye gukora telefone itagira porogaramu zisanzwe
28 April, by ISIMBI EstellaHari amakuru yagiye hanze avuga ko OpenAI, sosiyete yakoze ikoranabuhanga rya ChatGPT, iri gukora ku mushinga wo gushyira hanze telefone yayo bwite igendanwa. Iyi sosiyete iri gufatanya n’izindi za MediaTek, Qualcomm, na Luxshare.
-
Afurika y’Epfo yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Amerika
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuVisi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abizeza ko bagiye kubakemurira ibibazo byose bafite birimo n’iby’umutekano n’ihohoterwa bakorerwa.
Umuryango.rw
Bénin yaburijemo Coup d’État ,ifungwa batatu bacyekwaho gucura umugambi wo kuyikora
Ukraine yanakoresheje missiles z’u Bwongereza mu kurasa mu Burusiya nyuma y’iza Amerika
Kenya: Ibitangazamakuru byaho byabujijwe gutangaza iby’imyigaragambo iri kuhabera
Perezida wa FIFA yashimye u Rwanda
Rusizi: Yihinduye umukozi wa REG atangira kwishyuza abaturage urugo ku rundi
Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa yapfiriye muri Hoteli i Paris
Amahanga akomeje gusibanira Kwiyegereza Abafashe Ubutegetsi muri Siriya
Kenya: Hakomeje kuboneka imirambo bikekwa ko ari iy’abiyicicishe inzara bigana Yesu
OpenAI igiye gukora telefone itagira porogaramu zisanzwe
Afurika y’Epfo yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Amerika