Amerika yahamagariye, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Mutarama 2025, abenegihugu bayo kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’amasaha make ambasade yabo hamwe n’izindi zitandukanye i Kinshasa harimo n’iy’u Rwanda zibasiwe n’abigaragambyaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yasabye Abanyamerika bakiri muri RDC kwigengesera no kuhava
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’impuguke mu ngeri zinyuranye zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ziteraniye i Kigali , aho ziri kwigira hamwe uko hashyirwaho amabwiriza agenga ikoreshwa ry’ibinyabutabire bigira ingaruka mbi ku binyabuzima mu gisirikare cy’ibihugu binyamuryango.
-
Trump yifuza ko Abanya-Palestine bari batuye muri Gaza bimurirwa muri Jordan na Misiri
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari gahunda yise iyo gusukura agace ka Gaza kasenywe bikomeye n’imirwano hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas, bityo ko abona Abanya-Palestine bari bagatuyemo bakwiye kwimurirwa mu bihugu birimo Jordan na Misiri.
-
Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok
24 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bafatirwaho urugero muri Uganda Bebe Cool yemeje ko yagize uruhare mu gutanga ikirego cyatumye umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa ‘Luwilight’ atabwa muri yombi kubera avuga ko yazize kwibasira umugire we.
-
Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma
10 February, by ISIMBI EstellaMu Karere ka Nyamagabe, abagabo batatu n’umugore bitabye Imana, undi arahuma, hakekwa inzoga itujuje ubuziranenge banyoye ubwo bari ku kiriyo cy’umuntu waherukaga gupfa.
-
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara
20 October 2024, by Joseph IradukundaAbasore batatu bakekwaho kwiba bafashwe n’abaturage, bacana umuriro barabatwika ibihazi birabarya, ubuyobozi ntacyo bwigeze bubivugaho.
-
Uganda iteganya guhuriza ibihugu by’akarere mu nama yiga ku mutekano wa RDC
18 December 2025, by ISIMBI EstellaUganda iri guteganya guhuriza abahagarariye ibihugu byo mu Karere mu nama yiga ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Polisi yafunze umushoferi watwaye abafana bicaye hejuru y’imodoka
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Uganda yataye muri yombi umushoferi wa taxi wafashwe atwaye abagenzi barenze urugero, ibintu byashyize ubuzima bwabo mu kaga.
-
Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage, yasubije umugabo wavuze ko atari mwiza ahubwo agirwa mwiza n’amafoto, amwihenuraho amubwira ko ikimuvugisha ari uko yifuza guhura na we.
-
Wizkid mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana w’umukobwa
13 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bakunzwe muri Nigeria, Wizkid, ari mu byishimo byo kubyara umwana w’umukobwa, akaba umwana wa Gatatu abyaranye n’umujyanama we mu bijyanye n’umuziki Jada Pollock.
Umuryango.rw
Amerika yasabye Abanyamerika bakiri muri RDC kwigengesera no kuhava
Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC
Trump yifuza ko Abanya-Palestine bari batuye muri Gaza bimurirwa muri Jordan na Misiri
Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok
Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara
Uganda iteganya guhuriza ibihugu by’akarere mu nama yiga ku mutekano wa RDC
Polisi yafunze umushoferi watwaye abafana bicaye hejuru y’imodoka
Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto
Wizkid mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana w’umukobwa