Icyogajuru cya NASA cyitwa Juno cyagaragaje ko Umubumbe wa Jupiter ari muto kandi ko urambaraye gato ugereranyije n’ibyari bisanzwe bizwi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umubumbe wa Jupiter ni muto ugereranyije n’uko byatekerezwaga- Ubushakashatsi
6 February, by ISIMBI Estella -
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19
22 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya million 30 z’amadolari ya Amerika, ni hafi miliyari 29 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha muri gahunda zo kurwanya icyorezo cya COVID 19 harimo gutumiza no gukwirakwiza inkingo mu gihugu.
-
Asake yabaye umuhanzi w’ibihe byose kuri Spotify muri Nigeria
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Ahmed Ololade wamamaye nka Asake akomeje kwandika amateka mu muziki wa Nigeria, aho yamaze kuba umuhanzi wumviswe cyane kurusha abandi bose ku rubuga rwa Spotify kuva rwatangira gukorera muri iki gihugu.
-
Abo SAFA BAKERIES yigishije uburyo bwo gutunganya amafunguro bihangiye imirimo, amarembo kandi arafunguye
12 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTSandra Umushambokazi, umwe mu rubyiruko rwagize amahirwe yo guhambwa amasomo na SAFA BAKERIES mu gutegura amafunguro anyuranye arimo Pizza, Burgers, ifiriti na sanduici ndetse n’andi avuga ko we na mugenzi we bari kumwe bahise banagira igitekerezo cyo gushyira mu bikorwa ibyo bize ubu bakaba bafite restaurent ariko ishyira abantu ibyo kurya mu ngo zabo.
Mushambokazi avuga ko restora yabo bise SHERA BITE imaze amezi atau itangiye kandi ababatumaho amafunguro bibereye mu rugo umubare wabo (…) -
Menya uko wakwigobotora agahinda
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu bihe ufite agahinda, hari abashobora kukugira inama yo kutagaragaza uko wiyumva mu gihe abandi bakubwira ko ugomba kuririra umuhisi n’umugenzi.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
29 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K. Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa
-
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abayobozi barasaba abaturage ubufasha bwo kubona abajura bibye amagi 100.000, afite agaciro ka $ 40.000, yibwe mu modoka imwe muri Leta ya Pennsylvania.
-
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba rukomeje
10 December 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza werekanye abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiye mu mirwano ikomeje gusakiranya impande zombi.
-
Abakoresha TikTok muri Amerika bari gushakira ku bwinshi ubuhungiro kuri RedNote
15 January 2025, by Joseph IradukundaMu gihe hakomoje kuba impungenge z’uko TikTok ishobora guhagarikwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ikoreshwa n’abarenga miliyoni 170, abayikoresha cyane cyane urubyiruko, batangiye kwimukira ku rundi rubuga rushya rw’Abashinwa rwitwa RedNote.
-
Tanzania: Abigaragambya banze kumvira itegeko ry’ingabo
31 October 2025, by ISIMBI EstellaNi umunsi wa gatatu w’imyigaragambyo ku banya-Tanzania, bigabije imihanda bamagana amatora y’umukuru w’igihugu yo ku wa 29 Ukwakira 2025, banga kumva ibyo basabwe n’ubuyobozi bw’ingabo muri Tanzania busaba ko ihagarara.
Umuryango.rw
Umubumbe wa Jupiter ni muto ugereranyije n’uko byatekerezwaga- Ubushakashatsi
Asake yabaye umuhanzi w’ibihe byose kuri Spotify muri Nigeria
Menya uko wakwigobotora agahinda
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba rukomeje
Abakoresha TikTok muri Amerika bari gushakira ku bwinshi ubuhungiro kuri RedNote
Tanzania: Abigaragambya banze kumvira itegeko ry’ingabo