Perezida Donald Trump yatangaje ko bitumvikana uburyo yakwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ibihumbi 600, kuko kubakira bigamije kuzamura ubushobozi bwa kaminuza n’amashuri makuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Donald Trump yashimangiye ko kwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ari igitutsi ku gihugu
2 September 2025, by ISIMBI Estella -
Minisitiri Dr. Uwamariya yijeje ko mu myaka ibiri ibibazo by’imbibi z’ubutaka bizaba byakemutse
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibidukikije, Dr. Uwamariya Valentine, yatangaje ko ibibazo by’imbibi z’ubutaka bw’abaturage bizaba byarangiye mu myaka ibiri, nyuma hakazakurikiraho gukemura ibindi bibabozo bishamikiyeho ariko na byo mu myaka itanu bikazaba byarabonewe umuti urambye.
-
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
-
Element yegukanye igihembo muri Afrima ashimira u Rwanda
12 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi ubifatanya no gutunganya ibihangano (Producer) Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element EleeeH, yegukanye igihembo cy’umuuhanga mu gutunganya imiziki (producer) mwiza w’umwaka wa 2025 mu bihembo bya ‘AFRIMA’ ashimira u Rwanda.
-
Na Zelenskyy si malayika – Perezida Trump
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, atari malayika kuko afite uruhare mu kubaho kw’intambara iri guhuza Ukraine n’u Burusiya.
-
Kinshasa: Inteko yemereye Ubushinjacyaha kugeza Minisitiri Mutamba mu rukiko
16 June 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemereye Ubushinjacyaha bukuru kugeza Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, mu rukiko rusesa imanza kugira ngo aburanishwe icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zari zarateganyirijwe kubaka Gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.
-
R. Kelly arenda kwicirwa muri gereza
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunyamerika R. Kelly yasabye urukiko ko yarekurwa byihuse nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe buri mu byago bikomeye muri gereza yo muri Leta ya North Carolina aho afungiwe.
-
Ijambo Paul Kagame yavuze nyuma yo kwegukana intsinzi, umuryango we ngo ni abana b’inkotanyi
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame yashimye buri wese wamufashije mu bikorwa by’amatora. Avuga ko FPR Inkotanyi yatsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yari amaze gutangaza.
Mu ijambo rye yagejeje ku abarwanashyaka ba FPR Inkotanyi bari bateraniye I Rusororo mu karere ka Gasabo, yagize ati “ Ndashimira abayoboke,intore z’umuryango wa FPR Inkotanyi, intsinzi ...Abandi bati ni wowe, ni wowe dushaka...
Intsinzi ni iyanyu,,,ni amateka asanzwe ya FPR Inkotanyi ihangana n’ibibazo ariko tukaba dukomeje (…) -
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmusore w’imyaka 24 wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu Ishami ry’Ubuzima n’Ubuvuzi, Ishami rya Rwamagana, yajyanye na bagenzi be koga mu cyuzi gihangano cya Bugugu apfiramo.
-
AMAFOTO: Kim Jong Un yerekanye ubuhanga bwe mu kurasa n’intwaro zikomeye z’igihugu cye
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yagaragaje ko ashoboye kurasisha intwaro zikomeye igihugu cye gifite zirimo imbunda za ba mudahusha n’izindi zikoreshwa n’abasirikare bo mu mutwe w’ingabo udasanzwe (special force).
Umuryango.rw
Donald Trump yashimangiye ko kwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ari igitutsi ku gihugu
Minisitiri Dr. Uwamariya yijeje ko mu myaka ibiri ibibazo by’imbibi z’ubutaka bizaba byakemutse
Element yegukanye igihembo muri Afrima ashimira u Rwanda
Na Zelenskyy si malayika – Perezida Trump
Kinshasa: Inteko yemereye Ubushinjacyaha kugeza Minisitiri Mutamba mu rukiko
R. Kelly arenda kwicirwa muri gereza
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
AMAFOTO: Kim Jong Un yerekanye ubuhanga bwe mu kurasa n’intwaro zikomeye z’igihugu cye