Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Perezida Donald Trump, mbere y’uko akatirwa mu mpera z’uyu mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump
30 July 2025, by ISIMBI Estella -
Ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kumenya aho ruhagaze mu ireme ry’uburezi ku Isi
24 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda ruhanze amaso isuzuma mpuzamahanga ry’ubumenyi n’ubushobozi by’abanyeshuri ryitwa PISA (Programme for International Student Assessment), rizagaragaza uko ireme ry’ubumenyi rihagaze ku ruhando mpuzamahanga. Iri suzuma rikorwa ku banyeshuri bafite imyaka 15 biga mu mashuri yisumbuye.
-
Tshisekedi yahamagawe na Lourenço baganira ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo
28 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Angola, João Lourenço na mugenzi we Félix Tshisekedi baganiriye ku buryo amahoro n’umutekano byagaruka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ni intambara yo kurwana- Senateri Nyirahabimana kuri EU yasabye ko Ingabire Victoire arekurwa
15 September 2025, by ISIMBI EstellaVisi Perezida w’Inteko Ishinga Ametegeko, Umutwe wa Sena, Solina Nyirahabimana, yavuze ko u Rwanda rukwiriye guhaguruka rugahangana n’Abanyaburayi by’umwihariko Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ikomeje kugendera ku ntekerezo za mpatsibihugu, igaharabika u Rwanda nkana.
-
Tito Jackson umuvandimwe wa Michael Jackson yapfuye ku myaka 70
16 September 2024, by Joseph IradukundaTito Jackson, umwe mu bibanze batangije itsinda rya muzika rya Jackson 5 akaba n’umuvandimwe w’icyamamare Michael Jackson, yapfuye ku myaka 70, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru muri Amerika.
-
Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage baturiye imipaka, kwirinda ubucuruzi bwa magendu
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’u Rwanda yasabye abaturage baturiye imipaka, kwirinda ubucuruzi bwa magendu kuko bubashyira mu kaga bukanahombya igihugu. Ni nyuma y’uko abo mu Karere ka Rubavu barwanyije Abapolisi bari mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi butemewe.
-
Tanzania: Impunzi zo mu nkambi ya Nduta zugarijwe n’icyorezo cya SIDA
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango utabara imbabare wa Croix-Rouge muri Tanzania, watangaje ko mu nkambi z’impunzi z’Abarundi za Nduta na Nyarugusu, ubwandu bwa Sida bukomeje kwiyongera.
-
Ishyamba si ryeru muri Rayon Sports ivugwamo Umutoza wariye Prime!
14 April 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo gutakaza umwanya wa mbere ku mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona, mu ikipe ya Rayon Sports bikomeje kuba bibi aho kuri ubu abatoza babiri barimo umukuru, Robertinho, bamaze guhagarikwa ndetse hakaba hari n’abakinnyi bashobora guhagarikwa.
-
Meteo Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa muri Gicurasi
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyateguje Abaturarwanda ko mu kwezi kwa Gicurasi 2025 hazagwa imvura iri hejuru gato y’iyari isanzwe igwa muri uko kwezi.
-
Ibisobanuro by’Umujyi wa Kigali ku itangwa ry’amasoko ntibyanyuze PAC
8 July 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, PAC, kuri uyu wa Mbere tariki 7 Nyakanga 2025, ntiyanyuzwe n’ibisobanuro bahawe n’Umujyi wa Kigali ku makosa yakozwe mu itangwa ry’amasoko.
Umuryango.rw
Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump
Tshisekedi yahamagawe na Lourenço baganira ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo
Ni intambara yo kurwana- Senateri Nyirahabimana kuri EU yasabye ko Ingabire Victoire arekurwa
Tito Jackson umuvandimwe wa Michael Jackson yapfuye ku myaka 70
Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage baturiye imipaka, kwirinda ubucuruzi bwa magendu
Tanzania: Impunzi zo mu nkambi ya Nduta zugarijwe n’icyorezo cya SIDA
Ishyamba si ryeru muri Rayon Sports ivugwamo Umutoza wariye Prime!
Meteo Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa muri Gicurasi
Ibisobanuro by’Umujyi wa Kigali ku itangwa ry’amasoko ntibyanyuze PAC