Habumugisha Fiston w’imyaka 25 na Muhawenayo Jeannette wa 21 bari bafite ubukwe bwo gusaba no gukwa bakanasezerana imbere y’Imana ku wa Kane tariki ya 11 Nzeri 2025, mu ma saa tatu z’ijoro bataha bahuye n’abagizi ba nabi barabambura, barabakubita barakomeretswa none barwariye mu bitaro bya Bushenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Abageni bakomerekejwe n’abagizi ba nabi ubukwe burasubikwa
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Aba mbere bahawe urukingo rwa kabiri rwa Pfizer mu Rwanda
2 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Mata 2021, mu Rwanda gahunda yo gutanga doze ya kabiri urukingo rwa #COVID19 yatangiye mu Rwanda. Abahawe uru rukingo ni abahawe urwa mbere rwa Pfizer.Iyi gahunda biteganyijwe ko izarangira tariki 21 Mata 2021.
-
Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi
14 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi mu nshingano, Senzo Mchunu, kubera ko akekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi agamije inyungu bwite.
-
Turkiya: Inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye hotel yahitanye nibura 66
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri y’umutekano w’igihugu muri Turkiya yavuze ko byibuze abantu 66 bapfuye abandi barenga 50 barakomereka mu nkongi y’umuriro yibasiye hotel y’ahakinirwa umukino wa ski mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Turkiya.
-
Bemba yongeye gushinja Kabila kuba Umunyarwanda
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuVisi Minisitiri w’Intebe wa RDC akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba, yongeye kwifatira ku gahanga Joseph Kabila wahoze ari Perezida, avuga ko atari Umunyekongo ahubwo akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda.
-
Menya byinshi ku buzima bwa Dr Nsanzimana Sabin ufite umukandara ukomeye muri Karate
29 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yaraye agize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya.
Dr Nsanzimana Sabin avuga ko yakuze yifuza kuba muganga ahanini bitewe no kureba ibyo abaganga bakoraga akiri umwana ariyo mpamvu akigera muri Kaminuza yahise abihisemo.
Muri Nyakanga 2019 ni bwo Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Umuyobozi Mukuru wa RBC asimbuye Dr Condo Jeannine.
Mbere y’aho,yari Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Sida n’izindi ndwara (…) -
Ubwongereza Buzasaba ONU Gufata Umwanzuro ku Ntambara yo muri Sudani
2 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yamaganye ibitero umutwe w’abarwanyi ba Rapid Support Forces (RSF) ugaba ku basivili muri Sudani mu gihe Ubwongereza buvuga ko buzasaba inama ya ONU ishinzwe amahoro n’umutekano ku Isi gufata umwanzuro kuri iyi ntambara imaze amezi 18.
-
Abantu 14 baguye mu bitero by’u Burusiya kuri Ukraine
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbitero bikomeye u Burusiya bwaraye bugabye ku Murwa Mukuru wa Ukraine, Kyiv, byaguyemo abantu 14, abandi benshi barakomereka.
-
Icyiciro cya nyuma cy’ingabo zirenga 500 za SADC cyatashye kinyuze mu Rwanda
28 June 2025, by ISIMBI EstellaIcyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatashye zinyuze mu Rwanda.
-
Karongi: Abakozi b’Umurenge wa Murundi basezereye rimwe
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbakozi hafi ya bose b’Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi basezeye ku mirimo yabo, barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo Murenge Ntakirutimana Gaspard ndetse n’ab’Utugari 3 muri 6 tuwugize.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Abageni bakomerekejwe n’abagizi ba nabi ubukwe burasubikwa
Aba mbere bahawe urukingo rwa kabiri rwa Pfizer mu Rwanda
Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi
Turkiya: Inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye hotel yahitanye nibura 66
Bemba yongeye gushinja Kabila kuba Umunyarwanda
Menya byinshi ku buzima bwa Dr Nsanzimana Sabin ufite umukandara ukomeye muri Karate
Ubwongereza Buzasaba ONU Gufata Umwanzuro ku Ntambara yo muri Sudani
Abantu 14 baguye mu bitero by’u Burusiya kuri Ukraine
Icyiciro cya nyuma cy’ingabo zirenga 500 za SADC cyatashye kinyuze mu Rwanda
Karongi: Abakozi b’Umurenge wa Murundi basezereye rimwe