Umuhanzikazi Cassie Ventura yibarutse nyuma y’ibyumweru bibiri byari bishize, agaragaye mu rukiko ari mu batangabuhamya b’ibanze bashinja umuraperi Diddy ku byaha byerekeye ihohotera rishingiye ku gitsina.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Cassie Ventura yibarutse nyuma y’ibyumweru bibiri agaragaye mu rukiko ashinja Diddy
29 May 2025, by ISIMBI Estella -
Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa
4 February, by Angeline MUKANGENZIIbihumbi by’abantu bakoze imyigaragambyo y’amahoro mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas basaba ko Perezida Nicolás Maduro n’umugore we, Cilia Flores, barekurwa nyuma y’ukwezi ashimuswe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Amerika yabujije Leta ya RDC gukorana na FDLR
24 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano.
-
U Buhinde: Abantu 17 bapfuye urw’amayobera
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bwo mu Buhinde bwatangaje ko buri gukora iperereza ku cyahitanye abantu 17 biganjemo abana mu gace ka Badhal muri Kashmir.
-
Imyigaragambyo Ikomeye Yongeye Kwaduka muri Kenya
30 December 2024, by Joseph IradukundaPolisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga.
-
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
23 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi yo mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Düsseldorf mu Budage, yatangaje ko yatahuye resitora yacuruzaga Pizza ariko ikongeraho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’ ku bakiliya basabye Pizza ifite nomero ya 40 ku rutonde rwa Pizza zigurishwa muri iyo Resitora.
-
Trump na Visi Perezida we ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney
20 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Visi Perezida, J.D Vance, ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney, wahoze ari Visi Perezida w’iki gihugu.
-
Umupadiri yakoze impanuka ikomeye ahasiga ubuzima
22 October 2024, by Joseph IradukundaUmupadiri witwa Wycliffe Byamugisha wo muri Arkidiyosezi Gatolika ya Mbarara, yitabye Imana azize impanuka ikomeye y’imodoka ku cyumweru tariki 20 Ukwakira 2024.
-
Trump yagize icyo avuga ku mikorere ya Leta ya Kongo
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yakoze mu jisho Abanyekongo atangaza ko atazi icyo Congo ari cyo usibye kuba yumva ko abantu benshi bahava binjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka GATSIBO.
Umuryango.rw
Cassie Ventura yibarutse nyuma y’ibyumweru bibiri agaragaye mu rukiko ashinja Diddy
Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa
Amerika yabujije Leta ya RDC gukorana na FDLR
U Buhinde: Abantu 17 bapfuye urw’amayobera
Imyigaragambyo Ikomeye Yongeye Kwaduka muri Kenya
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
Trump na Visi Perezida we ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney
Umupadiri yakoze impanuka ikomeye ahasiga ubuzima
Trump yagize icyo avuga ku mikorere ya Leta ya Kongo
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa