Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2021/22 azagera kuri Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 342.2 Frw bingana na 9.8 % ugereranyije na Miliyari 3,464.8 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2020/21.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw
12 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Igikomangomakazi cy’u Bugereki yunamiye Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
2 March, by Angeline MUKANGENZIIgikomangomakazi cy’Ubwami bw’u Bugereki, Marie-Chantal, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali, yunamira inzirakarengane ziharuhukiye.
-
Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia, wazamutse ugera ku bantu 66, mu gihe abakomeretse ari 57.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen Muhoozi nyuma y’isabukuru ye
25 April 2023, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 25 Mata 2023, Perezida Kagame yakiriye General Muhoozi Kainerugaba baganira ku buryo bwo guteza imbere umubano w’u Rwanda na Uganda.
Ibiro by’umukuru w’igihugu byavuze ko ibi biganiro byabaye ku gicamunsi byibanze ku cyatuma umubano w’ibihugu byombi urushaho gukomera.
Muri Werurwe 2022 ni bwo Gen Muhoozi yagiriye uruzinduko i Kigali, ahura na Perezida Kagame yita “se wabo” bagirana ibiganiro byo gukomeza gushimangira umubano hagati y’u Rwanda (…) -
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bahoze ari abasirikare impinduka zabo zagejeje ibihugu byabo ku byo gushimirwa[AMAFOTO]
30 June 2020, by Martin MunezeroDemokarasi muri Afurika n’imwe mu bibazo bivugwa cyane ku bahoze ari abasirikari bakuru cyangwa abahoze bayoboye imitwe irwanya ubutegetsi bashaka kugira uruhare mu buyobozi, nyuma bakaza kubigeraho bakanayobora ari nk’abasivili kandi bagashimirwa imiyoborere yabo.
-
Iran: Ibihumbi by’abaturage byatangiye kunamira Ayattolah Khamenei
1 March, by Angeline MUKANGENZIIbihumbi by’abaturage bateraniye rwagati mu murwa mukuru wa Iran kunamira Umuyobozi w’Ikirenga Ayatollah Ali Khamenei wiciwe mu gitero kinini cyatangijwe na Amerika na Israel kuwa Gatandatu.
-
RSSB yatangije ikigega cya miliyari 43 Frw yo guteza imbere imishinga iciriritse
27 April, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyatangije ikigega kigamije guteza imbere imishinga mito n’iciriritse (SME Growth Fund), gitangirana imari shingiro ingana na miliyoni 30 z’amadolari ya Amerika (’asaga miliyari 43 z’amafaranga y’u Rwanda).
-
Rutsiro: Abasenyewe n’ibiza bahawe inzu
3 February, by ISIMBI EstellaImiryango 23 yasenyewe n’ibiza mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro, yahawe inzu zigezweho zifite agaciro ka miliyoni 172.500 zubatswe muri uwo murenge, mu rwego rwo kuyifasha kwiyubaka.
-
Gutunganya amazi ntibizabangamira ikorwa ry’umuhanda Kigali- Muhanga
13 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore yatangaje ko ikorwa ry’umuhanda
Kigali- Muhanga ritazabangamirwa n’uruganda rutunganya amazi yakoreshejwe mu Mujyi wa Kigali rurimo kubakwa ku Giticyinyoni. -
Urukiko rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu kuri Kazungu Denis
11 July 2025, by Joseph IradukundaUrukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wahamijwe ibyaha 10, birimo kwica ku bushake, gusambanya ku gahato, iyicarubozo, kwinjira mu makuru ya mudasobwa cyangwa uruhererekane rwa mudasobwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Umuryango.rw
Igikomangomakazi cy’u Bugereki yunamiye Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen Muhoozi nyuma y’isabukuru ye
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bahoze ari abasirikare impinduka zabo zagejeje ibihugu byabo ku byo gushimirwa[AMAFOTO]
Iran: Ibihumbi by’abaturage byatangiye kunamira Ayattolah Khamenei
RSSB yatangije ikigega cya miliyari 43 Frw yo guteza imbere imishinga iciriritse
Rutsiro: Abasenyewe n’ibiza bahawe inzu
Gutunganya amazi ntibizabangamira ikorwa ry’umuhanda Kigali- Muhanga
Urukiko rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu kuri Kazungu Denis