Umujyi wa Kigali watangaje ko mu gihe cy’umwaka umwe uri imbere imiryango irenga 1600 yo mu gace ka Nyabisindu mu Karere ka Gasabo ituye mu buryo bw’amanegeka igiye kuhimurwa yubakirwe izindi nzu zijyanye n’igihe izaturamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kigali: Imiryango irenga 1600 igiye kwimurwa mu manegeka, ihabwe inzu
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Bimwe mu byaranze tariki ya 09 mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZITariki ya 09 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi tariki ya 9 mata 1994.
-
Rwamagana: Abantu 12 bakomerekeye mu mpanuka, umwe iramuhitana
6 July 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda iratangaza ko impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Scania yari yabuze feri yagonze izindi modoka zirimo Coaster itwara abagenzi, bituma hakomereka abantu 12 mu gihe undi umwe yitabye Imana.
-
NATO yasenye misile yavaga muri Iran igana muri Turukiya
4 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ingabo ya Turukiya yatangaje ko ubwirinzi bwo mu kirere bw’Umuryango wo Gutabarana uhuza ibihugu by’i Burayi na Amerika (NATO), bwasenye misile za balisitike zavaga muri Iran zigana mu kirere cya Turukiya.
-
Hansi Flick agiye kongera amasezerano muri FC Barcelone
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelone irateganya ko nimara kwegukana Igikombe cya Shampiyona ya Espagne, izahita yongerera amasezerano Umutoza Mukuru, Hans-Dieter Flick akazageza mu 2027.
-
Muhammed Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana
13 July 2025, by Joseph IradukundaMuhammed Buhari wabaye Perezida wa Nigeria inshuro ebyiri, yitabye Imana kuri iki Cyumweru, afite imyaka 82.
-
Umubiri wa Papa Francis wagejejwe muri Bazirika ya St Peter ngo asezerweho bwa nyuma - AMAFOTO
23 April 2025, by ISIMBI EstellaNk’uko byari byatangajwe n’ibiro bya Vatican, umubiri wa Papa Francis wamaze kugezwa muri Bazirika ya St Peter aho imihango yo kumusezeraho igomba kubera kugera ku wa gatandatu ubwo azashyingurwa.
-
Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe abayobozi bashya ba AUC
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC) na Selma Malika Haddadi umwungirije, abifuriza ishya n’ihirwe mu mirimo mishya.
-
Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62
19 August 2025, by ISIMBI EstellaIntambara igiye kumara imyaka ibiri ica ibintu mu gace ka Gaza imaze guhitana Abanya-Palestine barenga ibihumbi 62 mu gihe abarenga ibihumbi 120 bakomeretse.
-
Amin Miramago yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda
23 March, by Angeline MUKANGENZIAmin Miramago yagizwe Umuyobozi Mukuru Nshingwabikorwa (CEO) w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, asimbuye Stephen Ruzibiza waruyoboraga guhera mu 2015.
Umuryango.rw
Kigali: Imiryango irenga 1600 igiye kwimurwa mu manegeka, ihabwe inzu
Bimwe mu byaranze tariki ya 09 mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi
Rwamagana: Abantu 12 bakomerekeye mu mpanuka, umwe iramuhitana
Hansi Flick agiye kongera amasezerano muri FC Barcelone
Muhammed Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana
Umubiri wa Papa Francis wagejejwe muri Bazirika ya St Peter ngo asezerweho bwa nyuma - AMAFOTO
Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe abayobozi bashya ba AUC
Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62
Amin Miramago yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda