Umugore w’Umufaransa w’imyaka 42, Vanessa Douillet, yatangaje ko ashaka kujya mu murashunwa y’ubwiza yo mu Bufaransa ‘Miss France’, aho afite intego yo kwegukana ikamba muri aya marushanwa agamije kwerekana ko imyaka myinshi itabuza umugore kugera ku ntego ze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugore w’imyaka 42 yavuzeko agiye guhatana muri ‘Miss France’
13 March 2025, by ISIMBI Estella -
Umuhanzi John Legend yasabye amahanga kwigira kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
18 April 2025, by Gladiator OGMu mashusho yashyizwe ku rukuta rwa X yu Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali (Kigali Genocide Memorial) ku wa Kane tariki 17 Mata 2025, uyu muhanzi uherutse gusura urwo rwibutso ubwo yari yitabiriye igitaramo ‘Move Afrika’ cyabereye muri BK Arena, yumvikanye avuga ko abona amahanga yari akwiye gufatira urugero ku Rwanda, bagashyira hamwe imbaraga bakarwanya icyatera Jenoside ukundi.
Mu magambo ye John Legend Yagize ati: “Ntekereza ko u Rwanda ari urugero rwiza ku mahanga yose rwo kwigiraho (…) -
StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” mu kwitegura Noheli n’Ubunani
15 November 2020, by UbwanditsiN’ubwo hari byinshi byahindutse muri uyu mwaka, abantu bongeye kwishimira kuba ubuzima buri gusubira mu buryo n’ubwo butarasubira nk’uko bwahoze kuko kugeza ubu ibyahuzaga abantu mu kwidagadura harimo ibitaramo, siporo n’ibindi birori bitandukanye biracyakurikiranwa hifashishijwe ikoranabuhanga nka televiziyo cyangwa telefone.
Tugeze mu mpera z’umwaka aho twitegura iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” aho umufatabuguzi agura abonema y’amezi 2 (…) -
Muri Australia itegeko ryo kubuza abana imbuga nkoranyambaga ryakuruye impaka
23 January, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Australia yafashe icyemezo gikomeye cyo kubuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zikomeye zirimo TikTok, Facebook, Instagram na YouTube, hagamijwe kurinda ubuzima n’imitekerereze by’abana.
-
U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye
29 January, by Angeline MUKANGENZIHashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku nshingano z’abashakanye, aho abantu benshi bumva ko ari ihame ko gushakana bigomba guherekezwa no gukora imibonano mpuzabitsina.
-
Ni ibintu bisanzwe i Burayi - Josh Ishimwe ku birori byo guhamba ubusore ‘Bridegroom’ yakorewe
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Josh Ishimwe, yakorewe ibirori byo gusezera ubusore bizwi nka “Bachelor Party” cyangwa “Groom’s Send Off”. Ni ibirori yakorewe n’abagize umuryango we mu gihe habura iminsi micye agakora ubukwe n’umukunzi we Gloria.
-
Katy Perry na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada banuriwe n’iminsi mikuru
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Katy Perry, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abakunzi be amafoto n’amashusho agaragaza uko yijihije ibiruhuko bya Noheli n’Ubunani, aho yagaragaye ari kumwe n’umukunzi we mushya wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau.
-
BAL 2025: Al Ittihad na Rivers Hoopers zabonye itike yo gukina imikino ya nyuma
14 April 2025, by Joseph IradukundaAl Ittihad yo mu Misiri na Rivers Hoopers yo muri Nigeria zabonye itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma ya Basketball Africa League (BAL) izabera i Pretoria nyuma yo kuyobora itsinda ryiswe Kalahari Conference.
-
Iran : Hangijwe ibifite agaciro ka miliyari 270$
16 April, by ISIMBI EstellaMu gihe ibiganiro bihuza Iran na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bikomeje kuba agatereranzamba, hakomeje kurebwa ibyangijwe n’intambara kugirango hamenyekane indishyi zizahabwa icyo gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati.
-
Imikino Olempike: Noah Lyles yegukanye umudali wa zahabu muri metero 100
5 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamerika Noah Lyles yegukanye Umudali wa Zahabu mu gusiganwa muri metero 100 mu Mikino Olempike iri kubera i Paris mu Bufaransa.
Umuryango.rw
Umugore w’imyaka 42 yavuzeko agiye guhatana muri ‘Miss France’
Umuhanzi John Legend yasabye amahanga kwigira kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
Muri Australia itegeko ryo kubuza abana imbuga nkoranyambaga ryakuruye impaka
U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye
Ni ibintu bisanzwe i Burayi - Josh Ishimwe ku birori byo guhamba ubusore ‘Bridegroom’ yakorewe
Katy Perry na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada banuriwe n’iminsi mikuru
BAL 2025: Al Ittihad na Rivers Hoopers zabonye itike yo gukina imikino ya nyuma
Imikino Olempike: Noah Lyles yegukanye umudali wa zahabu muri metero 100