Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Nduhungirehe Olivier, yasuye abana bafashirizwa muri Sherrie Silver Foundation bari mu myiteguro ya ‘The Silver Gala’, abasaba kugerageza kugira inzozi nini ndetse no guharanira kuzikabya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yasuye abana bafashirizwa muri ‘Sherrie Silver Foundation’
15 September 2025, by ISIMBI Estella -
FIFA yashyize Rayon Sports mu makipe arenga 150 ari mu bihano
11 November 2025, by ISIMBI EstellaRayon Sports yasohotse ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), mu makipe yafatiwe ibihano byo kutandikisha abakinnyi nyuma yo kutubahiriza ibyo yasabwe ubwo yatsindwaga imanza yarezwemo n’abari abakozi bayo.
-
Trump yagize icyo avuga ku mikorere ya Leta ya Kongo
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yakoze mu jisho Abanyekongo atangaza ko atazi icyo Congo ari cyo usibye kuba yumva ko abantu benshi bahava binjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Israel yateguje ibitero simusiga kuri Hamas mu gihe yaba itohereje imbohe isigaranye
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Israel yatangaje ko mu gihe imbohe zose zafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas zizaba zitarekuwe vuba, izafunga amarembo ya Gaza ubundi ikahahindura mu kuzimu.
-
Igitaramo cya Jose Chamaleone i Kigali cyasubitswe
19 December 2024, by Joseph IradukundaIgitaramo cya Jose Chameleone cyari giteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali ku wa 3 Mutarama 2025, cyasubitswe, nyuma y’uko uyu muhanzi agize uburwayi buzamusaba kujya kwivuriza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
22 August 2024, by UbwanditsiAmakuru atangazwa n’Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Dr. MURANGIRA B Thiery ni uko tariki ya 21 Kanama 2024 uwar Kandida Depite MUSONERA GERMAIN w’imyaka 59 yatawe muri yombi acyekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 aho akekwa kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa KAYIHURA JEAN MARIE VIANNEY wishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Akaba hari na bimwe mu byaha yiyemerera nko kuba kuri bariyeri ziciweho Abatutsi.
Ibyaha bya Jenoside yakorewe (…) -
U Bufaransa bugiye kongera intwaro kirimbuzi butunze
3 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihe kigeze ngo igihugu cye cyongere intwaro kirimbuzi kibitse mu rwego rwo kwitegura gukumira uwagerageza kugihungabanyiriza umutekano no guhungabanya uw’inshuti z’abaturanyi.
-
Rebecca Kadaga uherutse gushyamirana na Museveni aracyanambye kuri NRM
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wungirije wa Uganda, Kadaga Rebecca Alitwala, uheretse gushyamirana na Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yisubiyeho ku cyemezo cyo kuva mu ishyaka riri ku butegetsi, National Resistance Movement (NRM).
-
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe umwaka ushize yagarutse
27 November 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Igihugu y’Umushyikirano igiye kuba ku nshuro ya 18 aho biteganyijwe ko izabera muri Kigali Convention Centre ku wa 20 - 21 Ukuboza 2021.
Inama y’Umushyikirano ya 2021 izitabirwa n’abayobozi batandukanye muri Guverinoma, abagize Inteko Ishinga Amategeko, Abanyarwanda bari mu Rwanda n’abari mu bihugu by’amahanga, abanyamakuru n’abandi.
Mu bindi bikorwa biteganyijwe muri uyu Mushyikirano, ni uko abayobozi bakuru mu nzego za Leta bazasinya Imihigo.
Inama y’Umushyikirano igiye kuba (…) -
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
23 December 2024, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bakomeje gufasha amakipe yabo kwitwara neza mu mpera z’icyumweru.
Umuryango.rw
Minisitiri Nduhungirehe yasuye abana bafashirizwa muri ‘Sherrie Silver Foundation’
FIFA yashyize Rayon Sports mu makipe arenga 150 ari mu bihano
Trump yagize icyo avuga ku mikorere ya Leta ya Kongo
Israel yateguje ibitero simusiga kuri Hamas mu gihe yaba itohereje imbohe isigaranye
Igitaramo cya Jose Chamaleone i Kigali cyasubitswe
RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
U Bufaransa bugiye kongera intwaro kirimbuzi butunze
Rebecca Kadaga uherutse gushyamirana na Museveni aracyanambye kuri NRM
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe umwaka ushize yagarutse
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru