Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Belén Calvo Uyarra, bigamije gushimangira ubufatanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda
18 February, by ISIMBI Estella -
USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky
5 November 2025, by ISIMBI EstellaAbantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege y’imizigo yiteguraga kogoga ikirere iva ku kibuga cy’indege cya Louisville i Kentucky muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) nkuko byemejwe na Guverineri w’iyo Ntara, Andy Beshear.
-
U Rwanda kudushinja gukorana na FDLR ni nko kudutuka: Ndayishimiye
28 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Gatanu yahakanye amakuru avuga ko ingabo z’Igihugu cye (FNDB) zikorana n’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda; avuga ko kuvuga ko FNDB ikorana n’uriya mutwe ari igitutsi.
-
Sinamuciye inyuma, ahubwo nakoreweho iraha- Uwari umukunzi wa Juma Jux yimaze agahinda
5 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Tanzania, Juma Jux akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera ubukwe bwe bw’agatangaza n’umunya-Nigeria, Priscilla Ojo, wamamaye cyane nka ‘Influencer’ ku mbuga nkoranyambaga ze.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera
4 September 2024, by Joseph IradukundaDmytro Kuleba yeguye ku mirimo ye yo kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, nyuma y’icyumweru Perezida Volodymyr Zelenskyy atangaje ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ashaka kurushaho gukomeza nyuma y’imyaka ibiri n’igice igihugu cye gitewe n’u Burusiya.
-
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
20 June 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yasabye isi yose gufatanya kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore ririmo kubashyingira ku gahato n’ibindi.
Ibi Madamu Jeannette Kagame yabigarutseho ubwo yatangizaga Inama y’Ihuriro ry’Abagore bahagarariye abandi mu muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza wa Commonwealth bitabiriye inama ya CHOGM iteraniye I Kigali.
Madamu wa Perezida Kagame yagize ati "Nta kwihangana guhari mu gihe ubu bitatu bya kane bya miliyari y’abana (…) -
Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUmushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo gufunga Kiliziya ya Paruwasi ya Saint Jean de Capistran iherereye muri teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri nyuma y’igitero cy’umutwe witwaje intwaro wa CODECO.
-
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
28 May 2025, by Gladiator OGUwase Kathia Kamali mukuru wa nyampinga w’u Rwanda 2020 , Naomi Nishimwe, yihanije mu buryo bukomeye umukobwa wamubajije impamvu Adonis Javon Filler umukunzi wa Kathia atigeze agaragara akina mu mikino ya BAL kandi asanzwe ari umukinnyi wa APR BBC ikipe yari ihagarariye u Rwanda muri iyi mikino.
-
Gen. Kainerugaba na Gen. Songesa wa DRC baganiriye ku mutekano w’akarere
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yabonanye na mugenzi we Gen. Christian Tshiwewe Songesa, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), mu rwego rwo gushimangira ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’ihungabanya ry’umutekano rusange .
-
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda
USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky
U Rwanda kudushinja gukorana na FDLR ni nko kudutuka: Ndayishimiye
Sinamuciye inyuma, ahubwo nakoreweho iraha- Uwari umukunzi wa Juma Jux yimaze agahinda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
Gen. Kainerugaba na Gen. Songesa wa DRC baganiriye ku mutekano w’akarere
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera