Umuhanzikazi Rihanna yaraye ahishuye ko yitegura kwibaruka umwana wa Gatatu ubwo yari mu birori bya Met Gala.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rihanna yahishuye ko atwite (Amafoto)
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ko abashotora igihugu batuma kirwanirirwa
2 February, by ISIMBI EstellaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko adatewe ubwoba n’abakomeje gusebya Uganda bayishotora ahubwo ko bakwiye kumenya ko kuyishotora cyane bituma abashinzwe kuyirinda bayirwanira.
-
Nyuma y’imyaka 12 ibendera ry’u Burusiya rigiye kongera kugaragara mu Mikino Paralempike
18 February, by ISIMBI EstellaNyuma y’imyaka 12 u Burusiya buhabwa ibihano bituma ibendera ryabwo ritagaraga mu Mikino Paralempike, bwo na Belarus byemerewe abakinnyi bazakina bafite amabendera y’ibihugu byabo.
-
Trump ageze mu ntasi za Amerika mu kwirukana abakozi
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbutegetsi bwa Trump burateganya kugabanya abakozi bakora mu Rwego rw’Igihugu rw’Iperereza, CIA, no mu zindi nzego z’ubutasi muri gahunda ikomeje y’amavugurura muri guverinoma.
-
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Ntarabana,Akagari ka Kiyanza kuri uyu wa Mbere,tariki ya 21 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa munani n’igice nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umugabo witwa Kabanda Thacien ufite imyaka 54 y’amavuko, wasanzwe mu nzu yapfuye.
-
Vital Khamere yavuze ku burwayi bwa Tshisekedi
9 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’inteko ishinga mategeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Vital Khamere, yavuze ku by’uburwayi bwa Tshisekedi nyuma y’uko yari yamusuye kuri uyu wa Gatatu.
Nk’uko yabitangaje, bwana Vital Khamere yavuze ko yasuye perezida Tshisekedi Tshilombo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 07/08/2024, akaba yaramusuye nyuma y’uko uyu mukuru w’igihugu yari avuye mu Bubiligi aho yari amaze iminsi arwariye.
Rero, Vital Khamere mu kuva gusura perezida Félix Tshisekedi yavuze ko yasanze (…) -
Afurika y’Epfo yafunze umupaka uyihuza na Mozambique kubera imyigaragambyo
6 November 2024, by Joseph IradukundaUrwego rwa Afurika y’Epfo rushinzwe abinjira n’abasohoka rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo umupaka wo ku cyambu cya Lebombo uhuza iki gihugu na Mozambique bitewe n’imyigaragambyo ikomeye ikomeje kubera i Maputo.
-
Goma: Ukekwaho kwica Umukuru wa Radio Maria ‘yishyuwe $5’gusa
1 October 2024, by Joseph IradukundaAmahuriro y’abanyamakuru muri DR Congo no hanze ari kwamagana iyicwa ry’umunyamakuru ukuriye ishami rya Radio Maria i Goma warashwe n’abitwaje intwaro bishyuwe amadorari atanu ya Amerika, nk’uko umukuru w’umujyi wa Goma yabitangaje.
-
Papa Léo XIV yasabye Trump kurangiza intambara yo muri Iran mbere ya Pasika
1 April, by Angeline MUKANGENZIUmushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léo XIV, yasabye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kurangiza intambara yo muri Iran mbere y’uko Pasika igera, kuko ikomeje guteza Isi akaga.
-
UEFA Champions League: Arsenal yatsinze Inter Milan, yandika amateka
21 January, by ISHIMWE Jean de DieuArsenal yatsinze Inter Milan ibitego 3-1, yandika amateka yo gutsinda imikino irindwi yikurikiranya muri UEFA Champions League.
Umuryango.rw
Rihanna yahishuye ko atwite (Amafoto)
Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ko abashotora igihugu batuma kirwanirirwa
Nyuma y’imyaka 12 ibendera ry’u Burusiya rigiye kongera kugaragara mu Mikino Paralempike
Trump ageze mu ntasi za Amerika mu kwirukana abakozi
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
Vital Khamere yavuze ku burwayi bwa Tshisekedi
Afurika y’Epfo yafunze umupaka uyihuza na Mozambique kubera imyigaragambyo
Goma: Ukekwaho kwica Umukuru wa Radio Maria ‘yishyuwe $5’gusa
Papa Léo XIV yasabye Trump kurangiza intambara yo muri Iran mbere ya Pasika
UEFA Champions League: Arsenal yatsinze Inter Milan, yandika amateka