Inteko ishingamategeko y’Ubumwe bw’Uburayi (EU) kuwa kane yamaganye urubanza rwaciriwe Paul Rusesabagina n’uburyo yagejejwe mu Rwanda, isaba umuryango w’ibyo bihugu kongera umuhate wayo ngo arekurwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inteko ya EU yamaganye yasabye ko Rusesabagina ahita arekurwa
8 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Aimable Karasira yangiwe kongererwa igihe cyo gutegura kwiregura
13 January 2025, by Joseph IradukundaUrugereko rw’urukiko rukuru rukorera mu mujyi wa Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwanze icyifuzo cya Aimable Karasira n’abamwunganira cyo guhabwa igihe cyo gutegura kwiregura ku byaha akurikiranyweho.
-
Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza
25 August 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Nasser biri mu Majyepfo ya Gaza.
-
Ntazinda wari Meya wa Nyanza agiye kugezwa imbere y’urukiko
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZINtazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza agatabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze, agiye kugezwa imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
-
Harmonize yishongoye kuri Diamond wangiwe guhatana muri Grammy Awards
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuHarmonize yagaragaje ko Diamond Platnumz bamaze igihe batajya imbizi, atari umuhanzi uri ku rwego rwo kujya muri Grammy Awards yasabye guhatanamo uyu mwaka ntibimuhire.
-
Musanze: Aborozi bahangayikishijwe n’ababiba amatungo bakayabagirira mu ngo
12 November 2025, by ISIMBI EstellaAborozi bo mu Mirenge inyuranye y’Akarere ka Musanze bavuga ko bahangayikishijwe n’ubujura bw’amatungo bumaze gufata indi ntera, aho abajura batakibiba amatungo ngo bayajyane, ahubwo basigaye bayabagira mu ngo zabo, inyama bakazigurisha ku mabagiro cyangwa ku byokezo mu rukerera.
-
Zayn Malik yafashe icyemezo gikomeye kubera urupfu rwa Liam Payne babanye muri ‘One Direction’
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Zayn Malik waririmbanaga muri ‘One Direction’ na Liam Payne uheruka gupfa, yahagaritse ibitaramo yari afite bizenguruka Amerika nyuma y’igihombo cyo kubura umuvandimwe we.
-
Depite yasabye ko BBC icibwa muri Kenya
30 April 2025, by Joseph IradukundaImiryango ikomeye iharanira uburenganzira bwa muntu yongeye gusaba ko hakorwa amaperereza ku bwicanyi bwakorewe abigaragambyaga bishwe n’abashinzwe umutekano ba Kenya mu myigaragambyo yo muri Kamena (6) umwaka ushize yo kwamagana inyongera ku misoro.
-
RDC yaciye amarenga ko itazashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaciriye amarenga akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ko Leta y’iki gihugu ishobora kudashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu.
-
Nyanza: Akurikiranyweho gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya
3 September 2024, by Joseph IradukundaUmusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we bapfa umukobwa wigurisha (indaya).
Umuryango.rw
Inteko ya EU yamaganye yasabye ko Rusesabagina ahita arekurwa
Aimable Karasira yangiwe kongererwa igihe cyo gutegura kwiregura
Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza
Ntazinda wari Meya wa Nyanza agiye kugezwa imbere y’urukiko
Harmonize yishongoye kuri Diamond wangiwe guhatana muri Grammy Awards
Musanze: Aborozi bahangayikishijwe n’ababiba amatungo bakayabagirira mu ngo
Zayn Malik yafashe icyemezo gikomeye kubera urupfu rwa Liam Payne babanye muri ‘One Direction’
Depite yasabye ko BBC icibwa muri Kenya
RDC yaciye amarenga ko itazashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu
Nyanza: Akurikiranyweho gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya