Inyandiko zigizwe na paji zisaga miliyoni 3, amafoto ibihumbi 180 n’amashusho 2000 bivuga kuri Jeffrey Epstein, byashyizwe hanze ku busabe bwa Minisiteri y’ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse hagaragaramo amazina akomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Elon Musk na Bill Gates bongeye kwisanga mu nyandiko za Epstein
1 February, by ISIMBI Estella -
Abanye Gaza bari mu kaga nyuma y’aho Amakamyo abazaniye imfashanyo acucuriwe
19 November 2024, by Joseph IradukundaAbantu bataramenyekana bateze amakamyo yari atwaye inkunga y’ibiribwa abijyanye mu gace ka Gaza barayasahura, bikomeza gutuma abatuye aka gace barushaho kujya mu kaga ko kwibasirwa n’inzara.
-
TWIYAMBARIZIMANA Isabelle yasabye guhindura amazina akitwa MUVUNYI Isabelle
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa TWIYAMBARIZIMANA Isabelle yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUVUNYI Isabelle mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma y’ibiganiro bwa Amerika n’Uburayi
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kane intumwa zidasanzwe za Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, barahurira na bagenzi babo b’i Burayi i Paris mu Bufaransa, kugira ngo baganire uko bahagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine.
-
Umupolisi yasinze yiha ububasha bwa Perezida maze arekura arekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha
3 January 2025, by Joseph IradukundaAbategetsi bo muri Zambia bavuga ko umupolisi mukuru wari wasinze yarekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha bari bafungiye muri kasho kugira ngo bashobore kujya kwizihiza ubunani.
-
U Rwanda na Amerika byashimangiye ubufatanye mu bya Gisirikare[AMAFOTO]
29 May 2020, by Martin MunezeroU Rwanda na Leta zunze ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano agamije gushimangira ubufatanye bwiza bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
-
Musanze: Umubyeyi w’ abana bane yakuyemo inda abeshya abaganga ko yagiye mu mihango
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi Twahaye izina rya Mukanama wo mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze tariki 11 Ugushyingo 2017 yagiye ku kigo nderabuzima abeshya abaganga ko yagiye mu mihango bamupimye basanga yabyaye,batangira kumukurikirana.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Cyoko byabereyemo Ngayubwiko Jean Marie Vianney, yatangarije UMURYANGO yahamagawe n’ umuganga witwa Phoibe amutumyeho umuzamu wo kigo kigonderabuzima cya Kabere.
Yagize ati “Mu ijoro ry’ uwa 11 rishyira 12 Ugushyingo nibwo (…) -
"U Rwanda ruzakomeza kubungabunga amahoro muri EAC"-Perezida Kagame
1 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzakomeza kugira uruhare mu kubungabunga umutekano yaba mu karere ndetse no mu Mugabane wa Afurika.
Ibi yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ugushyingo 2022 ubwo yagezaga ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) bamaze iminsi bari gukorera imirimo yabo mu Rwanda.
Perezida Kagame yagize ati " U Rwanda rwiteguye gukomeza gutanga umusanzu mu guharanira umutekano n’amahoro yaba mu karere ndetse (…) -
APR BBC yitegura BAL 2025 yatakaje abakinnyi babiri b’ingenzi
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAPR BBC izitabira BAL 2025 idafite Shema Osborn na Nobel Boungou-Colo bagiriye imvune zikomeye mu mukino wa nyuma w’Irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Musenyeri Ntagungira Jean Bosco waragijwe Diyosezi ya Butare yimitswe
6 October 2024, by Joseph IradukundaAntoine Cardinal Kambanda yahaye ubwepiskopi Musenyeri, Jean Bosco Ntagungira, waragijwe Diyosezi ya Butare asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
Umuryango.rw
Elon Musk na Bill Gates bongeye kwisanga mu nyandiko za Epstein
Abanye Gaza bari mu kaga nyuma y’aho Amakamyo abazaniye imfashanyo acucuriwe
TWIYAMBARIZIMANA Isabelle yasabye guhindura amazina akitwa MUVUNYI Isabelle
Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma y’ibiganiro bwa Amerika n’Uburayi
Umupolisi yasinze yiha ububasha bwa Perezida maze arekura arekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha
"U Rwanda ruzakomeza kubungabunga amahoro muri EAC"-Perezida Kagame
APR BBC yitegura BAL 2025 yatakaje abakinnyi babiri b’ingenzi
Musenyeri Ntagungira Jean Bosco waragijwe Diyosezi ya Butare yimitswe