Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yijeje Police FC ubufasha bwose ikeneye kugira ngo ibe ikipe irushaho gutwara ibikombe hatabayemo inzira zinyuranyije n’amategeko zirimo na ruswa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
CG Felix Namuhoranye yijeje Police FC itwara ibikombe itabishingiye kuri ruswa
3 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Imyanzuro ya Trump ishobora gutera urupfu rw’ Abarenga miliyoni 14 muri 2030-Ubushakashatsi
2 July 2025, by Joseph IradukundaUbushakashatsi bw’Ikinyamakuru mpuzamahanga cy’ubushakashatsi mu buvuzi, bugaragaza ko icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump cyo kugabanya inkunga zashyirwaga mu bikorwa by’ubutabazi mpuzamahanga gishobora gutera imfu z’abarenga miliyoni 14 mbere y’umwaka wa 2030.
-
Ambasaderi Bakuramutsa yeretse Loni ko umutekano muke muri RDC uturuka imbere muri yo
3 March, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda mu Busuwisi no mu mashami y’Umuryango w’Abibumbye ari i Genève, Urujeni Bakuramutsa, yagaragaje ko umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi watewe n’ibibazo birimo iby’imiyoborere biri muri iki gihugu cy’Abanye-Congo.
-
Trump yakije umuriro kuri Canada
25 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Canada ayibwira ko ishobora kuzamurirwa imisoro ku gipimo cya 100% mu gihe yagirana amasezerano y’ubufatanye mu by’ubucuruzi n’u Bushinwa.
-
AFC/M23 yasabye Leta ya RDC ibisobanuro ku rubanza rwa Kabila
25 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bugomba gutanga ibisobanuro ku rubanza rwa Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019.
-
Ni bande? Dore ibyo wamenya ku bakobwa 6 bose bakundanye na Diamond Platnumz
24 April 2025, by Gladiator OGUmuhanzi King James yararimbye ati “ Wanzanye mu rukundo ubonye mpageze uransiga , amagambo asize umunyu wambwiraga yagiye he ? ngaho mbwira ese warikiniraga ? Urukundo ni rwiza kandi biba byiza iyo ukunze ugukunda. Muri iyi nkuru mutwemerere turebere hamwe irengero ndetse n’ubuzima bw’abakobwa Icyamamare mu muziki ku ruhando mpuzamahanga Diamond Platnmuz yakundanye nabo.
-
RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye
19 July 2025, by Joseph IradukundaIntumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa AFC/M23, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga 2025, zashyize umukono ku nyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye.
-
APR FC vs Rayon Sports: Abakinnyi bitezwe n’aho umukino ushobora gutsindirwa
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuStade Amahoro yiteguye kwakira umukino ukomeye kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, aho amakipe y’ibihangange mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, agiye guhurira mu mukino wa FERWAFA Super Cup.
-
Isiraheri yishe agahenge yongeye Kugaba Ibitero ku Birindiro bya Hezbollah
1 December 2024, by Joseph IradukundaIsiraheri yagabye ibitero by’indege muri Liban ivuga ko byari bigambiriye ibikorwa by’umutwe wa Hezbollah ushyigikiwe na Irani.
-
Maroc yanze kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore habura ukwezi ngo gitangire
2 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe haburaga ukwezi kumwe n’igice ngo Igikombe cya Afurika cy’Abagore kibere muri Maroc, iki gihugu cyatangaje ko kitazakira irushanwa byatumye Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) irijyana muri Afurika y’Epfo.
Umuryango.rw
CG Felix Namuhoranye yijeje Police FC itwara ibikombe itabishingiye kuri ruswa
Imyanzuro ya Trump ishobora gutera urupfu rw’ Abarenga miliyoni 14 muri 2030-Ubushakashatsi
Ambasaderi Bakuramutsa yeretse Loni ko umutekano muke muri RDC uturuka imbere muri yo
Trump yakije umuriro kuri Canada
AFC/M23 yasabye Leta ya RDC ibisobanuro ku rubanza rwa Kabila
Ni bande? Dore ibyo wamenya ku bakobwa 6 bose bakundanye na Diamond Platnumz
RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye
APR FC vs Rayon Sports: Abakinnyi bitezwe n’aho umukino ushobora gutsindirwa
Isiraheri yishe agahenge yongeye Kugaba Ibitero ku Birindiro bya Hezbollah
Maroc yanze kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore habura ukwezi ngo gitangire