Ikigo cy’imisoro n’Amahoro (RRA), kuri uyu wa Gatanu tariki 15 kanama, cyatanze miliyoni 464 Frw ku baguzi ba nyuma 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicurizwa na servisi bicibwaho ku nyongeragaciro (TVA) , kuva muri Mata kugeza muri Kamena 2025
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RRA yatanze miliyoni 464 Frw TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM
16 August 2025, by ISIMBI Estella -
Israel yarashe ibiro bya Televiziyo y’igihugu muri Iran
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel cyatangaje ko cyarashe ibiro by’Ikigo cy’Itangazamakuru cya Iran (IRINN), muri gahunda y’ibitero bitandukanye kiri kugaba muri iki gihugu.
-
Umuhango wo kwimika Umwami w’Ubwongereza uritabirwa na bake b’intoranywa
5 May 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla bita – Queen Consort, i Westminster Abbey mu murwa mukuru London. Iyi ni ishusho y’abantu ibihumbi batumiwe muri uwo muhango.
-
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwitanga rutabanje kubibwirizwa
2 July 2019, by Dusingizimana RemyMu kiganiro Nyakubahwa perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru bo mu Rwanda no mu mahanga ndetse na bamwe mu rubyiruko rukunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga rutanga ibitekerezo,yavuze ko urubyiruko rukwiriye kwitanga uko bikwiriye kugira ngo igihugu gitere imbere ndetse ko rudakwiriye kurindira ko barubwiriza gukora ibyiza.
-
U Bushinwa bwashinje Canada na Australia ubushotoranyi
8 September 2025, by ISIMBI EstellaU Bushinwa bwahishuye ko bwarakajwe n’ubwato bw’intambara bya Canada na Australia bwanyuze mu mazi ya Taiwan ari hagati y’Ikirwa cya Taiwan n’Umugabane wa Aziya, buvuga ko cyari igikorwa cy’ubushotoranyi.
-
Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Portugal Cristiano Ronaldo agiye guhabwa amasezerano mashya muri Al-Nassr, azaba afite agaciro ka miliyoni zirenga 167.9£, ndetse agahabwa 5% by’imigabane muri iyi kipe, akajya agira n’uruhare mu kugura abakinnyi.
-
Urujijo muri dosiye ya Majyambere wongeye gufungwa nyamara avuga ko yarangije igihano
4 April 2022, by UbwanditsiMu minsi ishize ni bwo inkuru y’ifungwa ry’umunyemari Hategekimana Martin wamenyekanye nka Majyambere wari ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge yasakaye.
-
UEFA Champions League: Real Madrid ishobora guhura na Manchester City
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuAmakipe umunani mu yakinaga imikino ya kamarampaka ya UEFA Champions League, yabonye itike yo gukomeza muri iki cyiciro nyuma y’imikino yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 25 Gashyantare 2026, Real Madrid yakomeje ikaba ishobora guhura n’izirimo Manchester City.
-
Macron na Putin bagiye kuganira ku guhagarika intambara ya Ukraine
6 January, by ISIMBI EstellaIbiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko byakiriye neza icyifuzo cya Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, cyo kugirana ibiganiro na mugenzi we Emmanuel Macron ku ntambara ikomeje kubera muri Ukraine.
-
MINEDUC yahishuye ibyagendeweho ngo Guverinoma ihindure amasaha yo gutangira amasomo
12 November 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi,Dr Uwamariya Valentine yavuze ko Guverinoma yafashe icyemezo cyo guhindura amasaha yo gutangira amashuri ku munsi mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi ryakomwaga mu nkokora n’igicu bamwe mu bana babyukaga n’ibindi.
Guverinoma yaraye ihinduye amasaha akazi katangiriragaho n’igihe kasorezwaga, aho abakozi bazajya batangira akazi 9h00 bageze 17h00, habariwemo isaha 1 y’ikiruhuko.
Kuva muri Mutarama 2023 amasaha y’akazi ni ukuva 9h (saa tatu z’igitondo) kugeza 17h00 (…)
Umuryango.rw
RRA yatanze miliyoni 464 Frw TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM
Israel yarashe ibiro bya Televiziyo y’igihugu muri Iran
Umuhango wo kwimika Umwami w’Ubwongereza uritabirwa na bake b’intoranywa
U Bushinwa bwashinje Canada na Australia ubushotoranyi
Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr
Urujijo muri dosiye ya Majyambere wongeye gufungwa nyamara avuga ko yarangije igihano
UEFA Champions League: Real Madrid ishobora guhura na Manchester City
Macron na Putin bagiye kuganira ku guhagarika intambara ya Ukraine
MINEDUC yahishuye ibyagendeweho ngo Guverinoma ihindure amasaha yo gutangira amasomo