U Burusiya na Ukraine byiyemeje guhagarika intambara mu mazi mu Nyanja Yirabura mu masezerano atandukanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’iminsi itatu y’ibiganiro by’amahoro muri Arabia Saoudite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Burusiya na Ukraine byemeranyije guhagarika imirwano mu Nyanja Yirabura
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umunyeshuli utatsinze bamwimura bate ?-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiriye urugendo mu Karere ka Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 26 Gashyantare 2019,aho yaganirije imbaga y’abantu basaga ibihumbi 20 yaje kumwakira ku ngingo zitandukanye zirimo uburezi,iterambere ndetse n’umutekano.
-
Miggy yumvikanye ashaka gutanga ruswa muri shampiyona
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wungirije wa Muhazi United, Mugiraneza Jean-Baptiste uzwi nka Miggy ari mu mazi abira nyuma yo kumvikana asaba Shafiq Bakaki, myugariro wa Musanze F, kumufasha Kiyovu Sports ikubona amanota, ariko uyu mukinnyi akamuhakanira.
-
Nyamasheke: Birakekwa ko yiyahuye kubera nyina umuziza gukundwa na se
25 April 2025, by ISIMBI EstellaNyirandikumana Jeanne w’imyaka 22 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Mpumbu, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu mugezi wa Kamiranzovu hakekwa ko yiyahuye.
-
Nyuma y’imyaka 8 babana, Clapton Kibonge n’umugore we bakoze ubukwe mu birori biryoheye ijisho
5 April, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya n’umukinnyi wa filime, Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Jacky bakoze ubukwe mu birori binogeye ijisho nyuma y’imyaka 8 babana.
-
U Bwongereza bwaburiye u Rwanda rukomeje gushinjwa gufasha M23
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Bwongereza bwaburiye u Rwanda buvuga ko uruhare rwarwo mu ntambara ikomeje kubera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rushobora guhungabanya inkunga irenga miliyari imwe y’amadorari ruhabwa buri mwaka.
-
Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye yabazwaga n’urubyiruko birimo n’impamvu nyamukuru ituma akunda kwitwara mu modoka[AMAFOTO]
15 June 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yasubije ibibazo bitandukanye yabazwaga n’urubyiruko rukomoka muri Afurika, asobanura impamvu nyamukuru ituma akunda kugaragara yitwaye mu modoka mu gihe yagiriye uruzinduko mu bice runaka by’igihugu.
-
U Rwanda mu nzira yo kwandikisha muri UNESCO inzibutso enye za jenoside yakorewe abatutsi
7 April 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u rwanda ifite gahunda yo kwandikisha ku rutonde rw’Umurage w’isi rwa UNESCO inzibutso za Jenoside za Nyamata, Gisozi, Murambi na Bisesero bimwe mu bisabwa byamaze kuboneka ariko ni urugendo rurakomeje.
Ku itariki ya 5 Mata 2018, Komisiyo y’igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) yagiranye ikiganiro nyunguranabitekerezo n’abasenateri kubimaze gukorwa n’ ibisigaye ngo izi nzibutso uko ari enye zandikwe mu ishami ry’ umuryango w’ abibumbye rishinzwe ubumenyi n’ umuco UNESCO.
Perezida (…) -
Kanye West yivuguruje ku byo kwiyita Umu-Nazi
22 April 2025, by ISIMBI EstellaKanye West yivuguruje ku magambo yo gushyigikira Aba-Nazi no gutesha agaciro Jenoside yakorewe Abayahudi yari aherutse gutangaza, icyakora akomeza kugaragaza ko afite uburenganzira bwo kuvuga ibyo ashaka.
-
Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran
15 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe ibiganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bigikomeje, hahishuwe ko Washington iri kwitegura ibitero bikomeye bishobora kumara iminsi kuri Iran.
Umuryango.rw
U Burusiya na Ukraine byemeranyije guhagarika imirwano mu Nyanja Yirabura
Miggy yumvikanye ashaka gutanga ruswa muri shampiyona
Nyamasheke: Birakekwa ko yiyahuye kubera nyina umuziza gukundwa na se
Nyuma y’imyaka 8 babana, Clapton Kibonge n’umugore we bakoze ubukwe mu birori biryoheye ijisho
U Bwongereza bwaburiye u Rwanda rukomeje gushinjwa gufasha M23
Kanye West yivuguruje ku byo kwiyita Umu-Nazi
Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran