Guverinoma y’u Rwanda yahawe igihembo nka kimwe mu bihugu byahize ibindi ku Isi mu kwegereza no kunoza serivisi za Leta zihabwa abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwahembwe nk’igihugu cyahize ibindi ku Isi mu kunoza serivisi za leta
4 February, by Angeline MUKANGENZI -
Afhamia Lotfi yagizwe umutoza wa Rayon Sports
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Yakinnye iminota 40 yonyine! Dore uko umwana wa Cristiano Yitwaye mu kibuga uyu munsi
13 May 2025, by Gladiator OGKuri uyu wa Kabiri Cristiano Ronaldo Junior yakinaga umukino we wa mbere mu ikipe y’Igihugu ya Portugal ya batarengeje imyaka 15, uyu mwana wa Cristiano wagiye mu kibuga asimbuye yabashije gukina iminota igera kuri 40 ndetse atera ikirenge mu cya se akinira ikipe y’Igihugu.
-
Barafinda akimara gutora yasabye ko uzatorwa yazakuraho umusoro ku butaka gakondo bw’abanyarwanda
8 August 2017, by UbwanditsiBarafinda n’umugore ku munsi w’itora kuri King David Academy aho batoreye
Barafinda Sekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuzayobora u Rwanda ariko Komisiyo y’Amatora ikanga kwemeza kandidature ye ivuga ko atujuje ibisabwa byose nawe yitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika taliki 4/8/2017.
Barafinda watoreye kuri site y’Itora ya King David Academy mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro aherekejwe n’umugore we yavuze ko uzatorwa akwiriye kuzakuraho umusoro ku butaka gakondo (…) -
David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica
28 February, by ISIMBI EstellaUmufaransa uri mu bakomeye cyane ku Isi wamenyekanye mu kuvanga imiziki, David Guetta yagaragaje ko yishimiye kuba yibarutse umwana w’ubuheta.
-
Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro
17 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Syria Bashar al-Assad, uherutse guhunga igihugu kubera imitwe yitwaje intwaro yigaruriye umurwa mukuru, we na se Hafez Al-Assad bashinjwe gukora ubwicanyi bukabije budakurikije amategeko igihe bari ku butegetsi ndetse bakica abasivili benshi.
-
U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyari 55.5 FRW na EU yo kurufasha guhangana n’ingaruka za COVID-19
8 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yasinyanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), amasezerano y’inkunga ya miririyari zigera kuri 55.5 z’amafaranga y’u Rwanda (miriyoni 52 z’Amayero).
-
Mudugudu Havugiyaremye yavumbuye ibanga rituma abaturage ayoboye batanga mituweli 100/100
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’ 100/100.
-
U Rwanda rwahagaritse amateraniro ahuza abantu benshi kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda
14 March 2020, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yamaze guhagarika amateraniro y’ abantu benshi mu gihe cy’ibyumweru 2 kugira ngo hirindwe ikwirakwizwa ry’indwara ya Coronavirus yamaze kugera mu Rwanda izanywe n’umuhinde.
-
RD Congo: Ibyihebe byishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero
9 February, by Angeline MUKANGENZIAbarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru.
Umuryango.rw
U Rwanda rwahembwe nk’igihugu cyahize ibindi ku Isi mu kunoza serivisi za leta
Afhamia Lotfi yagizwe umutoza wa Rayon Sports
Yakinnye iminota 40 yonyine! Dore uko umwana wa Cristiano Yitwaye mu kibuga uyu munsi
David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica
Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro
U Rwanda rwahagaritse amateraniro ahuza abantu benshi kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda