Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’Ubugenzuzi bw’Amashuri n’Ibizamini, NESA, yatangije ibizamini ngiro (pratique) bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025, hiyongeyemo n’iby’abasanzwe biga amasomo ya siyansi mu rwego rwo kubafasha na bo kongera ubumenyi ngiro mu byo bakora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyeshuri biga siyansi bongewe mu bari gukora ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Iby’amashusho ya Kim Kardashian na Ray J bari gusambana byafashe indi ntera
14 November 2025, by ISIMBI EstellaUrunturuntu hagati ya Kim Kardashian n’uwahoze ari umuhanzi Ray J rwatangiye mu myaka 20 ishize ku byerekeye amashusho yabo bari gusambana yafashwe mu 2003, rwongeye gufata indi ntera nyuma y’uko bombi bongeye kwitabaza inkiko bitana bamwana.
-
Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky bigoye
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ubumwe za Leta Zunze Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko kuganira na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ku kibazo cy’intambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya bigoye.
-
Uganda: Polisi yatangaje ko abantu 17 bapfuye kandi ari bazima
22 October 2025, by ISIMBI EstellaPolisi ya Uganda yibeshye itangaza umubare utariwo w’abantu bapfiriye mu mpanuka ikomeye yabereye mu gace ka Kitaleba mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, aho yavuze ko abantu bapfuye ari 63 nyuma iza gutangaza ko ari 46.
-
Ngoma: Abayobozi batatu bavugwagaho gutanga serivisi mbi basezeye mu kazi
14 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi batatu bo mu Karere ka Ngoma bavugwaho gutanga serivisi mbi ku baturage banditse basezera mu kazi ku mpamvu zabo bwite, ubuyobozi bw’Akarere busaba abasigaye kwirinda gusiragiza abaturage kuko bidindiza iterambere.
-
RDC yatanze Umwongereza washinjwaga uruhare mu gushaka guhirika Tshisekedi
1 April, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro ryo ku itariki ya 19 Gicurasi 2024, itsinda ry’abakomando bipfutse mu maso binjiye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashaka kumuhirika, nyuma yo gutera urugo rwa Perezida w’inteko ishinga amategeko y’icyo gihe, Vital Kamerhe.
-
U Rwanda rwaburiye Loni ko RDC yayitura mu mutego w’ingengabitekerezo y’amacakubiri
23 August 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (Loni), Martin Ngonga yamaganye ibirego bishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, urwanira mu Burasirazuba bwa Congo (RDC) avuga ko nta shingiro bifite, kandi ko Loni nidashishoza ishobora kuzagwa mu mutego w’ingengabitekerezo y’amacakubiri ikomeje gukwirakwira mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Niba umugabo ashaka ko mutekera ibyo kurya, nawe agomba kuba yiteguye kunshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha
24 March 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi akaba icyamamare mu njyana ya Rap ku isi , Cardi B yatangajeko iyo bigeze ku nshingano zo mu rugo ntacyo bimutwaye kuba yatekera umugabo we ndetse akanakora amasuku mu rugo Ariko nawe haricyo asaba umugabo we mu rwego rwo kugirango inshingano zurugo zubahirizwe neza ku mpande zombi. Mu magambo ye ubwo yaganirga n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram ibizwi cyane nka Live yagize ati " Njye kuba natekera umugabo wanjye ndetse nkaba nakora amasuku mu rugo ntacyo bintwaye ariko (…)
-
Burera: Kivuye umuriro w’amashanyarazi wabakuye mu bwigunge
18 February, by ISIMBI EstellaAbaturage bo muri isantere y’ubucuruzi ya Kivuye, iherereye mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, bavuga ko ubuzima bwabo bwahindutse ku buryo bugaragara batera imbere nyuma yo kubona umuriro w’amashanyarazi, igikorwa bari bamaze imyaka myinshi bategereje, none watumye bakora biteza imbere.
-
Abiga mu mashuri yisumbuye bikubye inshuro zirenga 20 mu myaka 32
6 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko uburezi bw’u Rwanda bwateye imbere mu buryo bufatika mu myaka 32 ishize, guhera ku kubaka ibikorwaremezo kugeza ku bwitabire, kuko abiga mu mashuri yisumbuye bavuye ku bihumbi 37 bagera ku bihumbi 787.000, bivuze ko bikubye inshuro zirenga 20.
Umuryango.rw
Abanyeshuri biga siyansi bongewe mu bari gukora ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye
Iby’amashusho ya Kim Kardashian na Ray J bari gusambana byafashe indi ntera
Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky bigoye
Uganda: Polisi yatangaje ko abantu 17 bapfuye kandi ari bazima
Ngoma: Abayobozi batatu bavugwagaho gutanga serivisi mbi basezeye mu kazi
RDC yatanze Umwongereza washinjwaga uruhare mu gushaka guhirika Tshisekedi
U Rwanda rwaburiye Loni ko RDC yayitura mu mutego w’ingengabitekerezo y’amacakubiri
Niba umugabo ashaka ko mutekera ibyo kurya, nawe agomba kuba yiteguye kunshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha
Burera: Kivuye umuriro w’amashanyarazi wabakuye mu bwigunge
Abiga mu mashuri yisumbuye bikubye inshuro zirenga 20 mu myaka 32