Davido uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika yewe n’Isi muri rusange, akaba umwe mu bahanzi bazwiho kugira agatubutse, aherutse kwemeza ko yifuza kubaka inzu yo kujya aruhukiramo mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Davido yemeje ko yifuza kubaka inzu yo kuruhukiramo mu Rwanda
3 February, by ISIMBI Estella -
Ingamba zo gukumira Marburg zitangiye kugira ingaruka ku bigo by’amashuri
2 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg yahagaritse ibikorwa byo gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa.
-
M23 yabyinnye intsinzi nyuma yo gusatira imijyi ya Lubero na Butembo
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza wemeje ko wigaruriye utundi duce two muri Teritwari ya Lubero, nyuma yo kutwambura ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC.
-
Handball: Police HC yo mu Rwanda yabuze igikombe nyuma yo kugera mu mikino yanyuma
22 December 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya National Cereals and Produce Board yo muri Kenya yatsinze Police HC yo mu Rwanda ibitego 30-27, yegukana irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba muri Handball ‘ECAHF Senior Club Championship’ ryaberaga i Kigali rikinwa ku nshuro ya 42 .
-
Bonnie Mugabe yatangiye inshingano nshya muri FERWAFA
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangiye inshingano nyuma yo gukora ihererakanyabubasha na Mugisha Richard wari umaze amezi atatu muri izi nshingano by’agateganyo azifatanya no kuba Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekinike.
-
Kenya: Batatu bafashwe bakekwaho gutera urukweto Perezida Ruto
5 May 2025, by ISIMBI EstellaMuri Kenya, Polisi yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu bakekwaho gutera urukweto Perezida William Ruto, mu gihe yarimo ageza imbwirwaruhame ku baturage b’ahitwa i Kehancha, ku Cyumweru tariki 4 Gicurasi 2025.
-
Bayisenge Emery yatangiye imyitozo muri Gasogi United (Amafoto)
12 November 2024, by Joseph IradukundaMyugariro Bayisenge Emery uherutse gutandukana na Gor Mahia FC yo muri Kenya, yatangiye imyitozo muri Gasogi United.
-
Nyabihu: Umwana w’imyaka 2,5 yapfiriye mu muferege akina n’abandi
8 October 2025, by ISIMBI EstellaIshimwe Blaise w’imyaka ibiri n’igice, yaguye mu mugende wuzuye amazi yo mu kibaya cya Mugogo giherereye mu Kagari ka Rukondo, Umurenge wa Kintobo mu Karere ka Nyabihu, ararohama ahita ahasiga ubuzima.
-
Perezida Kagame yabonanye na Bogdan-Martin wa ITU
21 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) Doreen Bogdan-Martin, bagaruka ku kongera imbaraga mu ikoranabuhanga rihuza abantu, guhanga ibishya no gushora imari mu Ikoranabuhanga muri Afurika.
-
Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja
5 December 2024, by Joseph IradukundaEspagne ihanganye n’ikibazo gikomeye cy’abana bakomeje kuvukana ubwoya bwinshi ku mubiri, kubera ikoreshwa ry’umuti wa minoxidil urwanya uruhara.
Umuryango.rw
Davido yemeje ko yifuza kubaka inzu yo kuruhukiramo mu Rwanda
Ingamba zo gukumira Marburg zitangiye kugira ingaruka ku bigo by’amashuri
M23 yabyinnye intsinzi nyuma yo gusatira imijyi ya Lubero na Butembo
Handball: Police HC yo mu Rwanda yabuze igikombe nyuma yo kugera mu mikino yanyuma
Bonnie Mugabe yatangiye inshingano nshya muri FERWAFA
Kenya: Batatu bafashwe bakekwaho gutera urukweto Perezida Ruto
Bayisenge Emery yatangiye imyitozo muri Gasogi United (Amafoto)
Nyabihu: Umwana w’imyaka 2,5 yapfiriye mu muferege akina n’abandi
Perezida Kagame yabonanye na Bogdan-Martin wa ITU
Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja