Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye urukiko rusesa imanza guhamagaza Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, n’abandi bayobozi benshi mu rubanza rwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe
31 July 2025, by ISIMBI Estella -
Trump yavuze ko ashobora kutazajya mu ijuru
14 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko nubwo akomeje gukora ibishoboka byose mu gushakira amahoro Intara ya Gaza, atizeye ko ibyo byamuhesha kujya mu ijuru.
-
Oprah wafashwe ku ngufu ku myaka 14 ashobora kuzahangana na Perezida Trump
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore w’ umwirabura, umukinnyi w’ amafilime akana b’ umunyamakurukazi wavukiye mu muryango w’ abakene agafatwa ku ngufu agaterwa inda afite imyaka 14 y’ amavuko, ubu akaba ari icyamamarekazi cy’ umuherwe muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika Oprah Winfrey arahabwa amahirwe ko aramutse yiyamamarije kuyobora iki gihugu ashobora gutsinda Perezida Donald Trump.
Nk’ uko ibinyamakuru birimo BBC, CNN, na deadline byabitangaje Oprah ntabwo arerura ngo avuge niba aziyamamaza. Gusa hari ibimenyetso (…) -
Ikinyarwanda cyangizwa cyane n’abize- Minisitiri Dr. Bizimana
11 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizumana Jean D’amascene, yagaragaje ko abize ari bo bica Ikinyarwanda kandi bidakwiye.
-
Minisitiri Biruta yahishuye ibyo Perezida Kagame yaganiriye na Blinken
11 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken bagirana ibiganiro byagarutse ku mubano usanzwe hagati y’Ibihugu byombi ndetse n’ibibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa DRC.
Dr Vincent Biruta yavuze ko Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken bakagirana ibiganiro byibanze ku bufatanye busanzwe buri hagati y’Ibihugu byombi.
Dr Biruta yagize ati “Twagize ikiganiro (…) -
Jeannette Kagame yavuze ku bashaka gusenya Ubunyarwanda
2 November 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa 31 Ukwakira 2020, mu ihuriro ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri ryibanze ku gaciro k’Ubunyarwanda, Jeannette Kagame yavuze ku bashaka gusenya ubunyarwanda babitewe n’impamvu zitandukanye.
-
USA: Dosiye y’urupfu rwa Martin Luther King yashyizwe hanze nyuma y’imyaka 57 yishwe
22 July 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwashyize hanze dosiye igizwe na paji ibihumbi 240 zerekeye urupfu rwa Martin Luther King Jr., wamamaye mu rugamba rwo kurwanya ivangura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika
-
Rusizi: Yatwikiye mu nzu umugore we wanze ko bagabana 80,000 Frw
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuKwizera Eric w’imyaka 29 yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu ngo umugore we n’abana bahiremo, nyuma y’uko uyu mugore yanze ko bagabana amafaranga y’u Rwanda 80,000 yakuye mu itsinda.
-
Lambert Mende Yagarutse Muri Dipolomasi ya DRC guhuza na Tshisekedi
18 November 2024, by Joseph IradukundaLambert Mende Omalanga wigeze kuba Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ubwo yategekwaga na Joseph Kabila Kabanga, yaraye ahuye na Perezida Museveni.
-
Nawrocki yatorewe kuyobora Pologne
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIKarol Nawrocki ukomeye ku mahame y’umuco gakondo, yatsinze amatora ya Perezida muri Pologne, ahigitse Rafal Trzaskowski usanzwe ari Meya wa Warsaw, mu cyiciro cya kabiri cy’amatora cyabaye ku Cyumweru.
Umuryango.rw
Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe
Trump yavuze ko ashobora kutazajya mu ijuru
Ikinyarwanda cyangizwa cyane n’abize- Minisitiri Dr. Bizimana
Minisitiri Biruta yahishuye ibyo Perezida Kagame yaganiriye na Blinken
USA: Dosiye y’urupfu rwa Martin Luther King yashyizwe hanze nyuma y’imyaka 57 yishwe
Rusizi: Yatwikiye mu nzu umugore we wanze ko bagabana 80,000 Frw
Lambert Mende Yagarutse Muri Dipolomasi ya DRC guhuza na Tshisekedi
Nawrocki yatorewe kuyobora Pologne