Umukire Jeff Bezos yatangaje byeruye ko agiye gutangira intambara y’ubucuruzi kuri mugenzi we Elon Musk, yifashishije ikigo cye cyo mu isanzure yise Blue Origin.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Jeff Bezos yatangije intambara y’ubucuruzi kuri Starlink ya Elon Musk
23 January, by Angeline MUKANGENZI -
U Bufaransa buravuga ko Netanyahu afite ubudahangarwa kuri ICC
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Ugushyingo 2024, u Bufaransa bwatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, afite ubudahangarwa ku cyemezo cyo kumuta muri yombi cyatanzwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), ibyo bikaba bigaragaza impinduka mu myumvire yanenzwe n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu.
-
Amakipe 17 arimo n’iya Chris Froome azitabira Tour du Rwanda 2021 izakinirwa I Kigali cyane
27 November 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki 21 kugeza 28 Gashyantare 2020.
-
Tennis: Mosimann Kaishiki mu bagize Ikipe y’u Rwanda izakina ‘Billie Jean King Cup’
3 July 2025, by Joseph IradukundaUmutoza w’ikipe y’u Rwanda ya Tennis, Rutikanga Sylvain, yahamagaye abakinnyi bane azifashisha mu Irushanwa rya Tennis rihuza amakipe y’ibihugu mu bagore rizwi nka ‘Billie Jean King Cup’.
-
Kuririmba neza inzoga ya "SKOL PULSE" bizahesha umuhanzi ukizamuka kujya gukorera Nigeria-Ibisabwa
20 August 2022, by Dusingizimana RemyUruganda rwenga inzoga zisembuye rwa SKOL,rwatangije amarushanwa ku bahanzi batazwi ryo kuririmba indirimbo isingiza ikinyobwa cya "PULSE" ruheruka gushyira hanze hanyuma uzahiga abandi azahabwa amahirwe yo kujya gukorera indirimbo muri Nigeria.
Uru ruganda rwaraye rutangije irushanwa mu bahanzi bakiri hasi n’abatarakora indirimbo yo kuririmba muri Beat bakorewe hanyuma uzahiga abandi akazahabwa amahirwe yo kujya muri Nigeria kuhakorerwa indirimbo.
Ukuriye gahunda yo kwamamaza ikinyobwa (…) -
Chelsea na Arsenal zaguye miswi, zikomeza gukubana muri Premier League
11 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Chelsea na Arsenal zanganyije igitego 1-1 mu mukino wari witezweho ko hagira itsinda ikaba yajya imbere y’indi ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.
-
Miss Vanessa yafatiwe irembo
11 March 2025, by ISIMBI EstellaMiss Uwase Raissa Vanessa yafatiwe irembo n’abo mu muryango wa Dylan Ngenzi bitegura kurushinga muri Kamena 2025.
-
U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka
12 June 2025, by ISIMBI EstellaIndege ya Air India yo mu bwoko bwa Boeing 787 yarimo abantu 244 yakoze impanuka nyuma y’igihe gito ihagurutse mu Mujyi wa Ahmedabad mu Burengerazuba bw’u Buhinde yerekeza ku kibuga kitwa Gatwick cya London, mu Bwongereza.
-
Ntandukana na Wiz Khalifa namaze imyaka itatu yose ndara ndira – Amber Rose
28 April 2025, by Gladiator OGMu gihe benshi bakundana ariko iyo bibaye ngombwa ko batandukana buri umwe akanyura ize nzira , bahita bibagirwa abo bakundanye nabo nk’aho batigeze banamenyana ku rundi ruhande hari abo bigora ndetse kwibagirwa abo bakundanye bikababera ingorabahizi aho bishobora kubatwara imyaka myinshi kugira ngo abo bakundanye (Ex) babibagirwe.
-
Habonetse abandi bantu 7 banduye Coronavirus hakira umuntu umwe
6 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 06 Gicurasi 2020, mu Rwanda habonetse abantu 7 bashya duye Coronavirus . N’ukuvuga ko abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda babaye 268. Ku rundi ruhande uyu munsi hakize umuntu 1 bityo abamaze gukira baba 130. Abakirwaye ni 138.
Umuryango.rw
Jeff Bezos yatangije intambara y’ubucuruzi kuri Starlink ya Elon Musk
U Bufaransa buravuga ko Netanyahu afite ubudahangarwa kuri ICC
Tennis: Mosimann Kaishiki mu bagize Ikipe y’u Rwanda izakina ‘Billie Jean King Cup’
Kuririmba neza inzoga ya "SKOL PULSE" bizahesha umuhanzi ukizamuka kujya gukorera Nigeria-Ibisabwa
Chelsea na Arsenal zaguye miswi, zikomeza gukubana muri Premier League
Miss Vanessa yafatiwe irembo
U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka
Ntandukana na Wiz Khalifa namaze imyaka itatu yose ndara ndira – Amber Rose
Habonetse abandi bantu 7 banduye Coronavirus hakira umuntu umwe