Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Général w’u Burusiya yaguye mu gitero i Moscow
22 December 2025, by ISIMBI Estella
Komisiyo ishinzwe iperereza mu Burusiya yatangaje ko Lt Gen Fanil Sarvarov wari mu basirikare bakuru muri iki gihugu, yaguye mu gitero cyagabwe i Moscow kuri uyu wa Mbere.
Lt Gen Fanil Sarvarov yari Umuyobozi w’Ishami rishinzwe amahugurwa mu gisirikare cy’u Burusiya.
-
ESE WARUZIKO MU ISI HARI IBIHUGU 4 BYONYINE BITANGIZWA N’INYUGUTI YA V
14 February 2025, by ISIMBI Estella
Biratangaje kuba wamenyako mu isi dutuye igizwe n’ibihugu birenga 195 harimo ibihugu bine byonyine bifite amazina yabyo atangirwa n’inyuguti ya V , ese ibyo bihugu ni ibihe? Murakaza neza muriyi nkuru.
1.VANUATU
Iki ni ikirwa gitoshye giherereye mu majyepfo y’inyanja ya Pacifike , cyikaba ari ikirwa cyigizwe n’utundi turwa tugera kuri 80. iki kirwa cyikaba cyizwiho amazi y’isumo ndetse no kuba gifite ibidukikije bitoshye.
2. UMUJYI WA VATICAN
Iki cyikaba aricyo gihugu gito mu biri (…)
-
Tshisekedi yategetse ko Abanyamerika bahamijwe kugerageza kumuhirika bagabanyirizwa ibihano
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko Abanyamerika bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamywa icyaha cyo kugerageza kumukorera coup d’état bagabanyirizwa ibihano.
-
Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura Abanya-Palestine bagera kuri miliyoni imwe bo muri Gaza, bakajyanwa muri Libya.
-
Estonia ihangayikishijwe n’indege z’igisirikare cy’u Burusiya zavogereye ikirere cyayo
21 September 2025, by ISIMBI Estella
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Estonia yatangaje ko hari indege eshatu z’igisirikare cy’u Burusiya, zavogereye ikirere cyayo ndetse zikimaramo iminota igera kuri 12.
-
’Kuki mukomeza gukodesha kandi hari inzu za Leta zidakorerwamo?’ - PAC kuri RHA
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bagaragaje ko batumva impamvu urwego rushinzwe guteza imbere imiturire rugikodesha inzu zo gukoreramo kandi hari izindi hirya no hino mu gihugu zidakoreshwa.
-
Iran iravuga ko hari intambwe imaze guterwa mu biganiro na Amerika
19 April, by Angeline MUKANGENZI
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Mohammad Bagher Ghalibaf, yavuze ko hari “iterambere” mu biganiro na Amerika “ariko ko hari icyuho kinini kandi ingingo zimwe na zimwe zikiri kuganirwaho.”
-
Putin ashinja Uburengerazuba intambara ya Ukraine mu nama ya SCO iyobowe n’Ubushinwa
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Perezida w’Uburusiya arengera ubukangurambaga bwa gisirikare muri Ukraine, ashinja politiki ya NATO n’iburengerazuba.
-
Nigeria: Polisi yarekuye umugabo wafunzwe ubwo yiyahuraga ntapfe
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu
Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yari amaze iminsi mu gihome azira kuba yaragerageje kwiyahura, ariko akarokoka ubwo polisi yageraga aho ari igahita inamuta muri yombi.
Nk’uko ibitangazamakuru bitandukanye muri iki gihugu cya Nigeria byabigarutseho, hari tariki ya 08 Nyakanga 2024 hakibona ubwo umugabo witwa Alhaji Yushau yuriraga akagera hafi ku gasongero k’umunara ushinzwe gusakaza amajwi n’amashusho bya radiyo na televiziyo. Biravugwa ko uyu munara ubusanzwe uherereye mu gace kazwi nka (…)
-
DR Congo: Inyeshyamba za M23 zarekeye imirwano
2 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO
Ingabo z’inyeshyamba za M23 zimaze iminsi mu mirwano n’ingabo za leta FARDC zatangaje ko zibaye zihagaritse imirwano.