Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro
2 July 2020, by Ubwanditsi
Dr. Binagwaho, wasize afunze uruganda rw’imiti rw’icyari Labophar bwo yayoboraga Minisante//Photo: Newtimes
Icyari Laboratwari y’igihugu ya pharmacie muri 2013 cyari kigeze ku rwego rwo gukora imiti 32 yifashishwa cyane mu mavuriro yo mu Rwanda ubu gisigaye gikora imiti 2 gusa nyuma yo gufungwa abakozi bacyo n’imirimo cyakoraga igahurizwa hamwe n’icyahoze ari Camerwa, ikigo cy’igihugu cyatumizaga imiti hanze.
-
Bobi Wine agiye kongera kwiyamamariza kuyobora Uganda
18 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi, yafashe impapuro zitangwa na Komisiyo y’Amatora ya Uganda zuzuzwa n’abifuza guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu 2026.
-
Umukobwa uhataniye ikamba na Mwiseneza muri Miss Rwanda yatutswe ibitutsi bidasanzwe nyuma yo kumwita Inyamaswa[AMAFOTO]
8 January 2019, by Martin Munezero
Umukobwa witwa Uwihirwe Casmir Yasipi uhataniye ikamba na Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda yatutswe bikomeye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwandika ijambo ryateye urujijo ku ifoto y’uyu mugenzi we.
-
Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye
23 January, by ISHIMWE Jean de Dieu
Umuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo kuganira n’itangazamakuru ryo mu Bihugu byo mu karere, yahise agirana ikiganiro n’imwe muri radio yo muri kiriya Gihugu.
-
Gen Makenga yashimangiye ko ashaka gukura Tshisekedi ku butegetsi
6 October 2025, by ISIMBI Estella
Umugaba Mukuru w’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sultani Makenga, yashimangiye ko afite intego zo gukura ku butegetsi, Perezida Félix Tshisekedi.
-
Rutsiro: Inkuba yakubise abantu 2 umwe arapfa
30 January, by ISIMBI Estella
Mu Murenge wa Mukura, Akarere ka Rutsiro, mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo ku wa Kane tariki ya 29 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu babiri, umwe ahasiga ubuzima.
-
Buri Muminisitiri yahawe akarere agomba kubera imboni
9 November 2018, by Nsanzimana Ernest
Minisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard buri karere mu turere 30 tugize u Rwanda yagahaye Minisitiri ugomba gukurikirana ibikorwa byako akanagafasha kwesa imihigo.
-
Perezida Trump na Zelenskyy wa Ukraine bateranye amagambo rubura gica
1 March 2025, by Joseph Iradukunda
Perezida Donald Trump yahuye na Perezida wa Ukraine amusaba kwemera ibiganiro n’Uburusiya kugira ngo intambara iri mu gihugu cye irangire.
-
Perezida mushya muri Georgia yarahiye, uwo asimbuye yanga kumubisa
30 December 2024, by Joseph Iradukunda
Muri Georgia, Perezida Mikheil Kavelashvili watowe nka Perezida mushya w’icyo gihugu, yarahiriye gutangira inshingano ze ariko uwo asimbuye, Salome Zourabichvili yanga kuva ku butegetsi, avuga ko n’ubu ari we perezida wemewe n’amategeko muri Georgia.
-
AFCON 2025: Abaturanyi bisanze mu itsinda rimwe! Uko tombola yagenze
28 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Nyuma ya tombola yakozwe igaragaza uko amakipe 24 azakina Igikombe cya Afurika 2025, yashyizwe mu matsinda atandatu, ibihugu by’ibituranyi bya Uganda na Tanzania, byisanze mu itsinda rimwe rya gatatu (C).