Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwishimiye imyanzuro yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bo muri EAC na SADC, yateraniye muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwanyuzwe n’imyanzuro y’inama hagati ya EAC na SADC
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
RDC: Abarimo Abagande batandatu bakatiwe urwo gupfa
24 August 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwa Gisirikare rwa Beni muri RDC rwakatiye abantu 14 barimo Abanya-Uganda batandatu urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kujya mu mutwe w’abagizi ba nabi n’ubujura bukoreshejwe intwaro.
-
Rutsiro: Yagwiriwe n’ibuye arapfa
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMbarushimana Alex w’imyaka 40 wo mu Akarere ka Rutsiro yagwiriwe n’ibuye arapfa, ubwo yari mu kazi ke ko gucukura amabuye y’agaciro.
-
Ambasaderi wa Palestine yaturitse ararira mu Nteko ya Loni
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi wa Palestine mu Muryango w’Abibumbye yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yari mu Nteko ya Loni, avuga ko ibintu bikomeje kuba bibi muri Gaza.
-
Israel yongeye kugaba ibitero kuri Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMu itangazo rishya, ingabo za Isiraheli (IDF) zivuga ko "zagabye igitero gikomeye" mu murwa mukuru wa Iran, Tehran.
-
Mu myaka ine ishize inkuba zishe abantu 287 mu Rwanda
24 March 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko mu myaka ine ishize, inkuba zishe abantu 287, mu gihe abandi barenga 950 zabateye ubumuga budakira.
-
U Bushinwa bwashinje Canada na Australia ubushotoranyi
8 September 2025, by ISIMBI EstellaU Bushinwa bwahishuye ko bwarakajwe n’ubwato bw’intambara bya Canada na Australia bwanyuze mu mazi ya Taiwan ari hagati y’Ikirwa cya Taiwan n’Umugabane wa Aziya, buvuga ko cyari igikorwa cy’ubushotoranyi.
-
Realme igiye gusohora Smartphone ifite bateri ya mbere irambamo umuriro
26 January, by Angeline MUKANGENZISosiyete y’Abashinwa ikora telefoni, Realme, igiye gushyira ku isoko telefone nshya izaba ifite bateri ya mAh (milliampere-hour) 10.001, yiswe P4 Power.
-
Byahinduye isura mu rubanza rwa Diddy wareze leta ya Amerika
10 October 2024, by Joseph IradukundaSean "Diddy" Combs umaze iminsi ari mu butabera akurikiranyweho ibyaha byiganjemo ibyo gufata abagore ku ngufu, yashinje inzego zishinzwe umutekano muri Amerika n’abashinjacyaha, gushyira hanze amakuru y’ibyo aregwa mu buryo butemewe n’amategeko kugira ngo hangizwe isura ye.
-
Iran: Ibihumbi by’abaturage byatangiye kunamira Ayattolah Khamenei
1 March, by Angeline MUKANGENZIIbihumbi by’abaturage bateraniye rwagati mu murwa mukuru wa Iran kunamira Umuyobozi w’Ikirenga Ayatollah Ali Khamenei wiciwe mu gitero kinini cyatangijwe na Amerika na Israel kuwa Gatandatu.
Umuryango.rw
U Rwanda rwanyuzwe n’imyanzuro y’inama hagati ya EAC na SADC
RDC: Abarimo Abagande batandatu bakatiwe urwo gupfa
Rutsiro: Yagwiriwe n’ibuye arapfa
Ambasaderi wa Palestine yaturitse ararira mu Nteko ya Loni
Mu myaka ine ishize inkuba zishe abantu 287 mu Rwanda
U Bushinwa bwashinje Canada na Australia ubushotoranyi
Realme igiye gusohora Smartphone ifite bateri ya mbere irambamo umuriro
Byahinduye isura mu rubanza rwa Diddy wareze leta ya Amerika
Iran: Ibihumbi by’abaturage byatangiye kunamira Ayattolah Khamenei