Abigaragambya muri Kenya bahawe gasopo ko batagomba kwibeshya ngo bigaragambirize ahantu harindwa n’inzego z’umutekano mu buryo buteganywa n’itegeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Igipolisi cyahaye gasopo abateganya kwigaragambiriza ahantu harinzwe
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
EU ntibona Donald Trump nk’uzemera gufasha Ukraine
9 November 2024, by Joseph IradukundaAbayobozi bo mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bagaragaza ko batizeye neza niba Donald Trump azemera ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeza gufasha Ukraine mu ntambara ihanganyemo n’u Burusiya.
-
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Abagore bo mu rwego rw’imari
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMadame Jeannette Kagame yitabiriye Inama Ngarukamwaka y’Ihuriro ry’Abagore bari mu rwego rw’Imari (Financial Alliance for Women Annual Summit) irimo kubera muri Kigali Convention Centre.
-
Perezida wa IBUKA yashimye ubutwari bw’inkotanyi
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIperezida wa IBUKA Dr.Gakwenzire Philbert yashimiye ubutwari inkotanyi zagize mu guhagarika Jenoside ndetse akanazishimira ko na nyuma yayo leta y’u Rwanda itahwemye kwita ku barokotse ikabasubizamo icyizere cyo kubaho.
-
Perezida wa Mexique yakorakowe ku mabere n’umugabo mu ruhame
6 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere mu ruhame ubwo yari mu biganiro n’abaturage hafi y’Ingoro y’Umukuru w’Igihugu mu Murwa Mukuru wa Mexico.
-
Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Brunei
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi Jean de Dieu Uwihanganye yashyikirije Umwami wa Brunei Darussalam, Haji Hassanal Bolkiah Mu’izzaddin Waddaulah, impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda muri icyo gihugu.
-
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we Sassou N’Guesso wa Congo Brazzaville
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Congo Brazzaville, Denis Sassou N’Guesso amwifuriza ishya n’ihirwe muri manda nshya yo gukomeza kuyobora iki Gihugu. Ubutumwa yashyikirijwe na Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta.
-
Générale w’u Burusiya yaguye mu gitero i Moscow
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZILt. Gen. Yaroslav Moskalik, wari mu basirikare bakuru mu Burusiya yaguye mu gitero cy’igisasu cyatezwe mu modoka ye.
-
Gaza: Abantu 11 bo mu muryango umwe bapfiriye muri bisi
18 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’umutwe wa Hamas bwatangaje ko igisasu cyarashwe n’ingabo za Israel kigafata bisi muri Gaza cyahitanye abantu 11 bo mu muryango umwe.
-
Amerika Yashinje u Rwanda Kwihunza Inzira y’Amahoro mu Kibazo cya Kongo
20 January 2025, by Joseph IradukundaUmudiplomate ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, yatangaje ko Amerika yashatse kwagurira umushinga wayo w’ishoramari muri Afurika mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariko itera inkunga amasezerano y’amahoro muri aka karere ariko u Rwanda rukabyihunza.
Umuryango.rw
Kenya: Igipolisi cyahaye gasopo abateganya kwigaragambiriza ahantu harinzwe
EU ntibona Donald Trump nk’uzemera gufasha Ukraine
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Abagore bo mu rwego rw’imari
Perezida wa IBUKA yashimye ubutwari bw’inkotanyi
Perezida wa Mexique yakorakowe ku mabere n’umugabo mu ruhame
Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Brunei
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we Sassou N’Guesso wa Congo Brazzaville
Générale w’u Burusiya yaguye mu gitero i Moscow
Gaza: Abantu 11 bo mu muryango umwe bapfiriye muri bisi
Amerika Yashinje u Rwanda Kwihunza Inzira y’Amahoro mu Kibazo cya Kongo