Impundu ni zose mu muryango w’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Jado Sinza n’umugore we Esther Umulisa, bamaze guhindurirwa izina bakitwa ababyeyi nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amashimwe ni yose kwa Jado Sinza na Esther bibarutse imfura bise Sinza Buntu Inara Skylar – AMAFOTO
23 June 2025, by ISIMBI Estella -
Ishyaka BDP Ryari Rimaze Imyaka 58 ku Butegetsi muri Botswana Ryatsinzwe Amatora
2 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa gatanu, Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yatunguranye, yatumye ishyaka rye riharanira demokarasi (BDP) ritsindwa nyuma y’imyaka 58 riri ku buyobozi.
-
U Burusiya bwahaye Ukraine imirambo irenga 1000 y’abasirikare baguye ku rugamba
14 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwahaye Ukraine imirambo 1 200 y’abasirikare bayo baguye ku rugamba mu gikorwa cyo guhererekanya imirambo n’imfungwa z’intambara kuva intambara yatangira mu myaka itatu ishize.
-
Nyagatare na Rwamagana: Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka
5 November 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yongeye gusaba abakoresha umuhanda kwitonda bakirinda uburangare n’amakosa yo mu muhanda nyuma y’aho mu turere twa Nyagatare na Rwamagana habereye impanuka zapfiriyemo abaturage babiri barimo umumotari n’umunyamaguru.
-
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBianca Censori, umugore wa Kanye West, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kugaragara mu ruhame yambaye imyambaro y’imbere gusa yose igaragaza neza imiterere y’umubiri we.
-
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
14 April 2025, by Gladiator OGCapital P The Great, Mana y’I Rwanda , P FLA, The Dictator n’andi mazina menshi niko yiyita ndetse we ahamyako kuba akiri mu ruganda rw’umuziki nyarwanda ubwo ntakibazo gihari kuko ari Imana ya Rap y’Ikinyarwanda. Uyu muraperi yinjiye mu muziki nyarwanda mu mwaka w’i2006 ndetse kuva icyo gihe kugera ubu nta muntu ushidikanya ku bushobozi bwe mu njyana ya Rap.
Mu kiganiro aherutse kugirana n’umuyoboro wa youtube witwa Zapclub uyu muhanzi yabajijwe abaraperi afata nk’abibihe byose kuri we , (…) -
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
19 July 2020, by Dusingizimana RemyImodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya RITCO yakoreye impanuka mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Ruvune mu Gasantere ka Cyandaro mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,gusa nta muntu wahasize ubuzima.
-
Abanyarwanda 19% bakorerwa ivangurwa rishingiye ku moko - Ubushakashatsi
25 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umuryango Never Again Rwanda, bwatangaje ko mu bushakashatsi bakoze mu 2020 basanze Abanyarwanda 19,9% bahura n’ihohoterwa rishingiye ku moko mu gihe 19,2% bakorerwa ivangura rishingiye ku moko.
-
Kinshasa: Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye igihano cy’urupfu umusirikare mu ngabo zirinda Umukuru w’Igihugu (GR), Caporal Isaac Bahati Kasongo, warashe bagenzi be batatu bakorera muri Police Militaire.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
Umuryango.rw
Amashimwe ni yose kwa Jado Sinza na Esther bibarutse imfura bise Sinza Buntu Inara Skylar – AMAFOTO
Ishyaka BDP Ryari Rimaze Imyaka 58 ku Butegetsi muri Botswana Ryatsinzwe Amatora
U Burusiya bwahaye Ukraine imirambo irenga 1000 y’abasirikare baguye ku rugamba
Nyagatare na Rwamagana: Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
Abanyarwanda 19% bakorerwa ivangurwa rishingiye ku moko - Ubushakashatsi
Kinshasa: Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA