Mu iteganyagihe ry’iminsi icumi riherutse gusohorwa n’Ikigo cy’u Rwanda cy’ubumenyi bw’ikirere handitsemo ko hagati y’italiki 11 na 20 Nzeri, 2024 Umujyi wa Kigali, Uburasirazuba bw’u Rwanda n’Amajyepfo hazaka izuba ryinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Meteo-Rwanda yongeye kuvuga ku kirere cy’u Rwanda hagati ya taliki 11 na 20 Nzeri, 2024
15 September 2024, by Joseph Iradukunda -
SHAMI Niyitegeka Ayaan yasabye guhindura amazina akitwa GANZA AVI AYAAN
28 October 2024Uwitwa SHAMI Niyitegeka Ayaan yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa GANZA AVI AYAAN mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ry’Ababyeyi…… -
Kwibuka 28: Mukabalisa Donatille yanenze imyitwarire ya UN muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
12 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyabereye ku Rwibutso rwa Nyanza, mu Karere ka Kicukiro Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite Mukabalisa Donatille, yagarutse ku myitwarire igayitse ndetse n’ubugwari byaranze Loni yari izi ko Jenoside irimo gutegurwa ariko ntiyayiburizamo kandi n’igihe yashyirwaga mu bikorwa ntiyatabaye kandi itari ibuze ubushobozi.
-
Umwe mu bagabo bashakanye na Jennifer Lopez yamwigaritse
20 October 2025, by ISIMBI EstellaOjani Noa uri mu bagabo babanye na Jennifer Lopez, yanyomoje uyu mugore, ku magambo aheruka kuvuga ko kuva yabaho atigeze akundwa kandi abagabo bose bakundanye batigeze bamukunda bya nyabyo.
-
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025 yatangiye guhatanirwa n’abakinnyi 21
4 July 2025, by Joseph IradukundaAbakinnyi 20 barimo batanu bahataniye amanota yo muri Shampiyona Nyafurika, batangiye guhatanira isiganwa ngarukamwaka rya Rwanda Mountain Gorilla Rally, rikinwamo n’abahatanira Shampiyona y’u Rwanda.
-
Rwamagana: Umucuruzi arakekwaho kwicisha ibuye n’icyuma uwanyweraga mu kabari ke
28 June 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo witwa Mugabo Damascene wari utuye mu kagari ka Bushenyi,Umurenge wa Mwulire Akarere ka Rwamagana,yishwe n’umucuruzi ufite akabari amuziza ideni ry’amafaranga magana atanu y’u Rwanda .
-
Massad Boulos-Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC ’ahanini areba M23’
2 July 2025, by Joseph IradukundaUmujyanama mukuru wa Perezida w’Amerika Donald Trump kuri Afurika yabwiye BBC News ko ingingo yo gushyira intwaro hasi iri mu masezerano y’amahoro u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, "ahanini ireba M23".
-
Benshi bakomeje kwinubira gucikagurika kw’amashanyarazi hirya no hino mu gihugu
9 February, by Angeline MUKANGENZIAbanyarwanda benshi mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza ko batishimiye ibura ry’amashanyarazi rikomeje kuboneka mu bice bitandukanye by’igihugu.
-
Uko hirya no hino ku Isi hiriwe [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Iran yavuze ko Trump nta gitekerezo akwiye gutanga muri politiki
Perezida wa Iran Hassan Rouhani yavuze ko Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ Ubufaransa badafite uburenganzira bwo kuvugura amasezerano y’ intwaro z’ ubumara.
Ni mu gihe mu gihe mu ruzinduko rw’ iminsi ibiri Perezida w’ Ubufaransa Emmanuel Marcron arimo muri USA bavugaga ko Trump ashobora gusaba ko aya masezerano yo muri 2015 yavugururwa Iran ikaba yakogererwa ibihano.
Perezida Rouhani wa Irani yavuze ko Perezida (…) -
Choplife ya Mr Eazi imaze gusora miliyari 17 Frw mu Rwanda
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Mr Eazi washinze Sosiyete y’Imikino y’Amahirwe "Choplife", yagaragaje ko imaze gutanga imisoro ya miliyari 17 Frw mu gihe cy’imyaka itatu ikorera mu Rwanda.
Umuryango.rw
Meteo-Rwanda yongeye kuvuga ku kirere cy’u Rwanda hagati ya taliki 11 na 20 Nzeri, 2024
Kwibuka 28: Mukabalisa Donatille yanenze imyitwarire ya UN muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
Umwe mu bagabo bashakanye na Jennifer Lopez yamwigaritse
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025 yatangiye guhatanirwa n’abakinnyi 21
Rwamagana: Umucuruzi arakekwaho kwicisha ibuye n’icyuma uwanyweraga mu kabari ke
Massad Boulos-Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC ’ahanini areba M23’
Choplife ya Mr Eazi imaze gusora miliyari 17 Frw mu Rwanda