Uwitwa UWINGABIRE Pio yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWIRAGIYE PIO mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri mu itangazo riri hano hasi
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo:UWINGABIRE Pio yasabye guhindura amazina akitwa UWIRAGIYE PIO
5 August 2024, by Ubwanditsi -
Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa nyuma yo kwitakana Minisitiri w’Intebe
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba Tungunga, ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari mu mafaranga yari yarateganyirijwe kubaka Gereza ya Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
-
Ingabo za Sudani zafashe umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, Ingabo za Sudani zinjiye muri Wad Madani, umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah uherereye mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Khartoum, uyu mujyi ukaba wari umaze umwaka urenga ugenzurwa n’Ingabo za Gen. Hemedti (RSF).
-
Uganda: Yabeshye ko ari dogiteri, abaga abantu barapfa
31 July 2025, by ISIMBI EstellaFrancis Taulula w’imyaka 27 yakatiwe gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko bigaragaye ko yabeshye ko ari umuganga, akabaga abarwayi batatu bikabaviramo urupfu.
-
Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura
1 December 2025, by ISIMBI EstellaMu minsinine gusa, Urwego rw’Umuvunyi rwakiriye ibibazo by’abaturage 137, byiganjemo ibishingiye ku izungura ritera amakimbirane ajyanye n’gabana ry’imitungo, nk’ubutaka n’ibindi.
-
Kanye West yivuguruje ku byo kwiyita Umu-Nazi
22 April 2025, by ISIMBI EstellaKanye West yivuguruje ku magambo yo gushyigikira Aba-Nazi no gutesha agaciro Jenoside yakorewe Abayahudi yari aherutse gutangaza, icyakora akomeza kugaragaza ko afite uburenganzira bwo kuvuga ibyo ashaka.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Itsinda ry’abaturutse mu ikipe ya Benfica na TFEP
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yaganiriye n’itsinda ry’abaturutse mu Ikipe ya Benfica yo muri Portugal bari kumwe n’abahagarariye irerero ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rya Tony Football Excellence Program (TFEP), barebera hamwe iterambere rya siporo mu Rwanda n’uko impano z’abato zashyigikirwa.
-
Ubushinjacyaha bwasabiye Prof Omar Munyaneza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha bwasabiye Prof. Omar Munyaneza wayoboraga WASAC Group gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe we yaburanye asaba ko Urukiko rwamurekura by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze.
-
UEFA Nations League: Portugal yageze ku mukino wa nyuma isezereye u Budage
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu ya Portugal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Nations League, nyuma gutsinda Ikipe y’Igihugu y’u Budage ibitego 2-1 mu mukino wa 1/2.
-
Rayon Sports yujuje umukino wa 19 idatsindwa ishyikirizwa igikombe na miliyoni 32 FRW [AMAFOTO]
1 June 2019, by Dusingizimana RemyImbere y’abakunzi bayo bari mu byishimo byinshi kuri stade Amahoro I Remera,Rayon Sports yatsinze Marines FC ibitego 3-0 mu gice cya mbere,yuzuza imikino 19 yikurikiranya idatsindwa ndetse ishyikirizwa igikombe cya miliyoni 32 FRW.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa nyuma yo kwitakana Minisitiri w’Intebe
Ingabo za Sudani zafashe umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah
Uganda: Yabeshye ko ari dogiteri, abaga abantu barapfa
Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura
Kanye West yivuguruje ku byo kwiyita Umu-Nazi
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Itsinda ry’abaturutse mu ikipe ya Benfica na TFEP
Ubushinjacyaha bwasabiye Prof Omar Munyaneza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
UEFA Nations League: Portugal yageze ku mukino wa nyuma isezereye u Budage